Abakeba barahinda umushyitsi! MURERA yazanye Umunya-Misiri na Rutahizamu w’Umunya-Uganda

Ikipe ya Rayon Sports (MURERA) yiteguye kwinjira mu mwaka w’imikino iri gutanga ubutumwa bukomeye ku bahanganye na yo, aho bigaragara ko uyu mwaka ushobora kuba mahwi ukanaba mubi ku makipe menshi bizahura. Nyuma yo gukomeza kwiyubaka ku rwego rw’ubuyobozi n’abakinnyi, MURERA noneho yatangiye no gutunganya neza urwego rw’ubutoza, ibintu byakunze kuyigora mu bihe byashize. Amakuru…

Soma inkuru yose

Gicumbi: Abana batatu bo mu muryango umwe bapfiriye mu iturika rya gerenade i Cyumba

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 16 Ukuboza 2025, ahagana saa tatu, habaye inkuru ibabaje mu Murenge wa Cyumba, Akarere ka Gicumbi, aho abana batatu bo mu muryango umwe bapfiriye mu iturika rya gerenade. Aya makuru yemejwe ku mugaragaro n’Umuyobozi w’Akarere ka Gicumbi, Nzabonimpa Emmanuel, watangaje ko iryo turika ryabereye mu gace…

Soma inkuru yose

Rayon Sports yemeje umutoza mushya: Umufaransa Bruno Ferry aragera i Kigali gusinya amasezerano

Ikipe ya Rayon Sports ikomeje gushyira mu bikorwa umushinga mugari wo gutegura umwaka w’imikino wa 2026, aho yemeje ko umutoza w’Umufaransa Bruno Ferry, wahoze atoza amakipe akomeye nka AZAM FC yo muri Tanzania na AS VITA CLUB yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ategerejwe i Kigali kuri uyu wa Kane nimugoroba kugira ngo asinye…

Soma inkuru yose

THE BEN NA BRUCE MELODIE BANDITSE AMATEKA MASHYA MU MYIDAGADURO NYARWANDA BINYUZE MU KIGANIRO CYABEREYE MURI KIGALI CAR FREE ZONE

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 15 Ukuboza 2025, mu mbuga ngari z’Umujyi wa Kigali zizwi nka Kigali Car Free Zone hatangiriye urugendo rushya rwo kwandika amateka akomeye mu myidagaduro nyarwanda, binyuze mu kiganiro n’itangazamakuru cyahuje abahanzi bakomeye The Ben na Bruce Melodie.Guhera ahagana saa sayine za mu gitondo (10:00 AM), abanyamakuru b’ibitangazamakuru bitandukanye, abakora…

Soma inkuru yose

Rutsiro FC ihagaritse urugendo rwa Al Hilal SC idatsindwa

Ikipe ya Rutsiro FC yakoze amateka muri Rwanda Premier League itsinda Al Hilal SC ibitego 2-1 mu mukino Al Hilal SC yari yayakiriyemo wabereye kigali pele stadiumu.wari urimo ishyaka, ubuhanga n’amarangamutima menshi, ihagarika urugendo rwa Al Hilal SC yari imazemo imikino myinshi idatsindwa muri uyu mwaka w’imikino. Uyu mukino wabereye ku kibuga cya Al Hilal…

Soma inkuru yose

AFC/M23 Announces Refugee Returns, Ceasefire Readiness in New Communiqué

The Alliance Fleuve Congo/Movement of March 23 (AFC/M23) has released an official communiqué outlining a series of humanitarian and security-related decisions it says are aimed at easing tensions and improving civilian protection in eastern Democratic Republic of Congo. In the statement dated December 15, 2025, and issued from Uvira, the group announced that it has…

Soma inkuru yose

President Kagame Holds High-Level Talks on Strategic Investments with Global Business Leaders

This afternoon at Urugwiro Village, President Paul Kagame held a high-level meeting with prominent international investors to explore strategic investment and development opportunities in Rwanda, reinforcing the country’s position as a leading destination for global capital and innovation. The meeting brought together Mohamed Ali Janah, Group Chairman of Hotels and Resorts Investment Maldives and Chairman…

Soma inkuru yose

Miss Naomie Nishimwe yamuritse igitabo cye More Than a Crown mu birori byitabiriwe n’ibyamamare

Miss Naomie Nishimwe yamuritse ku mugaragaro igitabo cye cya mbere cy’inkuru-mvugo (memoir) yise More Than a Crown, mu birori byiza kandi byari byitabiriwe n’abantu batandukanye b’ibyamamare mu myidagaduro, itangazamakuru, n’abagize sosiyete sivile. Ibi birori byabaye intambwe ikomeye igaragaza ko atari ikimenyetso cy’ubwiza gusa, ahubwo ari n’umuyobozi ufite ubutumwa, intego n’uruhare mu guhindura imibereho y’abandi. Ibi…

Soma inkuru yose

Bugesera fc yahaye isomo Rya Ruhago Rayon sport iyibutsa ko nayo ibyabaye itabyibagiwe

Mu mukino w’amatsiko wakiniwe kuri stade ya Bugesera, ikipe ya Bugesera FCyahaye isomo ikipe ya Rayon Sports iyitsinda nagasuzuguro kenshi 2-1,ni nimugihe abafana ba Rayon sport murera bari batambukije ubutummwa bavuga ko ibyabaye ubushize batabyibagiwe, nyamara kandi ikipe ya bugese nuko yari yarayitsinze 2-1 ubushize maze abafana ba murera batera amabuye , nanone yongeye irayisubira…

Soma inkuru yose