Nyambo mu nzira zo Kwiyahura

Umukinyikazi wa Filime nyarwanda uzwi nka Nyambo ari mugahinda gakabije bishobora no gutuma yiyahura bitewe namagambo akomeje kumuvugwaho ku mbuga nkoranyambaga. Muri iyi minsi ku mbuga nkoranya mbaga hari gukwirakwira amajwi yumwe mu bakobwa bavanga imiziki hano mu Rwanda uzwi nka Dj crush ayo majwi yagiraga ati ”mfite inshuti yanjye yumukobwa inuka kandi uwo mukobwa…

Soma inkuru yose

Bombori Bombori Zirarangiye Hagati ya The Ben na Bruce Melodie Biyemeje Amahoro 2026

Nyuma y’impaka nyinshi no gupingana kwabaye hagati y’abafana babo ndetse n’abahanzi ubwabo, The Ben na Bruce Melodie bafashe icyemezo cyo kubishyiraho iherezo, nubwo byatwaye igihe kirekire.Izi mpaka zatangiye hashize imyaka igera kuri itandatu, ubwo ku mbuga nkoranyambaga no mu itangazamakuru hatangiraga kwibazwa umuhanzi ukwiye gusimbura Meddy, wari umaze gusezera ku muzika w’isi akerekeza ku muzika…

Soma inkuru yose

Police fc yatsinze Gasogi nta nkuru

Kigali, Pele Stadium – 12 Ukuboza 2025 Ku munsi wa 11 wa shampiyona Rwanda Premier League, Police FC yatsinze Gasogi United igitego 1–0, mu mukino wakunzwe n’abakunzi b’umupira w’amaguru kubera umuvuduko n’ubuhanga byagaragajwe n’amakipe yombi. Elijah afungura amazamu ku munota wa 52’Nyuma y’igice cya mbere cyarimo gukumira cyane, Police FC yafunguye amazamu ku munota wa…

Soma inkuru yose

AL MERRIKH SC YATSINZE MARINE FC: DAOUDA BA ABAHESHA IBYISHIMO

Marine FC yo mu Rwanda ntiyabashije kwitwara neza mu rugendo rwayo rwa Rwanda premier league nyuma yo gutsindirwa na Al Merrikh SC igitego 1-0, mu mukino waberaga muri stade Pele stadium i nyamirambo. Ni umukino wari ukomeye cyane, wahuzaga amakipe yombi yaharaniraga kuzamuka kurutonde rwa championa. Igitego kime rukumbi nicyo cyabonetse mu mukino cyatsinzwe ku…

Soma inkuru yose

AL HILAL YANDIKIYE CAF ISABA GUHINDURA IKIBUGA CY’IMIKINO YA CHAMPIONS LEAGUE

Ikipe ya Al Hilal Omdurman yo muri Sudan iri mu bihe bikomeye nyuma y’uko itanze ubusabe bushya ku Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) isaba ko imikino yayo ya CAF Champions League yakwakirirwa muri Libya, aho gukomeza gukoresha Stade Amahoro i Kigali. Amakuru aturuka mu nzego zayo za siporo yemeza ko iki cyemezo gishingiye ku…

Soma inkuru yose

Al Ahly, ES Tunis, Zamalek… bose i Kigali! U Rwanda rugiye kwakira irushanwa rikomeye rya Volleyball

Kigali yongeye kwerekana ko ari umujyi wiyubatse kandi ushobora kwakira amarushanwa akomeye ku mugabane, nyuma y’uko Ishyirahamwe rya Volleyball mu Rwanda (FRVB) ku bufatanye n’Ishyirahamwe rya Volleyball rya Afurika (CAVB) ritangaje ko Africa Men’s Club Championship 2026 izabera mu Rwanda kuva tariki ya 20 Mata kugeza ku ya 3 Gicurasi 2026. Ni inkuru yanejeje abakunzi…

Soma inkuru yose

NIYO BOSCO YASEZERANYE N’UMUKUNZI WE MUKAMISHA IRENE MU RWEGO RW’AMATEGEKO I KINYINYA

Ku wa Gatatu tariki ya 10 Ukuboza 2025, ahagana mu ma saa (2:30 PM z’amasaha y’i Rwanda), umuhanzi w’inararibonye mu kwandika,kuririmba Gucuranga GITARI no kuramya Imana, Niyokwizerwa Bosco uzwi nka Niyo Bosco, yageze ku biro by’Umurenge wa Kinyinya mu karere ka Gasabo aje gusezerana imbere y’amategeko n’umukunzi we Mukamisha Irene Uyu muhanzi w’imyaka iri hagati…

Soma inkuru yose

RPL na Prostar Sports mu masezerano y’imyaka 3

Rwanda Premier League yatangaje ko yinjiye mu bufatanye bw’imyaka itatu na Prostar Sports International, bugamije kugeza ku Rwanda imipira yemewe n’uruhare mpuzamahanga izajya ikoreshwa mu mikino yose ya shampiyona guhera mu 2026. Ni ubufatanye bwitezweho kuzamura urwego rw’umukino w’amaguru no kunoza uburyo amarushanwa ategurwa. Iri tangazo ryasohotse ku wa 9 Ukuboza 2025, rivuga ko Prostar…

Soma inkuru yose

Alyn Sano Yeruye Avuga ku busugi bwe, Ubuzima bwe bwite no Kuri Perezida Paul Kagame Nibindi byavugishije abatari bake

Mu kiganiro gikunzwe na Benshi, Alyn Sano yagarutse ku buzima bwe bwite, Ibikorwa bye byamuzika, amateka afitanye n’ibihugu bitandukanye ndetse n’ibibazo byashyize benshi mu rujijo Umuhanzikazi Alyn Sano Shegnero, umwe mu bafite ijwi rikomeye mu muzika nyarwanda, yongeye kugarukwaho cyane nyuma y’ikiganiro yagiranye na Muyango kuri YouTube. Muri iki kiganiro cyarebwe n’abarenga 30,000 mu masaha…

Soma inkuru yose

Al Hilal SC Yisubije Igitinyiro Itsinda Mukura VS

Al Hilal SC yigaranzuye Mukura Victory Sports muri Rwanda Premier League nyuma yo gutwara amanota atatu yuzuye mu mukino w’umunsi wahuje aya makipe, itsinda 2-0 mu buryo bugaragaza imbaraga n’imyitwarire ya tekinike. Uyu mukino waranzwe n’intensité yo ku rwego rwo hejuru, ariko Al Hilal yerekanye ubushobozi n’ubukana nk’ikipe iri mu cyerekezo cyiza. Igitego cya mbere…

Soma inkuru yose