Kylian Mpappe yavugirijwe induru n’abafana akinjira mukibuga Karahava.

Kylian Mbappé ni umwe mubakinnyi badakunzwe habe nagato n’abafana bikipe ya Real Madrid ibyo bikomeje kugaragarira mubikorwa bitandukanye abafana bagenda bakora aho icyo bashaka ngo arukumubona abavira mwikipe yabo Real Madrid akajyenda. Uyu mukinnyi ushijwa kuba ariwe nyirabayazana w’ibibazo byose Real Madrid ifite, babishingira kukuba kuva yaza ntagikombe na kimwe bari batwara mugihe ikipe yavuyemo…

Soma inkuru yose

Lionel Messi ntarashobora gutsinda igitego ku munota wa mbere w’umukino

Kuri ubu hari abakinnyi bake batsinze kuri buri munota wose w’umukino mu mupira w’amaguru ubwo n’ukuvuga kuva ku munota wa mbere kugera ku munota wa mirongo icyenda. Muri abo ushobora kugira ngo Lionel Messi abarimo kuko ari umukinnyi wa kabiri ufite ibitego byinshi nkuko FIFA ibigaragaza nyuma ya Crisitiano Ronaldo, ariko waba wibeshye kuko Lionel…

Soma inkuru yose

Inganzo Ngari bashyize ku mugaragaro icyabateye gusubiramo indirimbo yabo “Urunyenyeri”

Abagize itorero Inganzo Ngari ,bavuga ko icyabateye gusubiramo indirimbo izwi cyane ibyinwa mu bitaramo bitandukanye izwi nk’urunyenyeri, ari intego y’itorero ryabo kuko biyemeje gusigasira umuco binyuze mu mbyino gakondo ndetse bakawusakaza hirya no hino ku isi. Abahanga mu bijyanye n’indirimbo za gakondo ,bavuga ko indirimbo ya rubanda ari indirimbo iba yaramenyekanye uko ibihangano byasimburanaga, ku…

Soma inkuru yose

Premier League yatangaje abakinnyi n’abatoza bazatorwamo umwiza wahize abandi

Premier league yasohoye urutonde rwabakinnyi 8 bazavamo umukinnyi mwiza w’umwaka ndetse n’abatoza 6 beza bazavamo umutoza mwiza w’umwaka w’imikino 2025-2026 ndetse n’abakinnyi 8 bazatoranywamo umukinnyi mwiza ukiri muto aho atorwa hashingiwe kuko yitwaye mu mwaka wimikino. Muri abo bakinnyi uko ari umunani harimo abakinnyi 3 ba Arsenal aribo David Raya, Declan Rice na Gabriel Magalhaes…

Soma inkuru yose

Nikola Jokic yongeye gutangaza NBA; imibare ye muri Playoffs yakomeje gutungura benshi.

Mu gihe imikino ya kamarampaka ya NBA (National Basketball Association) ikomeje gufata indi ntera, Nikola Jokic wa Denver Nuggets yongeye kuba igicumbi cy’ibiganiro nyuma yo gukomeza kwitwara neza mu mikino ya Playoffs, ibintu bikomeje gutuma benshi bamufata nk’umwe mu bakinnyi bafite impano idasanzwe NBA yagize mu myaka ya vuba. Uyu munya-Serbia ukina nka center akomeje…

Soma inkuru yose

IBIKORESHO BY’IKORANABUHANGA BIKOMEJE GUHENDA KUBERA IKIBAZO CYA RAM

Ibiciro by’ibikoresho by’ikoranabuhanga nka Telefoni na Mudasobwa bikomeje kuzamuka cyane ku isi .ibi ahanini biraterwa n’ikibazo gikomeye cy’izamuka ry’ibiciro bya RAM( Random Access Memory),iri zamuka rishingiye ku miterere y’isoko ry’ikoranabuhanga muri uyu mwaka wa 2026. Ikigo cy’ubushakashatsi cya Gartner kigaragaza ko isoko ry’ ubwenge bw’ubukorano(AI) ryiyongereye cyane. Ibigo binini by’ikoranabuhanga nka Google,microsoft,na nvidia bikeneye RAM…

Soma inkuru yose

KING JAMES ASIZE AMATEKA MURI BK ARENA:

Umuhanzi King James yaciye agahigo ko kugurisha amatike yose (sold out) yigitaramo azizihirizamo imyaka 20 amaze muri Muzika nyarwanda .Iki gitaramo giteganijwe kuwa 1 Kanama 2026 ,ariko icyaje gutungura abantu ,nukuntu amatike yashize mu minsi itatu gusa . Ibyo byatumye abategura ibirori batekereza ko bakongeraho igitaramo cya kabiri ku munsi ukurikiraho .iki gitaramo gikomeje kuvugisha…

Soma inkuru yose

Muri shampiyona 5 zikomeye iburayi, mu bwongereza niho hatarasobanuka ibyaho.

Mugihe Umwaka w’imikino wa 2025 – 2026 urimo kurangira, muri shampiyo 5 zikomeye kumugabane w’uburayi aho muri shampiyona enye soze ibintu byasobanutse ndetse n’amakipe yatwaye ibyobikombe akaba azwi, mu bwongereza ho biratandukanye nyuma yaho ikipe ya Arsenal na Manchecter city zikomeje gukubana muminsi yanyuma ya shampiyona ngo hamenyekane izatwara ikigikombe cya shampiyona aho bakomeje kugenda…

Soma inkuru yose

Abandikishwa ko bapfuye mu Rwanda biyongeyeho 4%

Ikigo cy’Igihigu cy’Ibarurishamibare NISR (National institute of Statistics of Rwanda), cyerekana ko ko mu mwaka ushize wa 2025 Ababarujwe mu ko bapfuye bose hamwe mu irangamimerere ari 39,000 bangana na 50,4% mu gihe umwaka wari wawubanjirije wa 2024 hari habaruwe abangana na 46,2%. Ibi byose byatangajwe n`ikigo cy’Igihigu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda NISR (National institute of…

Soma inkuru yose