NIYOGAKIZA Rosine

RDB yongereye amasaha y’utubari n’utubyiniro kubera igikombe cy’Isi

Urwego rw’igihugu rw’Iterambere (RDB) rwafashe umwanzuro w’uko amasaha y’utubari, resitora n’utubyiniro yongerwa by’agateganyo muri iki gihe cy’igikombe cy’isi. Ibi bikorwa byemerewe gukora kugeza saa cyenda(3:00) za nijoro hagati mu cyumweru, no kugeza saa kumi (4:00) z’ijoro mu mpera z’icyumweru ndetse no ku minsi mikuru. Iki cyemezo cyatangiye gushyirwa mu bikorwa ku wa 12 Kamena, kikazageza…

Soma inkuru yose

DJ Inno yateye indi ntambwe mu muziki ashyira hanze indirimbo yise Ayra Starr

Umuvanga Muziki uri mu bagezweho mu Mujyi wa Kigali, DJ Inno, yafashe icyerekezo gishya mu mwuga we cyo guhuza abahanzi bafite ikinyabupfura mu ndirimbo, ikintu gishobora guhindura isura y’imyidagaduro mu Rwanda. Iyi ntambwe nshya yatangiye kugaragaza imbaraga nyuma y’aho uyu musore ashyiriye hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise “Ayra Starr”, afatanyije n’icyamamare Davis D. Gukorana…

Soma inkuru yose

Umutungo wa Serena na Venus Williams muri 2026 Ubukire butangaje

Serena Williams na Venus Williams bafite umutungo ushingiye hamwe ungana na miliyoni 445 z’amadolari muri uyu mwaka wa 2026. Amakuru dukesha ikinyamakuru Times of India yerekana ko uyu mutungo uturuka ku bihembo by’imikino, Kwamamaza, ndetse n’ishoramari rinyuranye. Kugeza ubu muri 2026, Serena Williams aza imbere afite umutungo ungana na miliyoni 350 z’amadolari. Niwe mugore wa…

Soma inkuru yose

Elon Musk yabaye umuntu wa mbere ku Isi utunze Tiliyari y’Amadolari

Umuherwe Elon Musk yanditse amateka adasanzwe ku isi kuri uyu wa Gatanu 12 Kamena 2026, nyuma yo kuba umuntu wa mbere utunze umutungo urenga Tiliyari imwe y’amadolari y’Amerika($1.1 Tillion). Agahigo k’uyu mugabo w’imyaka 54 y’amavuko gashimangiye amateka mashya y’ubukungu n’ikoranabuhanga mu mateka ya muntu. Iki giciro gishya cy’umutungo we cyazamutse cyane nyuma y’uko ikigo cye…

Soma inkuru yose

Umunyabugeni David Hockney Bugeni yitabye lmana ku myaka 88

Umuhanga mu Bugeni w’umwongereza, David Hockney, yitabye lmana ku myaka 88 y’amavuko ku gicamunsi cyo ku wa kane tariki 11 Kamena 2026 mu mutuzo murugo rwe i London. Inkuru y’urupfu rwe yemejwe n’ ushinzwe kumenyekanisha ibikorwa bye, Eric Bolton, watangaje ko uyu munyabugeni yari asigaje ukwezi kumwe gusa ngo yuzuze imyaka 89 y’amavuko. Uyu mugabo…

Soma inkuru yose

Peter Okeye yihanangirije abafana Bamugereranya n’Impanga Ye

Umuhanzi w’icyamamare muri Nogeria, Peter Okeye wamamaye nka Mr P, yihanangirije abafana bakomeje kumugereranya n’impanga ye Paul Okoye(Rudeboy) nyuma y’uko biboneka ko itandukaniro ryabo ryamaje gufata indi ntera idasubirwaho. Uyu muhanzi yagaragaje ko atajya yishimira imyitwarire y’abantu bakomeza kumutandukanya n’indangagaciro ze bwite nk’umuhanzi wigenga, cyane cyane nyuma y’uko itsinda rya P-Square ryongeye gusenyuka. Peter Okoye…

Soma inkuru yose

Ibirori by’agatangaza Byafunguye Igikombe cy’Isi cy’Amateka i Mexico

Ibirori byasize amateka mu gufungura Igikombe cy’Isi cya 2026 byabereye kuri Estadio Azteca i Mexico City. Abafana ibihumbi bari buzuye sitade berekanye ibyishimo bavanze n’igishyika cyo kwakira iri rushanwa rikomeye ryongeye kugaruka iwabo nyuma y’imyaka mirongo ine. Umuhango wogejwe n’abanyamuziki b’ibyamamare ku Isi barimo umuhanzi Shakira, J Balvin wo muri Colombia, Burna Boy wa Nigeria,…

Soma inkuru yose

Senderi Hit yakoreye igitaramo cy’amateka i Musanze

Umuhanzi Eric Senderi wamamaye nka Senderi International Hit, yakoreye igitaramo cy’amateka mu karere ka Musanze, cyitabiriwe n’abantu benshi barimo n’abakerarugendo. Iki gikorwa cyabaye ku wa Gatanu 12 Kamena 2026, cyari kigamije kwizihiza kwizihiza ibirori byo kwibohora ku nshuro ya 32 n’imyaka 20 amaze mu muziki. Uyu muhanzi yageze ku rubyiniro i Musanze asanganirwa n’uruvunganzoka rw’abafana…

Soma inkuru yose

Murenzi Yves yashyize hanze abakinnyi 16 bazahindura amateka muri Basketball

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’Abagabo muri basketball, Murenzi Yves , yahamagaye abakinnyi 16 bazatoranywamo abazakina imikino yo gushaka itike y’igikombe cy’Isi cya 2027 giteganyijwe kubera i Doha muri Qatar. uru rutonde rwashyizwe hanze n’ishyirahamwe rya Basketball mu Rwanda (FERWABA) kuri uyu wa kane tariki ya 11 Kamena 2026, mu rwego rwo gutangira imyitozo hakiri kare. Iyi…

Soma inkuru yose

Richard Nick Ngendahayo yatangaje igitaramo cya kabiri i Kigali

Umuramyi Richard Nick Ngendahayo yatangaje ko agiye gukorera i Kigali igitaramo cye cya Kabiri yise Niwe Healing Concert Edition 2, ku wa 28 Ugushyingo 2026. Iki gikorwa kije gikurikira ubusabe bw’abakunzi b’umuziki we bifuzaga ko ibi bitaramo byajya biba ngarukamwaka. Iki gitaramo biteganyijwe ko kizabera muri BK Arena, umwanya ukomeye usanzwe wakira ibirori bikuru mu…

Soma inkuru yose