Abakinnyi b’ikipe ya Barcelona biniguye maze icyari kibyimbye kirameneka

Umunsi wo ku cyumweru taliki ya 10 Gicurasi 2026 muri esipanye (spain) Nibwo habaye umukino ukomeye uzwi kwizina rya El Clásico aho uhuza Real Madrid na Barcelona. Muri uyumukino warangiye Barcelona itahanye amanota atatu ndetse igatwarira igikombe cya shampiyona (Laliga) mumaso ya mukeba nyuma yo gutsinda ibitego bibiri kubusa, abakinnyi ba Barcelona nibo bari batahiwe…

Soma inkuru yose

Abana 2 b’Abakobwa bafite impano idasanzwe muri Gospel basohoye indirimbo yabo ya mbere “Ninde”

Mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda hakomeje kugaragara impano nshya z’abana bato bafite ubushobozi budasanzwe. Muri abo harimo abakobwa babiri bazwi nka Sando na Fofo, bamaze igihe bagaragaza impano yabo mu kuririmba indirimbo za Gospel, none bakaba bamuritse indirimbo yabo ya mbere bise “Ninde”. Iyi ndirimbo ni imwe mu zifite ubutumwa bukomeye…

Soma inkuru yose

umuryango Ahawe women’s Hub(AWH) Wasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Nyanza ya Kicukiro

Ahawe Women’s Hub ni umuryango uharanira guteza imbere abagore, binyuze mugusangira ubumenyi n’amahirwe yo gukura no kugera ku ntego zabo. Ni ahantu ho gusangira ibitekerezo, gufashanya no kubaka ejo hazaza heza ,kuri uyu wa gatandatu taliki ya 25 mata 2026, Abanyamuryango ba Ahawe women’s Hub(AWH) basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 rwa Nyanza…

Soma inkuru yose

FERWAFA yahagaritse abakozi babiri b’umupira w’amaguru nyuma y’inkuru yavuzweho cyane kuri Gorilla FC

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko ryahagaritse by’agateganyo abakozi 2 b’umupira w’amaguru nyuma y’ibikorwa byabaye mbere y’imikino itandukanye ya shampiyona n’Igikombe cy’Amahoro. Mu itangazo FERWAFA yashyize hanze kuri uyu wa 24 Mata 2026, yavuze ko hashingiwe ku ngingo z’amategeko agenga imyitwarire mu mupira w’amaguru, hafashwe icyemezo cyo guhagarika by’agateganyo Bwana Olivier Ndatimana ushinzwe…

Soma inkuru yose

U RWANDA MUMAHIRWE AKOMEYE RUGIYE KWAKIRA CAVB Men’s Club Championship 2026

None kuwa 21 mata 2026, Mu nyubako ya BK Arena habereye ikiganiro n’itangazamakuru cyagarutse ku myiteguro ya Shampiyona Nyafurika y’Amakipe y’Abagabo muri Volleyball izwi nka CAVB Men’s Club Championship 2026, iteganyijwe kubera mu Rwanda kuva tariki ya 22 Mata kugeza ku wa 3 Gicurasi 2026. Iri rushanwa rigiye kuba ku nshuro ya 47, rikaba ritegerejweho…

Soma inkuru yose

Rayon sports yaguye miswi inganya na Al merrikh sc

None kuwa 16 werurwe 2026,Ikipe ya Rayon Sports yanganyije ubusa ku busa (0-0) na Al‑Merrikh SC mu mukino wa 24 wa shampiona y’umupira w’amaguru mu Rwanda, wabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa 1ku kibuga cya Kigali Pelé Stadium, utangiye saa 8:30 z’ijoro. Uyu mukino waranzwe n’ishyaka n’imbaraga ku mpande zombi, aho amakipe yagerageje gusatira izamu inshuro nyinshi ariko ntihagire…

Soma inkuru yose

Nta munyamahanga wemerewe kugura ubutaka mu Burundi – Perezida Ndayishimiye

Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yatangaje ko nta munyamahanga wemerewe kugura ubutaka muri icyo gihugu, ashimangira ko ubutaka ari umutungo rusange w’Abarundi udakwiye kugurishwa ku banyamahanga. Ibi yabivuze mu butumwa yagejeje ku Babarundi abibutsa ko ubutaka bwo mu Burundi ari umutungo w’igihugu ugomba kurindwa no kubungabungwa n’abaturage bacyo. Yavuze ko nta Murundi ufite ubutaka…

Soma inkuru yose

Mfunzwe nakumbuye igitsina ” Muchoma”

Umuhanzi uzwi kw’izina rya Muchoma uherutse gutabwa muri yombi akurikiranyweho gutangaza amakuru y’ibihuha nyuma yo gufungurwa byagateganyo yatangaje ko ikintu yakumbuye ari muri Gereza ari igitsina, aya namagambo abenshi mu bakoresha imbuga nkoranyambaga bagiye bayahererekanya abenshi bamunenga bati aho kugira ngo akumbure umuryango we ninshuti akumbuye imibonano mpuzabitsina. Uyu muhanzi usanzwe akorera muri Leta zunze…

Soma inkuru yose

Urwenya rwahujwe n’umuziki maze amata abyara amavuta mu gitaramo cya GEN Z COMEDY SHOW

Ku wa Kane, tariki ya 26.02.2026, ijoro ryaryoheye abitabiriye igitaramo cya GEN Z COMEDY SHOW (Iseka Rusange) kibera muri CAMP KIGALI.Ni igitaramo cyahuje urwenya n’umuziki, maze amata abyara amavuta, kirangwa n’akanyamuneza kenshi katewe n’uko abitabiriye babonye abahanzi bari bakumbuye. Saa moya z’ijoro (7:00 PM) zuzuye, ihema risanzwe riberamo iki gitaramo ryari rimaze kuzura, ndetse n’abantu…

Soma inkuru yose