Ukraine irifuza kurangiza intambara ihanganyemo na Burusiya
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yongeye kugaragaza ubushake bwo kugirana ibiganiro imbonankubone na Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, hagamijwe gushaka umuti w’intambara imaze imyaka irenga ine ihanganishije ibihugu byombi. Mu ibaruwa ndende yandikiye Putin, Zelensky yavuze ko igihe kigeze ngo impande zombi zitangire ibiganiro byeruye byo gushakira umuti ikibazo cy’intambara, aho gukomeza gutegereza ko ibindi…

