NIYOGAKIZA Rosine

Yampano na Vava mu makimbirane akomeye akomeje kuvugisha benshi ku mbugankoranyambaga

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 17 Gicurasi 2026 ,inkuru ivuga ku makimbirane hagati ya Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano n’umukunzi we vava yakomeje gukwirakwira cyane ku mbugankoranyambaga no mu bitangazamakuru byo mu Rwanda. Amakuru avuga ko Yampano na Vava, bamaze igihe bafite ibibazo bikomeye byageze aho umwe ashinja undi ibikorwa bikomeye birimo iterabwoba n’ubwumvikane…

Soma inkuru yose

Kigali yanyeganyejwe n’Imyidagaduro n’Imikino muri iyi mpera z’icyumweru

Mu mpera z’icyumweru kuri uyu wa 16 na 17 Gicurasi 2026 ,mu mujyi wa kigali n’inkengero zawo byari byuzuyemo ibikorwa bitandukanye by’imyidagaduro ,imikino n’umuco byitabiriwe n’abaturage benshi ndetse n’abakerarugendo . Mu bikorwa byaranze imyidagaduro n’imikino muri kigali ,harimo ibitaramo byasusurukije abakunzi b’injyana y’amapiyano ,ndetse n’ibindi birori byahuje urubyiruko n’abakunzi b’umuziki wo kuruhuka no gusabana muri…

Soma inkuru yose

ITEGEKO RIKUMIRA ABARI MUNSI Y’IMYAKA 16 GUKORESHA IMBUGA NKORANYAMBAGA

Minisiteri y’ikoranabuhanga n’udushya, kubufatanye n’izindi nzego zifite uburezi mu nshingano ziratangaza ko harimo gutegurwa uburyo abana bari munsi y’imyaka 16 bakumirwa gukoresha imbuga nkoranyambaga. Ibi byatewe no kuba abana basigaye bamara umwanya munini ku mbuga nkoranyambaga, cyane ko benshi bo muri icyo kigero baba bafite telefoni zabo cyangwa mudasobwa . Minisitiri w’ikoranabuhanga n’udushya Ingabire Paula,…

Soma inkuru yose

Inganzo Ngari bashyize ku mugaragaro icyabateye gusubiramo indirimbo yabo “Urunyenyeri”

Abagize itorero Inganzo Ngari ,bavuga ko icyabateye gusubiramo indirimbo izwi cyane ibyinwa mu bitaramo bitandukanye izwi nk’urunyenyeri, ari intego y’itorero ryabo kuko biyemeje gusigasira umuco binyuze mu mbyino gakondo ndetse bakawusakaza hirya no hino ku isi. Abahanga mu bijyanye n’indirimbo za gakondo ,bavuga ko indirimbo ya rubanda ari indirimbo iba yaramenyekanye uko ibihangano byasimburanaga, ku…

Soma inkuru yose

IBIKORESHO BY’IKORANABUHANGA BIKOMEJE GUHENDA KUBERA IKIBAZO CYA RAM

Ibiciro by’ibikoresho by’ikoranabuhanga nka Telefoni na Mudasobwa bikomeje kuzamuka cyane ku isi .ibi ahanini biraterwa n’ikibazo gikomeye cy’izamuka ry’ibiciro bya RAM( Random Access Memory),iri zamuka rishingiye ku miterere y’isoko ry’ikoranabuhanga muri uyu mwaka wa 2026. Ikigo cy’ubushakashatsi cya Gartner kigaragaza ko isoko ry’ ubwenge bw’ubukorano(AI) ryiyongereye cyane. Ibigo binini by’ikoranabuhanga nka Google,microsoft,na nvidia bikeneye RAM…

Soma inkuru yose

KING JAMES ASIZE AMATEKA MURI BK ARENA:

Umuhanzi King James yaciye agahigo ko kugurisha amatike yose (sold out) yigitaramo azizihirizamo imyaka 20 amaze muri Muzika nyarwanda .Iki gitaramo giteganijwe kuwa 1 Kanama 2026 ,ariko icyaje gutungura abantu ,nukuntu amatike yashize mu minsi itatu gusa . Ibyo byatumye abategura ibirori batekereza ko bakongeraho igitaramo cya kabiri ku munsi ukurikiraho .iki gitaramo gikomeje kuvugisha…

Soma inkuru yose

ITERAMBERE RY’UBUKUNGU N’ISOKO RY’IMARI N’IMIGABANE

Raporo nshya y’ikigega mpuzamahanga cy’imari (international monetary fund), cyerekanye ko u Rwanda ruri mu bihugu 5 byambere muri Afurika bifite ubukungu buri gukura cyane muri uyu mwaka wa 2026. Aho biteganijwe ko ruzakura kugipimo cya 7.2% bitewe n’ishoramari mu bukerarugendo, n’ikoranabuhanga. Ubukungu bw’ u Rwanda bukomeje kwerekana imbaraga zidasanzwe muri uyu mwaka wa 2026, bushingiye…

Soma inkuru yose

KING JAMES ASIZE AMATEKA MURI BK ARENA

Umuhanzi king James yashyizeho agahigo ko kugurisha amatike yose (sold out)yigitaramo azizihirizamo imyaka 20 amaze muri muzika nyarwanda .Iki gitaramo Giteganijwe kuwa 1 kanama 2026,ariko icyaje gutungurana nukuntu amatike yashizemuminsi itatu gusa. Ibyo byatumye abategura ibirori batekereza ko bakongeraho igitaramo cya kabiri ku munsi ukurikiraho,iki gitaramo gikomeje kuvugisha abantu batari bake bitewe n’uburyo abafana bakiteguye…

Soma inkuru yose