Ebola ikomeje guhitana ubuzima bwa benshi muri RDC.
Minisiteri y’Ubuzima muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko icyorezo cya Ebola gikomeje gukwirakwira mu buryo bwihuse, aho kugeza ku wa 4 Kamena 2026 abantu 452 bari bamaze kwemezwa ko banduye, mu gihe 82 muri bo bari bamaze guhitanwa n’iki cyorezo. Intara ya Ituri ni yo yibasiwe cyane, nubwo hari n’abarwayi bagaragaye muri…

