

Perezida Kagame na mugenzi we wa Senegal bashimangiye ko urubyiruko ari rwo musingi w’ejo hazaza ha Afurika
Kigali – Mu ruzinduko rwa Leta rwa Perezida Bassirou Diomaye Faye w’igihugu cya Senegal mu Rwanda, Perezida Paul Kagame yagaragaje ko Afurika ifite urubyiruko rufite impano n’imbaraga zidasanzwe, ariko ashimangira ko rukwiye guhabwa umusingi uhamye n’uburyo burambye bwo gukoresha izo mbaraga mu nyungu z’iterambere ry’umugabane. Perezida Kagame yavuze ko we na mugenzi we Faye bahuzwa…

Kigali yitegura guhuza abakomanda b’ingabo z’Afurika mu nama ishobora guhindura isura y’umutekano w’umugabane
Kigali – uyu munsi Tariki ya 18 Ukwakira 2025 – U Rwanda rwatangaje ko rugiye kwakira ku nshuro ya kabiri inama y’abakomando b’ingabo za Afurika (Land Forces Commanders Symposium – LFCS), igamije kurebera hamwe uko ingabo zishobora kurushaho kugira uruhare mu kwimakaza amahoro n’umutekano ku mugabane. Iyo nama izabera i Kigali kuva ku itariki ya…

Nyarugenge: Imodoka ebyiri zagonganye zikubita namoto imbere y’Umurenge wa Nyakabanda
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, mu Karere ka Nyarugenge, Umurenge wa Nyakabanda, habereye impanuka y’imodoka ebyiri zagonganiye ahazwi nka High Table neza neza mumarembo yayo, hafi y’ibiro by’Umurenge. Amakuru ku byabaye atangazwa numunyamakuru wa mavete.com nkumumu waruhibereye avuga ko imodoka imwe yamanukaga iva ku murenge igonganye n’indi yavaga ahazwi nko kwa Kibonke, zikubitana…

Amakipe yo muri Sudan yasabye gukina muri Shampiyona y’u Rwanda
Amakuru yizewe Dukesha Imvaho nshya agera kumunyamakuru Mucyo felicien wa mavete.com aravuga ko amakipe abiri Manini yo muri Sudan — Al Hilal Omdurman na Al Meirrikh SC — yasabye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) uruhushya rwo gukina muri Rwanda Premier League y’uyu mwaka w’imikino nayo akitabira . Aya makipe yo mu cyiciro cya mbere…

Bugesera: Babiri bahitanywe n’inyama zipfushije.
Mu murenge wa Ntarama, Akagari ka Kanzenze mu Karere ka Bugesera, haravugwa inkuru y’umuryango w’abantu bane bariye inyama zamatungo (inkoko) zipfushije, babiri muri bo bakahasiga ubuzima ako kanya abandi bakajyanwa igitaraganya kwa muganga kugirango bitabweho hakiri kare. Amakuru yemezwa n’abaturage avuga ko abo bantu bari basanze izo nyamaswa zipfushije zijugunywe hafi y’ingarani, bakazitekera bazi ko…

Huye: Abanyeshuri basaga 9500 basoje amasomo muri Kaminuza y’u Rwanda
Kuri uyu wa Gatanu, tariki 17 Ukwakira 2025, muri University of Rwanda – Huye Campus habereye ibirori by’itangwa ry’impamyabumenyi (graduation) ku banyeshuri barenga 9,500 (gore 4,204) na (gabo 5,322) * hario College of Education: 2,554 * College of Science and Technology: 1,688 * College of Arts and Social Sciences: 1,006 * College of Business and…

Rwanda Land Management and Use Authority yahagaritse ikoreshwa rya ‘procurations’ mu ry’ubutaka
Kigali – Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubutaka (NLA) cyatangaje ko cyahagaritse burundu ikoreshwa rya procurations (ububasha buhabwa undi muntu ngo akorere nyir’ubutaka ibikorwa byokumuhagararira cyangwa hererekana umutungo ), nyuma yo gusanga ari inzira ikoreshwa n’abantu benshi mu bikorwa by’uburiganya no kwambura abandi ubutaka bwabo. Iyi ngamba ije nyuma y’igenzura ryimbitse ryakozwe n’Ikigo cy’Ubutaka ku rwego rw’igihugu,…

Kamonyi: hongeye kubera impanuka ikomeye umuntu1 ahise apfa
Kamonyi – Mu masaha make nyuma y’indi mpanuka yaraye ihabereye mugace ko ku Ruyenzi murako karere, hongeye kubera indi mpanuka mbi cyane ikomeye kuri uyu wa Kane , ahazwi nka Bishenyi abahazi ni hafi yurugabano rwa Kigali, ubwo imodoka itwara abagenzi ya kompanyi RFTC yo mu bwoko bwa Coaster, ifite nimero RAC 174W, yagonze umugenzi…

Leta y’u Rwanda yatangije gahunda nshya yo kuvugurura urwego rw’amabanki hagamijwe gushyira umuturage ku isonga
Kigali – Leta y’u Rwanda yatangije gahunda y’ingenzi yo kuvugurura imikorere y’urwego rw’amabanki mu Rwanda nyuma y’uko isesengura ryihariye ryagaragaje ko uburyo amwe mu mabanki akoramo bugaragaza gushyira imbere inyungu zayo bwite kurusha inyungu z’abaturage kandi aribo baziye . Iyi gahunda iraganirwaho ku mugaragaro kuri uyu wa Kane mu nama irabera muri Kigali Convention Center…

Perezida Museveni yunamiye Rt. Hon. Raila Odinga, amwita intwari ya Pan-Africanisme
Kampala, 15 Ukwakira 2025Perezida wa Repubulika ya Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yihanganishije abaturage ba Kenya nyuma y’urupfu rwa Rt. Hon. Raila Amolo Odinga, wabaye Minisitiri w’Intebe wa Kenya, amwita “umurwanyi w’ubwigenge n’intwari y’ubumwe bwa Afurika.”Mu itangazo yasohoye kuri uyu wa Kabiri, Museveni yavuze ko inkuru y’urupfu rwa Odinga yamugezeho “n’agahinda kenshi,” ashimangira ko Odinga atari…