

Iyo nzira ica iwanyu? “Yolo the Queen asubiza umufana”
Umugore Yolo the queen umenyerewe mu myidagaduro yaganirije abamukurikira atanga rugari kubifuza kumubaza ibibazo bashaka akagenda abasubiza binyuze mubutumwa bugufi chat hanyuma akabisangiza abamukurikira. Umwe mu bafana be yamubwiye kuyoboka inzira y’ubugingo akava mu byaha yagize ati Va mu byaha ukizwe kuko inzira y’umunyabyaha ari urupfu ariko inzira y’umukiranutsi n’ubugingo buhoraho. Yolo the queen nta…

Ibyaranze ibirori bya Bwiza
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki 9 Kanama 2025, Kigali Universe yabaye urwibutso rw’akataraboneka mu birori bya “Bwiza Gala Night”, aho umuhanzikazi w’icyamamare Bwiza Emerance yizihije isabukuru ye y’imyaka 26 ndetse n’imyaka ine amaze mu muziki.Iki gitaramo cyari cyuzuyemo ibyishimo, impano, ndetse n’ibyamamare bitandukanye byatambutse ku itapi itukura, byerekana ko uyu muhanzikazi amaze…

The Ben yarijije abakobwa mu gitaramo cya Giants of Africa
Ubwo umuhanzi Mugisha Benjamin yageraga ku rubyiniro abenshi biganjemo igitsinagore bahagurutse bamwakirana urugwiro n’amarangamutima menshi kuburyo hari nabasutse amarira kubera urukundo bakunda uyu muhanzi The Ben,mbere yo kuririmba iyi aheruka gushyira hanze, yahamagaye abasore n’inkumi bumva batewe ishema n’imibiri yabo, baza kuyiririmba no kuyibyinana na we ku, Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben ni we…

Kamonyi;Yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana we
Umugabo wimyaka 42 yatawe muri yombi arakekwaho gusambanya umwana we yibyariye’uwo mwana afite imyaka 9 y’amavuko. Kuruyu wa 26 Nyakanga 2025 mu karere ka Kamonyi umurenge wa Nyamiyaga akagali ka Kidahwe umudugudu wa Rugwiro umugabo wimyaka 42 akurikiranweho gusambanya umwana we yimyariye wimyaka 9,amakuru mavete.com ifite nuko uwabonye uyu mugabo amusambanya yapfukaga umunwa ngo uyu…

Ihererekanyabubasha kuri Minisitiri mushya
Umuhango wabaye ku wa 25 Nyakanga 2025, witabirwa n’abaminisitiri batandukanye barimo uw’Imari n’Igenamigambi, uw’Ibikorwaremezo, uw’Ubutabera na Minisitiri mu Biro bya Minisitiri w’Intebe. Minisitiri Dr. Justin Nsengiyumva, yashimiye Perezida Kagame wamuhaye inshingano zo kumufasha kugeza ku Banyarwanda gahunda n’ibyiza yabemereye cyane cyane mu gushyira mu bikorwa gahunda y’Igihugu yo kwihutisha iterambere. Ati “Mu Banyarwanda barenga miliyoni…

Ubu ndi guhumeka umwuka w’iNyarugenge”Burikantu yafunguwe”
Akanyamuneza nikose kubakunzi n’inshuti abavandimwe ba Mwitende Abdl uzwi nka Burikantu nyuma yuko yari amaze iminsi 4 afunzwe, uyu musore yari akurikiranweho gufungirana abakobwa munzu bari bamusuye ngo abafashe Uko batangira gukora ibiganiro bya Social media. Uyu munsi kuwa 25 Nyakanga nibwo Burikantu yafunguwe kuko umukobwa wari wamureze yanditse avuga ko ibyabaye nta kibazo abifiteho….

RDB ifashe icyemezo cyo gufunga hotel Chateau le Marara
Nyuma yo kugenzura hotel Chateau le marara iherereye ku Kibuye byagaragaye ko iyi hotel ikora muburyo bunyuranyije n’amategeko ndetse ko guhera kuruyu wa 22 Nyakanga ihagarika ibikorwa byayo byo kwakira abayigana,gukora nyuma yiyi taliki bizafatwa nkagasuzuguro. Muminsi ishize nibwo abakoresha imbuga nkoranyambaga bibazaga niba ibivugwa kuriyi hotel bijyanye na serivisi mbi zirimo nisuku nke niba…

Marina yongeye kurikoroza ku mashusho yashyize hanze agaragaza imiterere ye
Abantu benshi bacitse ururondogoro bavuga ku mashusho Marina yasangije abamukurikira agaragaza imiterere ye,namashusho marina yafatiye mu cyumba cye agaragaza ikariso ndetse anakurura umushumi wikariso kugira ngo yerekane uko ateye. Muri ayo mashusho haraho akurura isutiye ashaka kugaragaza mugituza cye,namashusho atavugwaho rumwe kubakoresha imbuga nkoranyambaga, bamwe bashima ko ateye neza abandi bamugaya ko yataye umuco ndetse…

Umunyarwenya uzwi nka Burikantu yatawe muri yombi
Umunyarwenya Burikantu yatawe muri yombi akurikiranweho gufungirana abakobwa munzu abamo.Amazina ye bwite yitwa Mwitende Abdoulkarim usanzwe akorana na mugenzi we Buringuni mu myidagaduro cyane cyane urwenya. Kuwa 20 nyakanga 2025 uyu musore yatawe muri yombi na RIB akurikiranweho gufungirana abakobwa 2 munzu kubushake, aba bakobwa bari bagiye kumureba ngo abafashe kugira ngo batangire bakore ibiganiro…

Tumwe mu dushya twaranze igitaramo cya Iwacu muzika cyabereye i Nyagatare
Kuruyu wa 19 nyakanga 2025 mu karere ka Nyagatare habereye igitaramo cya iwacu muzika,nigitaramo kitabiwe n’ibihumbi byinshi byiganjemo urubyiruko rutuye hirya no hino muturere two mu ntara Y’uburasirazuba. Abanyarwenya barimo Kanyombya,Burikantu na Buringuni bari mukoze udushya twanyuze abafana babo cyane cyane cyane mumihanda bagenda berekeza aho igitaramo kirimo kubera,banyuzagamo,ubwo bageraga muri aka karere bakiwe bikomeye…