NIYOGAKIZA Rosine

Richard Nick Ngendahayo yatangaje igitaramo cya kabiri i Kigali

Umuramyi Richard Nick Ngendahayo yatangaje ko agiye gukorera i Kigali igitaramo cye cya Kabiri yise Niwe Healing Concert Edition 2, ku wa 28 Ugushyingo 2026. Iki gikorwa kije gikurikira ubusabe bw’abakunzi b’umuziki we bifuzaga ko ibi bitaramo byajya biba ngarukamwaka. Iki gitaramo biteganyijwe ko kizabera muri BK Arena, umwanya ukomeye usanzwe wakira ibirori bikuru mu…

Soma inkuru yose

U Rwanda Rwemeje ingengo y’Imari ya Miliyari 7.796 z’Amafanga y’u Rwanda

Inama y’Abaminisitiri yemeje umushinga w’itegeko ry’ingengo y’imari ya Leta y’u Rwanda y’umwaka wa 2026/2027, izaba ingana na miliyari 7.796,3 Frw. Iri koranabuhanga mu by’ubukungu ryerekana izamuka rya 12% ugereranyije n’iy’umwaka ushize ,aho hiyongereyeho agera kuri miliyari 844,2 Frw Iyi ngengo y’imari nshya izibanda cyane ku bikorwa remezo n’imishinga igamije kuzamura ubukungu bw’abaturage. Mu ntego zihutirwa…

Soma inkuru yose

Umuhanzikazi Sheebah Karungi mu Mashimwe menshi ahishuye iby’uburwayi bwe

Umuhanzikazi Sheebah Karungi yahishuye ko amaze ibyumweru bitatu mu buhinde aho yari yaragiye kwivuza no kubagwa indwara y’umutima. Nyuma yo kubagwa neza n’abaganga, uyu muhanzikazi ukunzwe cyane muri Uganda no mu karere yagarutse murugo. Abwira abafana be ko ashimira lmana yamubaye hafi muri urwo rugendo rutoroshye rwaranzwe n’ibihe bikomeye by’ubuzima.Iyi nkuru ije ishimangira amakuru yari…

Soma inkuru yose

Umunyarwandakazi Eliane Umuhire yatoranyijwe mu bagi

Umunyarwandakazi Eliane Umuhire yinjiye mu banyamuryango bashya 640 ba European Film Academy, icyerekezo cyishema cyerekana ko ubwiza n’ubuhanga bwa sinema nyrwanda bukomeje kurenga imbibi z’umugabane wacu. Uyu mukinnyi w’amafilime w’izina rishingiye ku buhanga, yari mu rukurikirane rw’abanyamwuga bakiriwe muri uyu muryango ukomeye cyane mu Burayi. Iyi nkuru nziza yamenyekanye muri Kamena 2026, yakiriwe n’abakunzi ba…

Soma inkuru yose

King James yahishuye impamvu atigeze akorana n’abahanzi b’abanyamahanga

umuhanzi Ruhumuriza James, wamenyekanye nka King James, yavuze ko abantu batari bakwiye kubona ko kwirinda gukorana n’abahanzi bo hanze y’u Rwanda ari ikintu yagambiriye cyangwa se umugambi yakoranye urwango. Yasobanuye ko ibi byaturutse ku muvuduko w’inzira ye y’umuziki no ku mahitamo ye y’ikoranabuhanga n’uburyo yakoragamo akazi ke ka buri munsi. Yasobanuye ko mu ntangiriro z’ubuhanzi…

Soma inkuru yose

Urwibutso rw’urukundo Mbappe arashinjwa guta ikipe kubera Ester Exposito

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu ya Faransa n’ikipe ya Real Madrid, Kylian Mbappe, ari mu majwi y’abatari bake mu bitangazamakuru no kumbuga nkoranyambaga zikomeye. Ibi byerekeranye n’uko uyu mukinnyi yongeye kugaragara asohokana mu buryo bwa hafi cyane n’umukinnyi wa filime w’icyamamare ukomoka muri espagne, Ester Exposito. Inkuru y’urukundo rw’aba babiri yatangiye kuvugwa cyane mu ntangiriro z’uyu mwaka…

Soma inkuru yose

Indirimbo 10 za Bruce Melodie na The Ben z’amahitamo y’abafana

Ibitaramo by’amateka bya The Ben na Bruce Melodie mu Ntara z’u Rwanda n’icyizere cyinshi mj bafana ba muzika. Nyuma y’uko aba bahanzi bombi bafashe umwanzuro wo guhuriza hamwe imbaraga binyuze mu bitaramo biteguye mu bice bitandukanye by’igihugu, urutonde rw’indirimbo 10 z’amahitamo y’abafana nirwo rwitezweho gushyushya imitima y’abaturage bo mu Ntara. Izi ndirimbo zatoranyijwe hashingiwe ku…

Soma inkuru yose

Jay-Z yatangaje ibitaramo bishya muri Paris na Los Angeles

Umuraperi akaba n’umuherwe Jay-Z n’ikigo cye cya Roc Nation banyujije ku mbuga nkoranyambaga itangazo rimenyesha abafana ibitaramo bibiri bishya bikomeye bizabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika no mu Bufaransa. Ibi bitaramo byiswe “Jay-Z 30 ” bigamije kwizihiza isabukuru y’imyaka 30 amaze mu ruhando rwa Muzika kuva yasohora albumu ye ya mbere mu 1996. Iki…

Soma inkuru yose

Muri Brazil Umugore yibarutse impanga zifite ba se babiri batandukanye

Mu nkuru yatunguye abantu batari bacye ku Isi ndetse n’abaganga, umugore wo muri Brazil ufite imyaka 19 y’amavuko yibarutse impanga nyuma haza kugaragara ko zifite ba se babiri batandukanye. Iyi nkuru yagaragaje ikintu kidasanzwe cyane mu buzima bw’umuntu, aho abaganga bavuga ko bibaho gake cyane ku Isi. Uyu mugore ukomoka muri Leta yaa Goias muri…

Soma inkuru yose