Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi batandatu bakekwaho gushukisha urubyiruko kujya kwiga muri Canada
Taliki 13 Gicurasi 2026, Urubyiruko Rubarirwa mubarenga igihumbi rwabyukiye kuri Lemigo Hotel aho uru rubyiruko rwari rwiteze guhura n’abantu bo muri Canada ngo babahe amakuru yuko bazajya kwiga muri Canada gusa uru rubyiruko rwakubiswe ninkuba aho bategereje abo bantu bukabiriraho nta numwe baciye iryera. Mugihe hari hitezwe ko hagomba kuza kuba hari Abantu baturutse Canada…

