Jeremie Niryosezerano

Journalist | Storyteller | Media Enthusiast

Kuki Abakinnyi b’Umupira w’Amaguru Buri gihe Binjirana n’Abana Mbere y’Umukino? Imvo n’imvano

Iyo urebye umupira w’amaguru, cyane cyane amarushanwa akomeye nka FIFA World Cup cyangwa andi akinirwa iburayi, ubona abakinnyi binjira mu kibuga bafashe abana bato mu ntoki. Ni ibintu bimaze kuba umuco ku buryo abantu benshi babifata nk’ibisanzwe, ariko bake ni bo bazi impamvu nyakuri yabyo n’amateka yabitangiye. Nubwo abantu benshi batekereza ko byahozeho kuva umupira…

Soma inkuru yose

PSG Yegukanye Igikombe cya Champions League yikurikiranya Nyuma yo Gutsinda Arsenal Mu Mukino utari woroshye

I Budapest muri Hungary Ikipe ya Paris Saint-Germain (PSG) yegukanye igikombe cya UEFA Champions League cya 2025/26 nyuma yo gutsinda Ikipe ya Arsenal kuri penaliti 4-3, nyuma y’uko iminota 120 y’umukino yari yarangiye amakipe yombi anganya igitego 1-1. Uyu mukino wa nyuma wabereye kuri Stade ya Puskás Aréna i Budapest mu gihugu cya Hungary ku…

Soma inkuru yose

Intambara hagati ya Tenge Tenge n’Umujyanama we Michael Kabonge

Umubyinnyi ndetse akaba n’umunyarwenya wo muri Uganda uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga nka Tenge Tenge, amazina ye nyakuri akaba ari Saad Ssozi, Kuri ubu ntameranye neza n’uwari umujyanama (manager) we cyangwa uwamurebereraga inyungu, Michael Kabonge.  ariko bikarangira havutse ikibazo cy’amafaranga n’imiyoborere mibi y’imbuga ze. Aho kuri ubu ashinjwa kwiba imbuga nkoranya mbaga z’uyumwana. Tenge Tenge…

Soma inkuru yose

Sky 2 Yarekuwe nyuma yuko umugore we amusabiye imbabazi

Hahirwabasenga Timothee uzwi nka SKY2 yari yaratawe muri yombi taliki ya 11 Gicurasi 2026. Uyu mugabo sky2, yari akurikiranyweho icyaha cyo gukubita no gukomeretsa ku bushake n’icyo guhoza ku nkeke uwo bashyigiranywe aho yakubise umugore we basezeranye byemewe n’amategeko akamukomeretsa ndetse akanamuruma ugutwi ikindi kandi ibi yarabyiyemereraga akaba yarabivuze mbere yo kwishyikiriza ubugenzacyaha. Ubushinjacyaha bwafunguye…

Soma inkuru yose

Umupira uzakoreshwa mu Gikombe cy’Isi cya 2026 uzajya ushyirwa ku muriro

FIFA n’uruganda Adidas Berekanye umupira mushya uzakoreshwa mu gikombe cy’isi cya witwa TRIONDA. Uyu mupira wateye abantu benshi kwibaza byinshi kubera ko uzajya ubanza gushyirwa ku muriro mbere y’umukino. TRIONDA ntabwo ari umupira usanzwe gusa. Kuko Wubatswemo ikoranabuhanga rifite ubushobozi bwo kumva (sensor) ishobora gukurikirana aho umupira uri n’uburyo ukinwaho mu gihe cyakokanya. Iryo koranabuhanga…

Soma inkuru yose

Ubushakashatsi: abantu bakabya gukunda ibyamamare bagira ubushobozi buke bwo gutekereza

Ubushakashatsi bwakozwe n’abahanga mu myitwarire y’abantu (psychology) bwagaragaje ko abantu bakabya gukunda cyane ibyamamare (celebrities) bagira ubushobozi buke mu mitekerereze no mu gusesengura ibintu. Ubwo bushakashatsi bwashyizwe ahagaragara mu mwaka wa 2021 mu kinyamakuru cya siyansi (science) cya BMC Psychology, bwakorewe ku bantu 1,763 bo muri Hungary. Ababashakashatsi basanze abantu bafite urugero rwo hejuru rwo…

Soma inkuru yose

Abaturage batwitse ibice by’ivuriro abarwayi ba Ebola baratoroka Muri Congo (RDC)

Ituri muntara y’uburasirazuba ya leta iharanira Demokarasi ya Congo, Ku wa Kane, tariki ya 21 Gicurasi 2026, Abaturage batwitse ibice bimwe by’ivuriro rya Rwampara General Hospital, aho abarwayi ba Ebola bavurirwaga. Iki kibazo cyaturutse ku muryango w’umusore w’umukinnyi w’umupira w’amaguru witabye Imana, bikekwa ko yahitannywe na Ebola Hanyuma abo mumuryango we baje gucyura umurambo we…

Soma inkuru yose

Hansi Flick yahaye umugisha kuguma Muri Barcelona Kwa Rashford

Umutoza mukuru wa FC Barcelona, Hansi Flick, yahaye uburenganzira ubuyobozi bw’ ikipe bwo kugumana Marcus Rashford burundu Aho uyumusore akina mu gice cy’ubusatirizi. Flick yagaragaje ko uyu mukinnyi mpuzamahanga w’Ubwongereza yujuje neza ibisabwa mu buryo bw’imikinire ye umusaruro ufatika. Ibi ni Nyuma yo kubona uburyo uyu mukinnyi yitwaye neza, umutoza ntiyazuyaje gusaba ko amasezerano ye…

Soma inkuru yose

Arsenal yegukanye igikombe cya Premier League nyuma Y’imyaka 22 y’ikimwaro

Mu gihe cy’imyaka 22 ishize, gufana Arsenal byasabaga kwihangana gukomeye cyane. Nyuma y’aho ikipe y’amateka ya “The Invincibles” itwaye igikombe cyo mu mwaka wa 2003-2004 idatsinzwe ikaba yaratozwaga na Arsène Wenger, Nyuma Arsenal yahuye n’ibihe bikomeye byayisize ku ntebe y’amakipe asezeranya ibitangaza ariko ibyo byose bikarangirira mumagambo gusa mbese urubwa Rwarayiberaga. Ibi byatumye abafana b’izindi…

Soma inkuru yose

Pep Guadiola agiye gutoza umukino we wanyuma muri Manchester City

Umutoza Pep Guardiola yageze muri Manchester City mu mpeshyi yo mu mwaka wa 2016. Mu gihe cy’imyaka 10 I Manchester, yubatse ikipe idahangarwa na buri umwe, yahise ahindura imikinire y’u Bwongereza binyuze mu gukundisha abantu umupira w’u Buhanga (Tiki-Taka) n’ubundi buryo bw’imikinire mu kibuga, Kugeza mu mpera z’uyu mwaka w’imikino, Pep Guardiola amaze kwegukana ibikombe…

Soma inkuru yose