Arsenal mumpuruza namarenga ko ntawuzayihagarika kugikombe ,Mbese ninde uzayihagarika?

Ikipe ya Arsenal irimo kunyura mu mwaka udasanzwe, yerekanye urwego rwo hejuru mu mikino itandukanye yo mu Bwongereza n’i Burayi. Mu mikino imaze gukina, yatsinze 24, inganya 3, itsindwa 2 gusa, ibintu bigaragaza ikipe ifite icyerekezo,ndetse benshi badahwema kuvuga ko iri gutanga amarenga ko igikombe ari icyayo. Uyu mwaka watangiye Arsenal itanga ubutumwa bukomeye, itsinda…

Soma inkuru yose

Ibyabereye Kigali i Kanombe Alikiba na Shaffy Music Bakiriwe mu Buryo Budasanzwe na Kevin Kade na Christopher

Mu ijoro ryo ku wa 29 Ukuboza 2025, ni bwo umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Bongo Flava, uvuka muri Tanzania, Ali Saleh Kiba wamamaye ku rwego mpuzamahanga nka Alikiba, yageze mu Rwanda anyuze ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali (Kanombe) ahagana saa 8:30 z’ijoro. Uyu muhanzi wubatse izina rikomeye mu muziki wa Afurika yaje mu…

Soma inkuru yose

Byakomeye mu Muziki Nyarwanda! Juno Kizigenza Yiyongereye mu Nkundura Ihanganishije Igisamagwe The Ben na 001 Bruce Melodie

Kugicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 27 Ukuboza 2025, ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye hatangiye gucicikana amafoto yaturutse ku rukuta rwa Instagram rw’umuhanzi Kwizera Bosco uzwi nka Juno Kizigenza, umwe mu bahanzi bamaze kubaka izina rikomeye mu muziki nyarwanda Muri ayo mafoto, Juno Kizigenza yagaragaye akandagiye umutwe w’inyamaswa y’intare, ku rundi ruhande agaragaza inkweto…

Soma inkuru yose

Amateka mashya muri Hip Hop nyarwanda TAFF GANG Yiyunze nabakunze ba HIP HOP Young Grace yunamiye Jay Polly

Tariki ya 26 Ukuboza 2025, ahagana saa 7:00 z’ijoro, abakunzi b’umuziki wa Hip Hop n’abandi batandukanye batangiye kwerekeza kuri Zaria Court, inyubako iherereye mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Remera, hepfo ya Petit Stade. Kuva ku bato kugera ku bakuru, mu byiciro byose birimo abayobozi n’abayoborwa, bose bari bahuriye ku gikorwa cyari gitegerejwe na benshi:…

Soma inkuru yose

Kabaye Daaaa… Bisubiwemo! APR FC yegukanye amanota i Muhanga, Police FC ikomeza kuyobora Shampiyona

Umunsi wa 13 wa Rwanda Premier League waranzwe n’imikino ishimishije, ibitego byinshi n’impinduka ku rutonde rw’agateganyo, aho amakipe akomeye yakomeje guhatanira imyanya ya mbere. Ku kibuga cya AS Muhanga, APR FC yagaragaje ubunararibonye bwayo itsinda AS Muhanga ibitego 2-1, iyi kipe y’Ingabo ikomeza kuguma mu makipe akurikirana hafi umwanya wa mbere ubu ikaba isoje iri…

Soma inkuru yose

Perezida wa FIFA Gianni Infantino kunshuro ye yambere yitabiriye umukino wa Rwanda Premier League

Kuri uyu wa Gatanu guhera saa cyenda z’Igicamunsi, Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, ari kumwe na Shema Fabrice ushinzwe Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ndetse na Mukazayire Nelly wari uhagarariye Minisiteri ya Siporo, bitabiriye umukino w’umunsi wa 13 wa Rwanda Premier League wahuje Gasogi United na AS Kigali kuri Stade ya Kigali Pelé. Uyu…

Soma inkuru yose

Abagore barize mu gitaramo cya Israel Mbonyi

ubwo umuhanzi Israel Mbonyi ubwo yageraga imbere ku rubyiniro abantu benshi biganjemo igtsina gore bavugije impundu ndetse bamwe basuka amarira yibyishimo bagargaza urukundo bakunda uyu muhanzi. Icyambu 4 kiba buri mwaka cya israel Mbonyi gikunze kwitabitwa nabantu benshi kuburyo bamwe basubirayo batarebye icyabazanye kuko ama tickets aba yashize, ndetse no kuruyu wa 25,12,2025 niko byagenze…

Soma inkuru yose

Ese Rayon sports yaba igiye gukemura ikibazo yari ifite kubakinnyi bo hagati?

Umukinnyi mpuzamahanga w’Umurundi Faustin Likua Kitoko Pizzalo, wamamaye mu ikipe ya Flambeau du Centre, yamaze kugera mu Mujyi wa Kigali ku munsi w’ejo, aho yaje kurangizanya ibiganiro n’ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports FC. Amakuru yizewe agera ku Kinyamakuru cyacu avuga ko uyu mukinnyi ukina mu kibuga hagati yugarira (defensive midfielder) ari mu biganiro bya nyuma…

Soma inkuru yose

Ibihembo bya Isango na Muzika Awards 2025 Byongeye Gushyushya Ihangana rya The BEN na Bruce Melodie

Ku wa 21 Ukuboza 2025, guhera saa moya z’ijoro (7:00 PM) kugera saa mbiri n’igice (8:30 PM), nibwo ibyamamare bitandukanye mu myidagaduro nyarwanda no hanze yayo byatangiye kugera muri Camp Kigali, ahabereye ibirori bisoza Ibihembo bya Isango na Muzika Awards 2025 Ni ibirori byari byitezwe cyane, kuko byari bihurijemo abahanzi, aba-producer, abanyamakuru, abakunzi b’umuziki n’abandi…

Soma inkuru yose

Ukuri kuri moto za spiro

Nakoze urugendo na Moto ya Spiro hamwe na motari Emmanuel antekerereza imikorere ya moto za spiro Umunsi wanjye watangiye mu buryo butangaje. Nari muri Nyabugogo, ntegereje gutangira urugendo rwanjye rujya Inyamirambo , kandi nari kumwe na motari Emmanuel, umaze umwaka umwe atwara moto ya Spiro. Ku buryo bw’ako kanya, nifuje kubasangiza inkuru yange na motari…

Soma inkuru yose