Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi batandatu bakekwaho gushukisha urubyiruko kujya kwiga muri Canada

Taliki 13 Gicurasi 2026, Urubyiruko Rubarirwa mubarenga igihumbi  rwabyukiye kuri Lemigo Hotel aho uru rubyiruko rwari rwiteze guhura n’abantu bo muri Canada ngo babahe amakuru yuko bazajya kwiga muri Canada gusa uru rubyiruko rwakubiswe ninkuba aho bategereje abo bantu bukabiriraho nta numwe baciye iryera. Mugihe hari hitezwe ko hagomba kuza kuba hari Abantu baturutse Canada…

Soma inkuru yose

Perezida wa Afurika y’Epfo yongeye kuvuga ku mubano n’u Rwanda.

Mu gihe Afurika ikomeje guhangana n’ibibazo by’umutekano ndetse n’ubukungu, Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yongeye gutangaza ko igihugu cye cyifuza gukomeza kubaka umubano mwiza n’u Rwanda, nubwo hakomeje kubaho ibibazo bya dipolomasi byagiye bivugwa hagati y’ibihugu byombi mu myaka yashize. Ibi Ramaphosa yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru nyuma y’inama yahuje bamwe mu bayobozi ba…

Soma inkuru yose

ITERAMBERE RY’UBUKUNGU N’ISOKO RY’IMARI N’IMIGABANE

Raporo nshya y’ikigega mpuzamahanga cy’imari (international monetary fund), cyerekanye ko u Rwanda ruri mu bihugu 5 byambere muri Afurika bifite ubukungu buri gukura cyane muri uyu mwaka wa 2026. Aho biteganijwe ko ruzakura kugipimo cya 7.2% bitewe n’ishoramari mu bukerarugendo, n’ikoranabuhanga. Ubukungu bw’ u Rwanda bukomeje kwerekana imbaraga zidasanzwe muri uyu mwaka wa 2026, bushingiye…

Soma inkuru yose

Yampano yasabiye imbabazi abarimo Djihadi anatangaza ko agiye gusohora Album nshya

Umuhanzi Yampano yavuze ko yamaze kubabarira abantu bose baba barafunzwe kubera ikibazo gifitanye isano n’amashusho n’amakuru byamuvuzweho mu minsi ishize, anasaba ko bahabwa imbabazi. Ibi yabigarutseho mu ibaruwa ndende yashyize ku mbuga nkoranyambaga ze, aho yavuze ko adashaka gukomeza kubaho mu mwuka w’amakimbirane n’urwango. Yagaragaje ko ashaka gutangira ubuzima bushya burimo amahoro no gukora cyane…

Soma inkuru yose

Igikombe cya shampiyona (Saud pro League) cyaba kiri kwanga Ronaldo?

Mumukino Ronaldo n’abagenzi be bari biteze mo gutwara igikombe batunguwe kumunota wanyuma w’umukino ni mumukino wahuzaga Al Nassr na Al Hilal waje kurangira ari igitego cyimwe kuri kimwe (1-1), Ronaldo yagaragaye ari mugahinda kenshi nyuma y’uko banganyije n’iyi kipe kumunota wanyuma. Kwikosa ryakozwe n’umuzamu ndetse n’umudifenda (defender) nuko bibyara kwitsinda igitego maze bituma Al Hilal…

Soma inkuru yose

Mbwambere Kylian Mbappé yatashye imbokoboko mubihembo bitangirwa iwabo mu bufaransa  byitwa (UNFP awards)

Ibibihembo bitangirwa imbere mugihugu cy’ubufaransa buri mwaka aho batanga ibihembo kubakinnyi bimbere mugihugu ndetse no kumukinnyi mwiza w’umufaransa ariko ukina hanze y’ubufaransa (Ligue 1/2). Abatora muri ibi bihembo ni abakinnyi ikindi kandi ntabwo umukinnyi ukinana na mugenzi we mu ikipe imwe ntibemerewe gutorana, ikindi kandi umutoza mwiza w’umwaka atorwa n’abatoza bagenzi be igitego cyiza cy’umwaka…

Soma inkuru yose

Iran izongera ubukana bwa uranium kugera ku rwego rwa 90% niyongera kugabwaho ibitero

Umuvugizi w’Inteko Ishinga Amategeko ya Iran, Ebrahim Rezaei, yavuze ku wa Kabiri ko igihugu cye gishobora kongera ubutare bwa uranium bukagera ku rwego rwa 90% rw’ubuziranenge, urwego rufatwa nk’urwifashishwa mu gukora intwaro za kirimbuzi, mu gihe Iran yaba yongeye kugabwaho igitero. Rezaei, uvugira Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ishinzwe umutekano n’ububanyi n’amahanga, yanditse ku rubuga X…

Soma inkuru yose

U Rwanda rukomeje kuba igicumbi cya Basketball ya Afurika binyuze mu bufatanye bwa NBA na BAL nubwo impaka za politiki zikomeje.

Mu gihe u Rwanda rukomeje kuba kimwe mu bihugu bifite uruhare rukomeye mu iterambere rya basketball muri Afurika, umubano warwo na National Basketball Association ndetse na Basketball Africa League ukomeje gukurura ibiganiro byinshi ku rwego mpuzamahanga. Mu myaka itanu ishize, Kigali yabaye kimwe mu bice by’ingenzi byakira ibikorwa bya BAL, irushanwa ryashinzwe ku bufatanye bwa…

Soma inkuru yose

RSSB Tigers Yiteguye Intambara ya BAL Playoffs, Aho Oumar Ballo Ategerejwe i Kigali.

Mu gihe hasigaye iminsi mike ngo imikino ya kamarampaka ya Basketball Africa League (BAL) 2026 itangire i Kigali, ikipe ya RSSB Tigers ikomeje kongera imbaraga mu rwego rwo kwitwara neza imbere y’abafana bayo, aho amakuru agezweho avuga ko yamaze kumvikana na rutahizamu ukomeye ukomoka muri Mali, Oumar Ballo. Uyu mukinnyi ufite uburebure bwa metero 2.13,…

Soma inkuru yose

SKY2 yatawe muri yombi akurikiranweho gukubita no gukomeretsa umugore we

Urwego rw’igihugu rwubugenzacyaha RIB rwataye muri yombi Hahirwabasenga Thimotee uzwi nka Sky2 wabagahe ku mbuga nkoranyambaga, nyuma yo gukekwaho gukubita no gukomeretsa umugore we bashakanye byemewe n’amategeko. Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko uyu mugabo yafashwe tariki 11 Gicurasi 2026, akurikiranyweho icyaha cyo gukubita no gukomeretsa ku bushake ndetse no guhoza ku nkeke uwo bashyigiranywe….

Soma inkuru yose