Impinduka zikomeye mu bakinnyi bazifashishwa n`u Bufaransa mu Gikombe cy’Isi

Didier Deschamps Umutoza w’Ikipe y’u Bufaransa yemeje abakinnyi azifashisha mu Gikombe cy’Isi kizaba mu mpeshyi aho ubusatirizi bwe buzaba buyobowe na Ousmane Dembélé ufite Ballon d’Or iheruka ndetse na Mbappe. Uwinjije ibitego 57ariwe Olivier Giroud ni we mukinnyi wenyine urusha Mbappé ufite ibitego 56 mu Ikipe y’u Bufaransa ndetse uyu mukinnyi wa Real Madrid akaba…

Soma inkuru yose

Icyoreza cya Ebola cyongereye ubukana mu mugi wa Goma

Uyu munsi tariki 17/05/2026, Umujyi wa Goma uri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagaragayemo umurwayi wa mbere wa Ebola. Aya makuru yose yemejwe nuyobora Ikigo cya Republica iharanira Democracy ya Congo gishinzwe ubushakashatsi mubijyanye by’ubuvuz, Professor Jean Jacques Muyembe. Professor Jean Jacques yavuze ko umurwayi wambere wagaragaye i Goma yari umugore w’umugabo uherutse kwicwa…

Soma inkuru yose

SONARWA yamaze gushyiraho ubundi buryo bwiza bw’ubwishingizi butandukanye mu rwego rwo korohereza abatura Rwanda kwiteganyiriza no guteganyiriza ababo ejo hazaza heza.

Mu rwego rwo gukomeza korohereza abaturage kubona serivisi z’imari n’ubwishingizi zibegereye, abakozi n’abahagarariye (Agents) b’urubuga iteme.com rwa RTN | IREMBO hirya no hino mu Rwanda barimo guhabwa amahugurwa agamije kubafasha gutanga serivisi zitandukanye z’ubwishingizi. Aya mahugurwa arimo kubera mu ntara y’Iburasirazuba, Akarere ka Bugesera, Umurenge wa Mayange ahazwi nka Savanna Center, aha akaba ari naho…

Soma inkuru yose

Irene Agiye gukora ubukwe Ariko Aisha siwe mugeni!

Inkuru y’ubukwe bw’uyumunyamakuru Irene yamenyekanye muri ikigitondo taliki 16 Gicurasi 2026, ubwo yasangizaga abamukurikira amafoto aherekejwe n’igihe ububukwe buzabera maze kumbunga nkoranyambaga Abantu batungurwa no gusanga uwo bazabukorana atari Aisha ubarizwa muruganda rwa Cinema kuberako muminsi ishize bavugwa murukundo. Mu biganiro bitandukanye Aisha yagiye agaragaze urukundo afitiye Irene Abantu bagaherako bavuga ko bakundana kuko na…

Soma inkuru yose

LeBron James yongeye kuvugisha NBA nyuma y’amagambo yavuze ku hazaza he muri Lakers

Mu gihe Los Angeles Lakers yamaze gusezererwa muri playoffs, LeBron James yongeye kuba inkuru ikomeye muri NBA nyuma y’amagambo yavuze agaragaza ko ataremeza niba azakomeza gukinira Lakers cyangwa niba hari impinduka zishobora kuba mu mwaka utaha. Aya magambo yahise akwirakwira cyane mu bitangazamakuru bya siporo ndetse no ku mbuga nkoranyambaga, aho abafana benshi batangiye kwibaza…

Soma inkuru yose

Cleveland Cavaliers na Detroit Pistons bageze ku mukino wa nyuma ushobora guhindura byinshi muri NBA Playoffs.

Mu gihe imikino ya kamarampaka muri National Basketball Association ikomeje gufata indi ntera, Cleveland Cavaliers na Detroit Pistons bageze ku mukino wa karindwi nyuma y’uko uruhererekane rw’imikino rwari runganyije 3-3, ibintu byatumye abakunzi ba basketball ku isi batangira kuwita umwe mu mikino ikomeye cyane ya playoffs z’uyu mwaka. Ibi byakurikiye intsinzi ikomeye Detroit Pistons yabonye…

Soma inkuru yose

RSSB Tigers ikomeje gutera ubwoba muri BAL; abafana batangiye kwizera amateka mashya i Kigali.

Mu gihe imikino ya kamarampaka ya Basketball Africa League iri kugenda yegereza, RSSB Tigers ikomeje kuba imwe mu makipe ari kuvugisha cyane abakunzi ba basketball muri Afurika, cyane cyane nyuma y’imyiteguro ikomeye iyi kipe iri gukora mbere ya playoffs zizabera muri BK Arena. Mu Rwanda, abafana benshi batangiye kubona RSSB Tigers nk’ikipe ishobora gukora amateka…

Soma inkuru yose

Imyaka 10 irashize Mikel Arteta akiniye ikipe ya Arsenal umukino we wanyuma.

Umutoza w’ikipe ya arsenal akaba yaranayibereye umukinnyi, kuri uyumunsi taliki 15 Gicurasi 2026 imyaka 10 irahise akiniye iyi kipe nkumukinnyi wabigize umwuga umukino wanyuma. aho hari 15 Gicurasi 2016 akaba yarakinaga mubo hagati. Uyu mutoza wa arsenal kuru ubu, yatangiye gukina umupira w’amaguru mw’ ikipe y’abakiri bato ya Barcelona aho hari mu 1999 -2002 aho…

Soma inkuru yose

Mbere yo Kugura Ikinyabiziga cy’Amashanyarazi muri Kigali: Dore Ibintu 5 by’Ingenzi Ugomba Kumenya Bwa Mbere

Isoko ry’imodoka n’amamoto bikoresha amashanyarazi (E-Mobility) muri Kigali riri gukura ku muvuduko ukomeye cyane muri uyu mwaka wa 2026. Kubera izamuka rya hato na hato ry’ibiciro by’ibitoro, abashoferi n’abatwara abagenzi benshi bari guhindura imyumvire bakayoboka ikoranabuhanga rishya. Gusa, guhindura ikinyabiziga usanzwe umenyereye ukayoboka icy’amashanyarazi bisaba ubushishozi bwihariye. Ibinyamakuru byo mu Rwanda bikunze kuvuga ku byiza…

Soma inkuru yose