Urwibutso rw’urukundo Mbappe arashinjwa guta ikipe kubera Ester Exposito

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu ya Faransa n’ikipe ya Real Madrid, Kylian Mbappe, ari mu majwi y’abatari bake mu bitangazamakuru no kumbuga nkoranyambaga zikomeye. Ibi byerekeranye n’uko uyu mukinnyi yongeye kugaragara asohokana mu buryo bwa hafi cyane n’umukinnyi wa filime w’icyamamare ukomoka muri espagne, Ester Exposito. Inkuru y’urukundo rw’aba babiri yatangiye kuvugwa cyane mu ntangiriro z’uyu mwaka…

Soma inkuru yose

Niyigena Clément yumvikanye na Ceramica Cleopatra FC.

Myugariro w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Niyigena Clément, ageze ku ntambwe ya nyuma yo gutangira urugendo rushya muri ruhago yo hanze y’Igihugu nyuma y’amakuru avuga ko yamaze kumvikana n’ikipe ya Ceramica Cleopatra FC ikina mu Cyiciro cya Mbere muri Misiri. Aya makuru yatangajwe n’umunyamakuru wa RBA, Nkurunziza Emmanuel uzwi nka Ruvuyanga, umwe mu bakurikiranira hafi ibikorwa…

Soma inkuru yose

📈 Ibiciro Ku Isoko Mu Rwanda Byazamutseho 12.9% Muri Gicurasi 2026

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda, National Institute of Statistics of Rwanda, cyatangaje ko ibiciro by’ibicuruzwa na serivisi ku isoko byazamutse ku kigero cya 12.9% mu kwezi kwa Gicurasi 2026, ugereranyije n’ukwezi nk’uku k’umwaka wa 2025. Iyi mibare igaragaza ko ubuzima bukomeje guhenda ku baturage, bitewe n’izamuka ry’ibiciro mu nzego zitandukanye z’ingenzi abaturage bakenera mu…

Soma inkuru yose

Thierry Henry yandikiwe amateka muri New York: Umuhanda wamwitiriwe kubera ibigwi bye muri ruhago.

Umunyabigwi w’umupira w’amaguru Thierry Henry yongeye guhabwa icyubahiro gikomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma y’uko umwe mu mihanda yo mu Mujyi wa New York wamwitiriwe ku mugaragaro. Iki gikorwa cyabaye ku wa 10 Kamena 2026, kigamije guha agaciro uruhare rukomeye uyu Munyafaransa yagize mu iterambere rya ruhago muri uyu mujyi ndetse no muri…

Soma inkuru yose

Rwanda:Perezida Kagame yakoze impinduka mubagize guverinoma

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakoze impinduka mu nzego zitandukanye za Leta nk’uko bigaragara mu itangazo ryasohowe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe ku wa 10 Kamena 2026. Abagize Guverinoma Bashyizweho Minisiteri y’Ibikorwaremezo Damien Murwanashyaka yagizwe Minisitiri w’Ibikorwaremezo. Armand Zingiro yagizwe Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo. Col. Claudien Bizimungu yagizwe Umunyamabanga wa Leta muri…

Soma inkuru yose

⚖️ Colonel wa FARDC Yakatiwe Urwo Gupfa Azira Uruhare Mu Iyicwa ry’Impuguke za ONU

Urukiko rwa gisirikare muri Democratic Republic of the Congo rwakatiye igihano cy’urupfu umusirikare ufite ipeti rya Colonel mu ngabo za leta, nyuma yo kumuhamya uruhare mu mugambi wo kwica impuguke ebyiri z’United Nations ziciwe muri icyo gihugu mu myaka hafi icumi ishize. Iki cyemezo cyafashwe nyuma y’urubanza rumaze igihe kirekire rukurikirana iyicwa rya Michael Sharp…

Soma inkuru yose

Niyigena Clément yasigaye mu Misiri.

Myugariro w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Niyigena Clément, yongeye kuvugisha abakunzi b’umupira w’amaguru nyuma y’amakuru y’uko atasubiranye n’Amavubi mu Rwanda avuye mu Misiri. Nk’uko byatangajwe n’umunyamakuru Éphrem Kayiranga wari kumwe n’iyi kipe, Niyigena yasigaye mu mujyi wa Cairo hamwe na Biramahire Abeddy, mu gihe bagenzi babo bari bamaze gufata indege ibagarura mu Rwanda. Aya makuru yahise…

Soma inkuru yose

Indirimbo 10 za Bruce Melodie na The Ben z’amahitamo y’abafana

Ibitaramo by’amateka bya The Ben na Bruce Melodie mu Ntara z’u Rwanda n’icyizere cyinshi mj bafana ba muzika. Nyuma y’uko aba bahanzi bombi bafashe umwanzuro wo guhuriza hamwe imbaraga binyuze mu bitaramo biteguye mu bice bitandukanye by’igihugu, urutonde rw’indirimbo 10 z’amahitamo y’abafana nirwo rwitezweho gushyushya imitima y’abaturage bo mu Ntara. Izi ndirimbo zatoranyijwe hashingiwe ku…

Soma inkuru yose

RDC yatsinzwe na Chile mu mukino wa gicuti.

Ikipe y’Igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (Léopards) ntiyahiriwe n’umukino wa gicuti wayihuje na Chile, nyuma yo gutsindwa ibitego 2-1 mu mukino wabereye mu Bufaransa mu rwego rwo gukomeza imyiteguro y’amakipe yombi mbere y’Igikombe cy’Isi cya 2026. Ni umukino wari utegerejwe cyane n’abakunzi ba ruhago bo muri RDC, cyane ko iyi kipe ikomeje kubaka…

Soma inkuru yose

Gen Christian Tshiwewe yagejejwe imbere y’urukiko ashinjwa ubugambanyi.

Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), urubanza rwakuruye amarangamutima ya benshi rwatangiye kuburanishwa nyuma y’uko uwahoze ari Umugaba Mukuru w’Ingabo za FARDC, Gen Christian Tshiwewe Songesha, agejejwe imbere y’Urukiko Rukuru rwa Gisirikare i Kinshasa. Uyu musirikare wari umwe mu bayobozi bakomeye mu nzego z’umutekano ashinjwa ibyaha bikomeye birimo ubugambanyi, umugambi wo guhirika ubutegetsi bwa…

Soma inkuru yose