MBARUSHIMANA Gervais

Vestine na Dorcas batandukanye na MIE

Abahanzi b’abavandimwe Vestine na Dorcas baririmba indirimbo zo guhimbaza Imana batangaje ko bamaze guhagarika imikoranire yabo na MIE Empire, inzu yari ibafasha mu rugendo rwabo rwa muzika. Mu itangazo bashyize hanze none kuwa 13 Kamena 2026, bavuze ko MIE yari yababereye umufatanyabikorwa ukomeye kuva batangira gukora umuziki, ndetse bayishimira uruhare yagize mu iterambere ryabo. Bagize…

Soma inkuru yose

Aba Ofisiye 108 basoje amasomo i Nyakinama bagenewe Impanuro na Perezida Kagame

Umugaba mukuru w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda Perezida Paul Kagame, yasabye ba Ofisiye Bakuru 108 barangije amasomo mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Nyakinama kurangwa n’ubutwari, ubushishozi ndetse no kugira intego ibayobora mu nshingano zabo za buri munsi. Yabitangaje kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12 Kamena, mu muhango wo gutanga impamyabushobozi ku basoje ayo masomo…

Soma inkuru yose

Abanyeshuri barenga ibihumbi 74 batangiye ibizamini ngiro bya Leta

Kuri uyu wa 3 Kamena 2026 Minisiteri y’Uburezi yatangije ibizamini bya Leta, aho abagera ku 74,085 biga mu mashuri y’imyuga n’ubumenyi ngiro ndetse n’abakandida bigenga barimo gukora ibizamini ngiro. Ni ibizamini bizakorwa kuva ku wa 3 kugeza ku wa 22 Kamena 2026 n’abanyeshuri 70,504 biga mu mashuri asanzwe ndetse n’abandi 3,581 bigenga. Ku rwego rw’igihugu,…

Soma inkuru yose

Ubushinjacyaha bwasabiye Yampano gufungwa byagateganyo iminsi 30

Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro gufunga by’agateganyo iminsi 30 umuhanzi Uworizagwira Florien wamenyekanye nka Yampano mu gihe iperereza ku byaha akurikiranyweho rigikomeje. Ku cyaha cy’ubwinjiracyaha mu bwicanyi, Yampano yemeye ko bashyamiranye n’umugore bapfa ibihumbi 10 Frw yari agiye koherereza umukobwa wari umwitabaje ko arwaje umwana mu Bitaro bya Kacyiru. Icyo gihe umugore we ngo…

Soma inkuru yose

Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano yitabye urukiko rw`ibanze rwa kicukiro

Kuri uyu wa 2 Kamena 2026 umuhanzi Uworizagwira Florien wamamaye nka yampano yitabye urukiko rwibanze rwa kicukiro aho agiye kuburana ku ifunga nifungurwa ryagateganyo ku byaha akurikiranywe birimo n`ibyo guhohotera umugore we. Uyu muhanzi akurikiranyweho ibyaha birimo gukubita no gukomeretsa ku bushake, Gukoresha ibikangisho, Kwangiza ikintu cyundi, Kunywa ibiyobyabwenge, Ubwinjiracyaha ku cyaha cyubwicanyi, Gukoresha imvugo…

Soma inkuru yose

Umugabo wimyaka 43 yakubise umwana we ifuni arapfa

Ubushinjacyaha bwashyikirije Urukiko Rwisumbuye rwa Huye dosiye buregamo umusaza w’imyaka 43 ukekwaho gukubita ifuni umuhungu we w’imyaka 21 mu mutwe agahita anahasiga ubuzima. Ku itariki ya 17 Gicurasi 2026, ahagana saa tanu z’ijoro nibwo bikekwa ko iki cyaha cyakozwe kigakorerwa mu Mudugudu wa Kinombe, Akagali ka Gasumba , Umurenge wa Maraba, mu Karere ka Huye….

Soma inkuru yose

Perezida Paul Kagame yashimye PSG yo kwegukana igikombe cya UEFA Champions League

Ikipe ya Paris Saint Germain ifitanye imikoranire na Visit Rwanda, Nyuma yo gutsinda arsenal yegukanye Igikombe cya UEFA Champions League byatumye ishimirwa cyane na Perezida w`u Rwanda. Iyi nsinzi yagezweho nyuma yo gutsinda ikipe ya Arsenal yo mubwongereza penaliti 4-3 aho aya makipe yombi yari yabanje kunganya igitego 1-1 mu minota 90 y’umukino ndetse na…

Soma inkuru yose

Arsenal itakaje igikombe cya UEFA Champions League nyuma yo gutsindwa na PSG

Ikipe ya Paris Saint-Germain yatsinze Arsenal penaliti 4-3 nyuma y’uko aya makipe yombi anganyije igitego 1-1, ibi byahise bituma yegukana UEFA Champions League ku nshuro yayo ya kabiri yikurikiranya. Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 30 Gicurasi 2026 nibwo iyi kipe ya PSG yo mu bufaransa ikoze aya amateka. Puskás Aréna muri Hongrie niho uyu…

Soma inkuru yose

Hashyizweho izamurwa rusange ry’Imishahara ku Bayobozi bose bo mu nzego za Leta

Umuyobozi w’ishami muri serivisi za Leta mu Rwanda yashoboraga kuyobora abakozi, gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’intego, guhuza ibikorwa byo gutanga raporo, gusubiza ibibazo by’abagenzuzi no kwikorera umutwaro wo gushyira mu bikorwa gahunda za Leta, ariko agahabwa gusa amafaranga y’inyongera angana na 5% by’umushahara we fatizo. Niyo mpamvu Ku mpapuro, kuzamurwa mu nshingano byasaga n’aho ari…

Soma inkuru yose

Umubare w`ibirego by’abana batujuje imyaka basambanyijwe muri 2025 urenga 4100

Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB (Rwanda Investigation Board), rwemeje ko mu mwaka ushize wa 2025 hatanzwe ibirego bigeze kuri 4100 by’abana basambanyijwe kandi bari bataragira imyaka y’ubukure (18+). Ku wa 25 Gicurasi 2026, mu kiganiro cyateguwe na Minisiteri y’Uburinganire n’iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF) ku bufatanye nUrwego rwubugenzacyaha RIB nibwo ibi byagarutswe ho. Iki kiganiro cyateguwe mu buryo bwo…

Soma inkuru yose