NIYOGAKIZA Rosine

Peter Phillip yasezeranye n’umukunzi we Ubukwe bwitabiriwe n ‘abo mu muryango w’i Bwami

Peter Phillips,umwuzukuru wa nyakwigendera Queen Elizabeth II akaba n’umuhungu wa Princess Anne, yakoze ubukwe n’umukunzi we Herriet Sperling mu muhango wihariye wabereye mu Bwongereza, witabirwa n’abagize umuryango w’ibwami ndetse n’inshuti zabo za hafi .Inkuru y’ubu bukwe yakiriwe neza n’abakurikiranira hafi ibikorwa by’umuryango w’i Bwami . Uyu muhango wabaye nyuma y’igihe Peter Phillips na Herriet Sperling…

Soma inkuru yose

SEE Muzik yasohoye indirimbo nshya agira inama urubyiruko

Mu gihe abakunzi b’umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana (Gospel) bakomeje kwitegura Nuru Wave Festival iteganyijwe kubera i Kigali muri Kanama uyu mwaka ,umuhanzi SEE Muzik yashyize hanze indirimbo nshya yise “Simbishaka “,ikubiyemo ubutumwa bwimbitse bwo kwiyegurira Imana no kwemera kuyoborwa n’ubushake bwayo. Iyi ndirimbo ije mu gihe urubyiruko rwinshi rukomeje gushakisha icyemezo cy’ubuzima mu…

Soma inkuru yose

Lauryn Hill agiye guhabwa igihembo Living Legend Award

Umuhanzikazi w’icyamamare Laurny Hill ,umaze igihe kinini ari ku isonga mu muziki wa Hip-Hop na R&B, agiye guhabwa igihembo cyihariye cyiswe Living Legend Icon Award ,kigamije gushimira abahanzi bakomeje kugira uruhare rukomeye mu guteza imbere imyidagaduro . Iki gihembo cyashyizweho na Black Entertainment Television (BET) ,kikazatangwa kikazatangwa ku nshuro ya mbere mu birori biteganyijwe ku…

Soma inkuru yose

DJ Spinny yimuriye igitaramo cye i Gahanga

Umuhanga mu kuvanga imiziki ,Joseph Kalisa wamamaye nka DJ Spinny ,yatangaje ko igitaramo cye ngarukamwaka cya Spinny and Friends cyari giteganyijwe kuba tariki ya 8 Kanama 2026,cyimuriwe tariki 18 Nyakanga 2026 ndetse kikazabera ku kibuga cya cricket giherereye i Gahanga . Ibi byatangajwe binyuze mu itangazo ryashyizwe hanze na Spinny events ,risobanura ko impinduka zakozwe…

Soma inkuru yose

Ibitaramo bya Bruce Melodie na The Ben bigiye gutanga akazi

Abahanzi bakomeye mu muziki nyarwanda, Bruce Melodie na The Ben ,bari mu myiteguro y’ibitaramo bizenguruka igihugu byitezweho kuzana impinduka zikomeye mu rwego rw’imyidagaduro no gutanga amahirwe y’akazi ku rubyiruko rwinshi . Ibi bitaramo biri mu bikorwa bikomeje kugaragaza ubufatanye bw’aba bahanzi bombi bamaze igihe mu Rwanda no hanze yarwo . Amakuru yatangajwe agaragaza ko ibi…

Soma inkuru yose

Polisi ya Zanzibar yasoje iperereza ku rupfu rwa Ashlee Jenae

Ashlee Jenae , umunyamerika wari uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga ku izina rya Ashly Robinson, yapfiriye mu kirwa cya Zanzibar muri Tanzania mu kwezi kwa Mata 2026 . uru rupfu rwakuruye impaka nyinshi ku mbuga nkoranyambaga ndetse rutera benshi kwibaza ku cyaba cyabaye intandaro y’urupfu rwe, cyane cyane ko rwabayenyuma y’iminsi mike yari amaze kwambikwa…

Soma inkuru yose

Qing Madi yashinjije uwahoze amucungira inyungu kumwiba

Umuhanzikazi w’umunya Nijeriya (Nigeria) Qing Madi, yashyize hanze ibirego bikomeye ashinja uwahoze ari umujyanama ndetse n’uwamucungiraga inyungu kumwiba ibikorwa ibikorwa bye by’ubuhanzi no gukoresha izina rye mu nyungu ze bwite . Aya makuru yatangajwe anyuze ku mbuga nkoranyambaga ze, avuga ko amaze igihe acecetse ariko ageze aho gufata umwanzuro wo kubwira ukuri abakunzi be ….

Soma inkuru yose

Isomwa ry’urubanza rwa Yampano ryongeye gusubikwa

Isomwa ry’urubanza ruregwamo umuhanzi Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano ,ryari ritegerejwe na benshi ryongeye gusubikwa ku munota wa nyuma . Aya makuru yatangajwe nyuma y’uko urukiko rugaragaje ko habaye ibibazo bya sisiteme(network) byatumye ibikorwa byari biteganyijwe bidashobora gukomeza uko byari byateganyijwe. Amakuru yatangajwe agaragaza ko iri somwa ry’urubanza ryari riteganyijwe kuri uyu wa gatanu tariki…

Soma inkuru yose

Filime nshya ya Rugaba na Madederi ikomeje kuvugisha benshi

Mu rugendo rwa sinema nyarwanda ikomeje gutera imbere no kugera ku rwego mpuzamahanga, abahanzi n’abatunganya filime bakomeje gushaka inkuru zifite ubutumwa bukomeye kandi zegereye ubuzima bwa buri munsi. Muri uwo murongo ni ho haturuka filime nshya yakinwe na Rugaba Emmanuel afatanyije na Madederi, ishingiye ku nkuru yaciye igikuba ku mbuga nkoranyambaga y’umugabo watumujeho indaya,nyuma agatungurwa…

Soma inkuru yose