Rayon sports yaguye miswi inganya na Al merrikh sc
None kuwa 16 werurwe 2026,Ikipe ya Rayon Sports yanganyije ubusa ku busa (0-0) na Al‑Merrikh SC mu mukino wa 24 wa shampiona y’umupira w’amaguru mu Rwanda, wabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa 1ku kibuga cya Kigali Pelé Stadium, utangiye saa 8:30 z’ijoro. Uyu mukino waranzwe n’ishyaka n’imbaraga ku mpande zombi, aho amakipe yagerageje gusatira izamu inshuro nyinshi ariko ntihagire…
Nta munyamahanga wemerewe kugura ubutaka mu Burundi – Perezida Ndayishimiye
Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yatangaje ko nta munyamahanga wemerewe kugura ubutaka muri icyo gihugu, ashimangira ko ubutaka ari umutungo rusange w’Abarundi udakwiye kugurishwa ku banyamahanga. Ibi yabivuze mu butumwa yagejeje ku Babarundi abibutsa ko ubutaka bwo mu Burundi ari umutungo w’igihugu ugomba kurindwa no kubungabungwa n’abaturage bacyo. Yavuze ko nta Murundi ufite ubutaka…
Mfunzwe nakumbuye igitsina ” Muchoma”
Umuhanzi uzwi kw’izina rya Muchoma uherutse gutabwa muri yombi akurikiranyweho gutangaza amakuru y’ibihuha nyuma yo gufungurwa byagateganyo yatangaje ko ikintu yakumbuye ari muri Gereza ari igitsina, aya namagambo abenshi mu bakoresha imbuga nkoranyambaga bagiye bayahererekanya abenshi bamunenga bati aho kugira ngo akumbure umuryango we ninshuti akumbuye imibonano mpuzabitsina. Uyu muhanzi usanzwe akorera muri Leta zunze…
Urwenya rwahujwe n’umuziki maze amata abyara amavuta mu gitaramo cya GEN Z COMEDY SHOW
Ku wa Kane, tariki ya 26.02.2026, ijoro ryaryoheye abitabiriye igitaramo cya GEN Z COMEDY SHOW (Iseka Rusange) kibera muri CAMP KIGALI.Ni igitaramo cyahuje urwenya n’umuziki, maze amata abyara amavuta, kirangwa n’akanyamuneza kenshi katewe n’uko abitabiriye babonye abahanzi bari bakumbuye. Saa moya z’ijoro (7:00 PM) zuzuye, ihema risanzwe riberamo iki gitaramo ryari rimaze kuzura, ndetse n’abantu…
Hadatunzwe itoroshi mu itangazamakuru rya sport imizinga yazabyara imyibano
Umunyamakuru wa siporo ukorera Rwanda Broadcasting Agency (RBA), Rugaju Reagan, yatangaje ko umubano we n’uwahoze ari mugenzi we Musangamfura Christian Lorenzo wamaze kugera ku ndunduro, ashimangira ko hari amakuru menshi amuziho ariko atarigeze ajya ahagaragara. Aba bombi bahoze bakorana muri Radio Rwanda, mbere y’uko Lorenzo ahava nyuma y’aho habaye umwuka mubi hagati yabo mu 2025,…
Harakurikiraho iki nyuma yo kwihanangirizwa kuri bimwe mubitangazaakuru bya sport?
Urwego rw’Abanyamakuru bigenzura , (Rwanda Media Commission – RMC) rwatangaje ko rwihanangirije mu nyandiko ibitangazamakuru bya SKFM ndetse na Isibo TV & Radio, rubisaba gukosora imyitwarire idahuye n’amahame agenga umwuga w’itangazamakuru, by’umwihariko mu biganiro bya siporo. Uku kwihanangirizwa bije bikurikira ibiganiro bitandukanye RMC yari imaze igirana n’abanyamakuru bakorera ibyo bitangazamakuru hamwe n’abayobozi babyo, rigamije kubibutsa…
Amakipe akomeye yakomeje, andi asezererwa muri FERWAFA Peace Cup
Irushanwa rya FERWAFA Peace Cup 2025-2026 ryarakomeje kumunsi wejo hakinwa imikino yo kwishyura ya preliminary round, hasozwa hamenyekana amakipe azakomeza n’asezerewe. Ni imikino yaranzwe n’ishyaka, guhangana gukomeye ndetse n’amarangamutima ku makipe yashakaga itike y’icyiciro gikurikira. Ku wa 10 Gashyantare 2026,Unity FC yatsinze Rutsiro FC igitego 1-0, maze mu penaliti Unity irusha Rutsiro 3-1 ihita ikomeza.Musanze…
BULL DOG Ashimangira ko Abaraperi Bakiri Bato Bari Kuzamura no Guhindura Isura ya Hip Hop Nyarwanda
Ejo hashize ku wa 03 Gashyantare 2026, kuri Mundi Center, inyubako iherereye mu Murenge wa Gikondo, Akarere ka Kicukiro, habereye ikiganiro n’itangazamakuru cyagarutse ku gitaramo cya Mic Tribe Season 3, giteganyijwe kuba ku wa 07 Gashyantare 2026 Iki kiganiro cyahuje abahanzi bazaririmba muri iki gitaramo gifite umwihariko wo kwibanda kuri Hip Hop, kuko kizitabirwa n’abaraperi…
RTN NA LUXEMBOURG AID BATANGIJE ICYICIRO CYA 13 CY’AMAHUGURWA YO KONGERERA UBUSHOBOROZI ABA-AGENT BA ITEME
Kigali, 26 Mutarama 2026 — Ikigo gitanga serisi zishingiye ku ikoranabuhanga, RTN (Rwanda Telecenter Network), ku bufatanye na Luxembourg Aid and Development, cyatanze amahugurwa y’iminsi itatu kuva kuwa 26 mutarama 2026 kugeza 28 Mutarama 2026, agamije kongerera ubumenyi n’ubushobozi aba-agent ba ITEME n’abandi bikorera bato. Aya mahugurwa, yiswe “RTN / ITEME Agent Empowering and On-Boarding…
Amatwî atumva ntiyigira: Menya byinshi utaruzi mugusomana ibyiza byabyo.
Ubushakashatsi bwinshi mu by’ubuzima bugaragaza ko Gusomana bigira uruhare runini mu mikorere y’ubwonko n’imibereho rusange y’umuntu. Ifoto iri kwifashishwa muri iyi nkuru igaragaza uko kurya bigira ingaruka nziza ku bwonko, bigatuma harekurwa imisemburo y’ingenzi ifasha umuntu kumva ameze neza haba mu mubiri no mu mitekerereze. Mu misemburo igira uruhare rukomeye harimo dopamine, oxytocin na serotonin,…

