Urwenya rwahujwe n’umuziki maze amata abyara amavuta mu gitaramo cya GEN Z COMEDY SHOW

Ku wa Kane, tariki ya 26.02.2026, ijoro ryaryoheye abitabiriye igitaramo cya GEN Z COMEDY SHOW (Iseka Rusange) kibera muri CAMP KIGALI.Ni igitaramo cyahuje urwenya n’umuziki, maze amata abyara amavuta, kirangwa n’akanyamuneza kenshi katewe n’uko abitabiriye babonye abahanzi bari bakumbuye. Saa moya z’ijoro (7:00 PM) zuzuye, ihema risanzwe riberamo iki gitaramo ryari rimaze kuzura, ndetse n’abantu…

Soma inkuru yose

Hadatunzwe itoroshi mu itangazamakuru rya sport imizinga yazabyara imyibano

Umunyamakuru wa siporo ukorera Rwanda Broadcasting Agency (RBA), Rugaju Reagan, yatangaje ko umubano we n’uwahoze ari mugenzi we Musangamfura Christian Lorenzo wamaze kugera ku ndunduro, ashimangira ko hari amakuru menshi amuziho ariko atarigeze ajya ahagaragara. Aba bombi bahoze bakorana muri Radio Rwanda, mbere y’uko Lorenzo ahava nyuma y’aho habaye umwuka mubi hagati yabo mu 2025,…

Soma inkuru yose

Harakurikiraho iki nyuma yo kwihanangirizwa kuri bimwe mubitangazaakuru bya sport?

Urwego rw’Abanyamakuru bigenzura , (Rwanda Media Commission – RMC) rwatangaje ko rwihanangirije mu nyandiko ibitangazamakuru bya SKFM ndetse na Isibo TV & Radio, rubisaba gukosora imyitwarire idahuye n’amahame agenga umwuga w’itangazamakuru, by’umwihariko mu biganiro bya siporo. Uku kwihanangirizwa bije bikurikira ibiganiro bitandukanye RMC yari imaze igirana n’abanyamakuru bakorera ibyo bitangazamakuru hamwe n’abayobozi babyo, rigamije kubibutsa…

Soma inkuru yose

Amakipe akomeye yakomeje, andi asezererwa muri FERWAFA Peace Cup

Irushanwa rya FERWAFA Peace Cup 2025-2026 ryarakomeje kumunsi wejo hakinwa imikino yo kwishyura ya preliminary round, hasozwa hamenyekana amakipe azakomeza n’asezerewe. Ni imikino yaranzwe n’ishyaka, guhangana gukomeye ndetse n’amarangamutima ku makipe yashakaga itike y’icyiciro gikurikira. Ku wa 10 Gashyantare 2026,Unity FC yatsinze Rutsiro FC igitego 1-0, maze mu penaliti Unity irusha Rutsiro 3-1 ihita ikomeza.Musanze…

Soma inkuru yose

BULL DOG Ashimangira ko Abaraperi Bakiri Bato Bari Kuzamura no Guhindura Isura ya Hip Hop Nyarwanda

Ejo hashize ku wa 03 Gashyantare 2026, kuri Mundi Center, inyubako iherereye mu Murenge wa Gikondo, Akarere ka Kicukiro, habereye ikiganiro n’itangazamakuru cyagarutse ku gitaramo cya Mic Tribe Season 3, giteganyijwe kuba ku wa 07 Gashyantare 2026 Iki kiganiro cyahuje abahanzi bazaririmba muri iki gitaramo gifite umwihariko wo kwibanda kuri Hip Hop, kuko kizitabirwa n’abaraperi…

Soma inkuru yose

RTN NA LUXEMBOURG AID BATANGIJE ICYICIRO CYA 13 CY’AMAHUGURWA YO KONGERERA UBUSHOBOROZI ABA-AGENT BA ITEME

Kigali, 26 Mutarama 2026 — Ikigo gitanga serisi zishingiye ku ikoranabuhanga, RTN (Rwanda Telecenter Network), ku bufatanye na Luxembourg Aid and Development, cyatanze amahugurwa y’iminsi itatu kuva kuwa 26 mutarama 2026 kugeza 28 Mutarama 2026, agamije kongerera ubumenyi n’ubushobozi aba-agent ba ITEME n’abandi bikorera bato. Aya mahugurwa, yiswe “RTN / ITEME Agent Empowering and On-Boarding…

Soma inkuru yose

Amatwî atumva ntiyigira: Menya byinshi utaruzi mugusomana ibyiza byabyo.

Ubushakashatsi bwinshi mu by’ubuzima bugaragaza ko Gusomana bigira uruhare runini mu mikorere y’ubwonko n’imibereho rusange y’umuntu. Ifoto iri kwifashishwa muri iyi nkuru igaragaza uko kurya bigira ingaruka nziza ku bwonko, bigatuma harekurwa imisemburo y’ingenzi ifasha umuntu kumva ameze neza haba mu mubiri no mu mitekerereze. Mu misemburo igira uruhare rukomeye harimo dopamine, oxytocin na serotonin,…

Soma inkuru yose

Byari bitangaje! Ubukwe bwa NIYO BOSCO na MUKAMISHA IRENE Buri kuvugisha Benshi

Byari ibyishimo n’amarangamutima menshi mu bukwe bwa Niyo Bosco na Mukamisha Irene bwabereye i Kigali Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 16 Mutarama 2026, mu busitani bwa Kaleb Garden mu Mujyi wa Kigali, habereye ubukwe bw’umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Niyokwizerwa Bosco uzwi nka Niyo Bosco n’umukunzi we Mukamisha Irene, mu muhango witabiriwe…

Soma inkuru yose

FIFA yashyizeho ibihano byo kudasinyisha abakinnyi bashya ku makipe menshi yo muri Afurika

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi, FIFA, ryatangaje ivugururwa ry’ibihano byo ku isoko ry’igura n’igurisha (transfer ban), aho amakipe menshi yo ku mugabane wa Afurika yabujijwe kwandikisha abakinnyi bashya kubera amakimbirane ajyanye n’imyenda itarishyuwe. Nk’uko bigaragara ku makuru yashyizwe hanze, aya makipe ari mu bihano kubera kutuzuza inshingano zo kwishyura amafaranga arebana n’abakinnyi cyangwa abandi bafatanyabikorwa…

Soma inkuru yose