RDC yatsinzwe na Chile mu mukino wa gicuti.
Ikipe y’Igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (Léopards) ntiyahiriwe n’umukino wa gicuti wayihuje na Chile, nyuma yo gutsindwa ibitego 2-1 mu mukino wabereye mu Bufaransa mu rwego rwo gukomeza imyiteguro y’amakipe yombi mbere y’Igikombe cy’Isi cya 2026. Ni umukino wari utegerejwe cyane n’abakunzi ba ruhago bo muri RDC, cyane ko iyi kipe ikomeje kubaka…

