Jeremie Niryosezerano

Journalist | Storyteller | Media Enthusiast

Inkingi ya mwamba muri PSG iravunitse habura gato ngo bakine umukino wanyuma

Uyu munsi Taliki 17 Gicurasi 2026 ikipe ya PSG yo mubufaransa yari ifite umukino  wayo wanyuma wa shampiyona aho wayihuje n’ikipe yirwa Paris FC maze umukino ukaza kurangira ikipe ya PSG itsinzewe 2 kuri 1. Nubwo ikipe ya PSG yamaze gutwara ikigikombe, inkingi ya mwamba yabo akaba ariwe uheruka no gutwara igihembo cya Ballon d’Or…

Soma inkuru yose

Irene Agiye gukora ubukwe Ariko Aisha siwe mugeni!

Inkuru y’ubukwe bw’uyumunyamakuru Irene yamenyekanye muri ikigitondo taliki 16 Gicurasi 2026, ubwo yasangizaga abamukurikira amafoto aherekejwe n’igihe ububukwe buzabera maze kumbunga nkoranyambaga Abantu batungurwa no gusanga uwo bazabukorana atari Aisha ubarizwa muruganda rwa Cinema kuberako muminsi ishize bavugwa murukundo. Mu biganiro bitandukanye Aisha yagiye agaragaze urukundo afitiye Irene Abantu bagaherako bavuga ko bakundana kuko na…

Soma inkuru yose

Imyaka 10 irashize Mikel Arteta akiniye ikipe ya Arsenal umukino we wanyuma.

Umutoza w’ikipe ya arsenal akaba yaranayibereye umukinnyi, kuri uyumunsi taliki 15 Gicurasi 2026 imyaka 10 irahise akiniye iyi kipe nkumukinnyi wabigize umwuga umukino wanyuma. aho hari 15 Gicurasi 2016 akaba yarakinaga mubo hagati. Uyu mutoza wa arsenal kuru ubu, yatangiye gukina umupira w’amaguru mw’ ikipe y’abakiri bato ya Barcelona aho hari mu 1999 -2002 aho…

Soma inkuru yose

Kylian Mpappe yavugirijwe induru n’abafana akinjira mukibuga Karahava.

Kylian Mbappé ni umwe mubakinnyi badakunzwe habe nagato n’abafana bikipe ya Real Madrid ibyo bikomeje kugaragarira mubikorwa bitandukanye abafana bagenda bakora aho icyo bashaka ngo arukumubona abavira mwikipe yabo Real Madrid akajyenda. Uyu mukinnyi ushijwa kuba ariwe nyirabayazana w’ibibazo byose Real Madrid ifite, babishingira kukuba kuva yaza ntagikombe na kimwe bari batwara mugihe ikipe yavuyemo…

Soma inkuru yose

Lionel Messi ntarashobora gutsinda igitego ku munota wa mbere w’umukino

Kuri ubu hari abakinnyi bake batsinze kuri buri munota wose w’umukino mu mupira w’amaguru ubwo n’ukuvuga kuva ku munota wa mbere kugera ku munota wa mirongo icyenda. Muri abo ushobora kugira ngo Lionel Messi abarimo kuko ari umukinnyi wa kabiri ufite ibitego byinshi nkuko FIFA ibigaragaza nyuma ya Crisitiano Ronaldo, ariko waba wibeshye kuko Lionel…

Soma inkuru yose

Muri shampiyona 5 zikomeye iburayi, mu bwongereza niho hatarasobanuka ibyaho.

Mugihe Umwaka w’imikino wa 2025 – 2026 urimo kurangira, muri shampiyo 5 zikomeye kumugabane w’uburayi aho muri shampiyona enye soze ibintu byasobanutse ndetse n’amakipe yatwaye ibyobikombe akaba azwi, mu bwongereza ho biratandukanye nyuma yaho ikipe ya Arsenal na Manchecter city zikomeje gukubana muminsi yanyuma ya shampiyona ngo hamenyekane izatwara ikigikombe cya shampiyona aho bakomeje kugenda…

Soma inkuru yose

Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi batandatu bakekwaho gushukisha urubyiruko kujya kwiga muri Canada

Taliki 13 Gicurasi 2026, Urubyiruko Rubarirwa mubarenga igihumbi  rwabyukiye kuri Lemigo Hotel aho uru rubyiruko rwari rwiteze guhura n’abantu bo muri Canada ngo babahe amakuru yuko bazajya kwiga muri Canada gusa uru rubyiruko rwakubiswe ninkuba aho bategereje abo bantu bukabiriraho nta numwe baciye iryera. Mugihe hari hitezwe ko hagomba kuza kuba hari Abantu baturutse Canada…

Soma inkuru yose

Igikombe cya shampiyona (Saud pro League) cyaba kiri kwanga Ronaldo?

Mumukino Ronaldo n’abagenzi be bari biteze mo gutwara igikombe batunguwe kumunota wanyuma w’umukino ni mumukino wahuzaga Al Nassr na Al Hilal waje kurangira ari igitego cyimwe kuri kimwe (1-1), Ronaldo yagaragaye ari mugahinda kenshi nyuma y’uko banganyije n’iyi kipe kumunota wanyuma. Kwikosa ryakozwe n’umuzamu ndetse n’umudifenda (defender) nuko bibyara kwitsinda igitego maze bituma Al Hilal…

Soma inkuru yose

Mbwambere Kylian Mbappé yatashye imbokoboko mubihembo bitangirwa iwabo mu bufaransa  byitwa (UNFP awards)

Ibibihembo bitangirwa imbere mugihugu cy’ubufaransa buri mwaka aho batanga ibihembo kubakinnyi bimbere mugihugu ndetse no kumukinnyi mwiza w’umufaransa ariko ukina hanze y’ubufaransa (Ligue 1/2). Abatora muri ibi bihembo ni abakinnyi ikindi kandi ntabwo umukinnyi ukinana na mugenzi we mu ikipe imwe ntibemerewe gutorana, ikindi kandi umutoza mwiza w’umwaka atorwa n’abatoza bagenzi be igitego cyiza cy’umwaka…

Soma inkuru yose

Abakinnyi b’ikipe ya Barcelona biniguye maze icyari kibyimbye kirameneka

Umunsi wo ku cyumweru taliki ya 10 Gicurasi 2026 muri esipanye (spain) Nibwo habaye umukino ukomeye uzwi kwizina rya El Clásico aho uhuza Real Madrid na Barcelona. Muri uyumukino warangiye Barcelona itahanye amanota atatu ndetse igatwarira igikombe cya shampiyona (Laliga) mumaso ya mukeba nyuma yo gutsinda ibitego bibiri kubusa, abakinnyi ba Barcelona nibo bari batahiwe…

Soma inkuru yose