Perezida wa Somalia yahumurije Omar Artan nyuma yo kwangirwa kwinjira muri Amerika.
Perezida wa Somalia, Mohamed Farmaajo, yatangaje ko yagiranye ikiganiro kuri telefoni n’umusifuzi mpuzamahanga Omar Artan nyuma y’uko yangiwe kwinjira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ibintu byamubujije kuzuza inzozi ze zo gusifura Igikombe cy’Isi cya 2026. Perezida Farmaajo yavuze ko yifuje kumwereka ko igihugu cyose kimuri inyuma muri ibi bihe bikomeye, anamwibutsa ko akomeje kuba…

