NIYOGAKIZA Rosine

RDB yafunze by’agateganyo hoteli enye zirimo Century Park

Urwego rw’igihugu rushinzwe iterambere (RDB),rwafunze by’agateganyo Hoteli n’ibigo bine bitanga serivise z’ubukerarugendo n’amacumbi , birimo na Century Park Hotel and residences iherereye i Nyarutarama mu mujyi wa Kigali . Iki cyemezo gikomeye cyatangiye gushyirwa mu bikorwa kuri uyu wa kane ,tariki ya 4 Kamena 2026. Nyuma y’igenzura ryimbitse RDB yakoze hagamijwe kureba niba ibi bigo…

Soma inkuru yose

Kompressor yavuze impamvu amaze imyaka ibiri muri 1:55 AM adakora indirimbo

Umuhanzi Kompressor yatangaje impamvu amaze imyaka ibiri abarizwa mu nzu ifasha abahanzi ya 1:55 AM atarakora cyangwa ngo asohore indirimbo nshya nkuko bamwe mu bakunzi b’umuziki babyibazaga . Yavuze ko muri icyo gihe yari ahugiye mu bikorwa byo kwitegura neza no gushyira ku murongo umwuga we kugira ngo azagarukane ibikorwa bifite ireme. Kompressor yavuze ko…

Soma inkuru yose

France Mpundu yahishuye indi nkuru nziza nyuma yo Kwambikwa impeta

Umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana ,France Mpundu ,yongeye gushimisha abakunzi abakunzi be nyuma yo gutangaza inkuru nziza ikurikira iyo kwambikwa impeta n’umukunzi we . Ni amakuru yakiranywe ibyishimo byinshi n’abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga ,aho benshi bamwifurije ishya n’ihirwe mu rugendo rushya rw’ubuzima agiyemo. Nyuma yo kwambikwa impeta ,France Mpundu yavuze ko yishimiye icyemezo…

Soma inkuru yose

Lionel Messi Yegukanye Igihembo cya Princess of Asturias 2026

Lionel Messi Yongeye Kwandika amateka yegukana igihembo cy’icyubahiro cya Princess of Asturias 2026,Lionel Messi yongeye gushimangira ko ari umwami w’umupira w’amaguru ku Isi nyuma yo kwegukana igihembo cy’icyubahiro cyanditse amateka cya Princess of Asturias Award for sports 2026. Iki gihembo gihabwa abantu cyangwa ibigo byakoze ibikorwa by’indashyikirwa, bifite akamaro katoroshye mu muryango mugari w’abantu binyuze…

Soma inkuru yose

Uko Idris Elba yahawe izina rya SIR n’umwami Charles lll

Umukinnyi w’icyamamare muri Sinema Sir Idris Elba ,yongeye kwandika amateka mashya nyuma yo guhabwa izina ry’icyubahiro rya Sir n’umwami Charles lll w’u Bwongereza .Muri uyu muhango ukomeye cyane wabereye mu Ngoro ya Windsor Castle,uyu mukinnyi w’imyaka 53 y’amavuko yashyizwe mu rwego rw’aba-Knights rushimangira umwanya afite mu ruhando rw’abanyacyubahiro b’u Bwongereza n’isi yose. Iri zina rya…

Soma inkuru yose

Urukundo rwa Rema n’umukunzi we

Umuhanzi w’icyamamare mu mudiho wa Afrobeats wo muri Nigeria ,Divine Ikubor uzwi nka Rema, yatangaje ko kuri ubu atandukanye n’umukunzi we kandi ko yahagaritse iby’urukundo ngo yiyubake.Mu kiganiro aherutse kugirana n’umunyamakuru w’icyamamare kuri YouTube,Korty EO, uyu musore wamenyekanye ku ndirimbo Calm Down yavuze ko yahisemo gufata ikiruhuko cy’igihe kirekire mu rukundo . Yagaragaje ko ubu…

Soma inkuru yose

Tsindira ltike y’lndege na SKOL Malt

Uruganda rwa SKOL Brewery Ltd Rwanda binyuze mu kinyobwa cyarwo cya SKOL Malt ,rwatangije ku mugaragaro poromosiyo y’imbonekarimwe yiswe Fly to the Home of Champions. Iyi gahunda igamije guha abakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda amahirwe yo gukabya inzozi ,aho uw’amahirwe azatsindira igihembo gikuru ,azahembwa urugendo rwishyuriwe byose(Itike y’indege) . Iyi poromosiyo yashizweho mu rwego nko…

Soma inkuru yose

Serena Williams w’imyaka 44 yagarutse mu Marushanwa ya Tennis

Umunyamerika Serena Williams akaba n’icyamamare ku rwego rw’isi mu mukino wa Tennis, yatunguye abantu benshi ubwo yemezaga ku mugaragaro ko yagarutse mu marushanwa akomeye akaba afite imyaka 44 y’amavuko. Ibi bibaye nyuma y’imyaka y’imyaka hafi ine yari ishize asezeye by’agateganyo mu kibuga ,aho umukino we wa nyuma yawukinnye mu irushanwa rya US Open muri 2022,aho…

Soma inkuru yose

Ubushinwa Buri Gupima ko Umuntu yabyarira Mu Isanzure

U Bushinwa bwatangaje ubushakashatsi bushya bwo kureba niba abantu bashobora kubyarira mu isanzure, ku Kwezi cyangwa kuri Mars.Muri ubu bushakashatsi u Bushinwa bwohereje insoro z’inkorano kuri sitasiyo y’isanzure ya Tiangong kugira ngo zigeragerezwe mu bidukikije bidafite rukuruzi kamere nk’iyo ku Isi. Abashakashatsi bavuga ko bifuza kumenya niba izi nsoro zishobora gukura neza mu isanzure nubwo…

Soma inkuru yose

Banki Nkuru y’u Rwanda yashyize ku isoko impapuro mpeshamwenda

Guverinoma y’u Rwanda ibinyujije muri Banki Nkuru y’u Rwanda yashyize ku isoko impapuro mpeshamwenda ,za Leta zifite agaciro ka miliyari 10 Frw ,zizamara imyaka 10 .Iki gikorwa kiri mu rwego rwo gukomeza gushaka amikoro azifashishwa mu bikorwa by’iterambere no guteza imbere ishoramari. Kugura izi mpapuro mpeshamwenda ,bizatangira kuwa 15 Kamena 2026 bikazarangira ku wa 17…

Soma inkuru yose