RIB yataye muri yombi umugabo ukekwaho gusambanya umwana amuhaye ibiceri 200f

Mukarere ka Rusizi umugabo wimyaka 56 yatawe muri yombi akurikiranweho gusambanya umwana wimyaka 12 amuhaye amafaranga 200frw akamusigaramo ijana kuko yari yamwemereye 300. Uyu mwana ageze iwabo ababyeyi be bamubajije aho yakuye ayo mafaranga avuga ko aruwo mugabo wayamuhaye akamusambanya ndetse ko azamuha irindi jana,uyu mwana yasambanyijwe nuyu mugabo ubwo yarimo gukina nabandi bana muri…

Soma inkuru yose

Umwanzuro usaba Tshiseke kutarenza manda yemerewe

Inteko ishinga amategeko ya Leta zunze ubumwe za America yatoye umwanzuro usaba Prezida Felix Tshisekedi kutarenza manda yemerewe ku mwanya wa perezida. Mu myanzuro yabagize inteko ya America bateganya ko ishobora gufasha Leta ya DRC kugarura amahoro n’ubwiyunge byabanye Congo,abagize inteko ya America basabye leta ya DRC guhana abantu bose banyereza imitungo batibagiwe nabarya ruswa,kuko…

Soma inkuru yose

“Umuntu uzongera kunyandagaza ndi ku rubyiniro nzamukubita”Winnie Nwangi

Umuhanzikazi Winnie Nwangi wo muri Uganda umaze kubaka izina mu muziki muri Africa cyane cyane muri Uganda yakubise urushyi umufana mugitaramo cyabereye i Ntungamo. Abantu bennshi cyane cyane abakoresha imbuga nkoranyambaga bakomeje kunenga uyu muhanzi kubwo gukubita umufana bavuga ko yitwaye nabi,nubwo uyu muhanzi akomeje kwihagararaho ko ari mukuri,kandi ibi si ubwa mbere bibaye kuko…

Soma inkuru yose

Rutsiro;umugabo yakubise nyirabukwe amukura iryinyo

Umugabo witwa Bazima innocent yakubise nyirabukwe amuziza ko amwambuye amafranga ibihumbi 138.000 frw,bikavugwa ko ayo mafaramga arayo yakoreye atwika amakara ya nyirabukwe witwa Kabanyana Sifora. Kabanyana Sifora yahaye akazi uwitwa Bazima ko gutwika amakara hanyuma aza kugenda amuha macye macye ariko akazi kaza guhagarara kumpamvu za Bazima,hanyuma Uyu Bazima aza kwishyuza ayo amaze gukorera uyu…

Soma inkuru yose

Icyatumye Annet Murava asohorwa mu rubanza rw’umugabo we Bishop Gafaranga

Umuriririmbyi w’indirimbo zo Guhimbaza Imana akaba n’umugore wa Bishop Gafaranga Annet Murava yasohowe mu rubanza ubwo yari yitabiriye urubanza rw’ubujurire bwe. Uyu munsi nibwo Bishop Gafaranga yaburanye ku bujurire bwe ku minsi 30 yagateganyo yakatiwe ubwo Yagezwaga ku rukiko rwisumbuye rwa Gasabo umugore we Annet Murava nawe yahise ahagera yinjira mu cyumba cyiburanisha, hamaze umwanya…

Soma inkuru yose

Bishop Gafaranga agiye kuburana ku bujurire

Uyu munsi kuwa 07/07/2025 Bishop Gafaranga agiye kuburana ku bujurire yatanze nyuma yo gukatirwa iminsi 30 y’agateganyo, Kuwa 23 gicurasi nibwo Urukiko rw’ibanze rwa Nyamata mu karere ka Bugesera rwakatiye Habiyaremye z uzwi kwizina rya Bishop Gafaranga iminsi 30 y’agateganyo agahita ajya gufungirwa i ririma mu gihe ategereje kuburana mu mizi urubanza aregwamo n’umugore we…

Soma inkuru yose

i Rubavu Abajura baguze ama Tike ahenze kugira ngo bacucure abo bicaranye

Birabaje kuba ugiye kwirira ubuzima ukaza kwibwa Telephone yawe cg ishakoshi,bimwe mu bizungerezi byitabiriye ibitaramo biri kubera i Rubavu muri ibi bihe by’ibiruhuko biri kurira ayo kwarika kubwo kubwa ibyabo nabajura bishiminaga. Police y’uRwanda yataye muri yombi abacyekwa gukoa ubujura muri ibi bitaramo,bakorweho iperereza bahanwe,Police ikomeje kwihanangiriza abakora ibyaha birimo ubujura ko babihagarika kuko batazihanganirwa….

Soma inkuru yose

Ibyaranze ubukwe bwa Vestine na Idriss

Kuri uyu wa gatandatu Ishimwe vestine yasezeranye imbere y’Imana n’umukunzi we Idriss wo muri Burukina faso ubukwe bwa Ishimwe vestine bwitabiriwe n’ibyamare bitandukanye haba mu muziki cinema n’abandi benshi higanjemo abakire,inshuti ze za hafi abo mumuryango we abo mumuryango wa Irene Murindahabi nabandi benshi cyane ndetse harimo nabatatumiwe bitewe namakuru bari bafite yuko ubukwe buribube…

Soma inkuru yose

QD yatanze ibyishimo mu gitaramo cya Iwacu muzika cyabereye i Musanze

Umuhanzi QD uherutse kongerwa mu bazataramira abitabiriye igitaramo cya iwacu muzika i Musanze yishimiwe bitunguranye ubwo yarageze ku rubyiniro nabafana be cyane cyane abakobwa n’abagore ubwo yaririmbaga indirimbo Apana yakoranye na Zeo yakoresheje imbaraga nyinshi cyane ndetse ubona ko nawe yari yishimiye kujya imbere yabakunzi be Uyu muhanzi uri mubatanga ikizere ko umuziki we ushobora…

Soma inkuru yose