Abaturage batwitse ibice by’ivuriro abarwayi ba Ebola baratoroka Muri Congo (RDC)

Ituri muntara y’uburasirazuba ya leta iharanira Demokarasi ya Congo, Ku wa Kane, tariki ya 21 Gicurasi 2026, Abaturage batwitse ibice bimwe by’ivuriro rya Rwampara General Hospital, aho abarwayi ba Ebola bavurirwaga. Iki kibazo cyaturutse ku muryango w’umusore w’umukinnyi w’umupira w’amaguru witabye Imana, bikekwa ko yahitannywe na Ebola Hanyuma abo mumuryango we baje gucyura umurambo we…

Soma inkuru yose

Air France na Airbus Byongeye Gushinjwa Mu Rubanza rw’Indege AF447 Yahitanye Abantu 228

Urukiko rw’Ubujurire rw’i Paris mu Bufaransa rwongeye gushinja amashirahamwe y’indege Air France na Airbus icyaha cyo “kwica abantu biturutse ku kutubahiriza amategeko y’umutekano”, mu rubanza rwerekeye impanuka y’indege AF447 yabaye mu mwaka wa 2009 igahitana abantu 228.Iyo ndege yakoraga urugendo hagati y’umujyi wa Rio de Janeiro muri Brazil na Paris mu France, yaguye mu Nyanja…

Soma inkuru yose

Rwanda: Guverinoma Yahakanye Ifungwa ry’Imipaka Ihuriraho na RDC, Ishimangira Ingamba Zikomeye zo Gukumira Ebola

Mu gihe hakomeje gukwirakwira amakuru ku mbuga nkoranyambaga avuga ko u Rwanda rwafunze imipaka ihuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) kubera icyorezo cya Ebola, Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ayo makuru atari ukuri, ahubwo ko hashyizweho ingamba zikomeye zo kugenzura abinjira n’abasohoka hagamijwe kurinda abaturage.Ibi byatangajwe n’Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u…

Soma inkuru yose

Ibirori bya Grandparents Day muri Green Hills Academy byitabiriwe na Perezida Kagame

H.E Kagame Paul na Madamu we Jeannette Kagame ni bamwe bitabiriye umunsi wahariwe ba ‘Nyogokuru na ba Sogokuru’ [Grandparents Day] muri Green Hills Academy biba ku wa 20 Gicurasi buri mwaka bikarangwa mo ibikorwa bigiye bitandukanye Perezida Paul Kagame na Madamu we bishimiye igitaramo mu mbyino gakondo z’umuco nyarwanda zabyinwe n’abana biga mu mwaka wa…

Soma inkuru yose

RSSB Tigers yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi n’abatoza bazifashishwa muri BAL 2026.

Mu gihe habura iminsi mike ngo imikino ya kamarampaka ya Basketball Africa League itangire i Kigali, RSSB Tigers yamaze gushyira hanze urutonde rw’abakinnyi ndetse n’abatoza bazifashishwa muri BAL 2026. Iyi kipe ihagarariye u Rwanda muri iri rushanwa ku nshuro ya mbere mu mateka yayo, ibintu bikomeje gutuma abakunzi ba basketball bayitegerezaho byinshi mbere y’imikino izabera…

Soma inkuru yose

Hansi Flick yahaye umugisha kuguma Muri Barcelona Kwa Rashford

Umutoza mukuru wa FC Barcelona, Hansi Flick, yahaye uburenganzira ubuyobozi bw’ ikipe bwo kugumana Marcus Rashford burundu Aho uyumusore akina mu gice cy’ubusatirizi. Flick yagaragaje ko uyu mukinnyi mpuzamahanga w’Ubwongereza yujuje neza ibisabwa mu buryo bw’imikinire ye umusaruro ufatika. Ibi ni Nyuma yo kubona uburyo uyu mukinnyi yitwaye neza, umutoza ntiyazuyaje gusaba ko amasezerano ye…

Soma inkuru yose

Abayobozi batandukanye bitabiriye inama ya NEISA 2026 bakiriwe na Perezida Kagame

Uyu munsi kuwa 20 Gicurasi 2026 nibwo Perezidaw`u Rwanda Paul Kagame yahuye na Sylvie Bermann, Perezida wa World Nuclear Exhibition; Sama Bilbao y León, Umuyobozi mukuru w’ishyirahamwe World Nuclear Association; Serge Ekue, Perezida wa West African Development Bank; Daniel Poneman, wo muri Council on Foreign Relations na Ian Farnan, umuyobozi mukuru wa Cambridge Atom Works….

Soma inkuru yose

Nyuma yo gutwara igikombe Arsenal FC yashimwe na Perezida Kagame

Arsenal FC ikaba n’umufatanyabikorwa wa Visit Rwanda yashimwe bikomeye na Perezida w`u Rwanda H.E Paul Kagame nyuma yuko yegukanye Igikombe cya Shampiyona y’u Bwongereza cya 2025/2026. Nyuma y’umukino AFC Bournemouth yanganyijemo na Manchester City igitego 1-1 ku wa 19 Gicurasi 2026, Arsenal FC yatwaye igikombe cya shampiyona y’u Bwongereza. Byatumye Man City igira amanota 78,…

Soma inkuru yose

Arsenal yegukanye igikombe cya Premier League nyuma Y’imyaka 22 y’ikimwaro

Mu gihe cy’imyaka 22 ishize, gufana Arsenal byasabaga kwihangana gukomeye cyane. Nyuma y’aho ikipe y’amateka ya “The Invincibles” itwaye igikombe cyo mu mwaka wa 2003-2004 idatsinzwe ikaba yaratozwaga na Arsène Wenger, Nyuma Arsenal yahuye n’ibihe bikomeye byayisize ku ntebe y’amakipe asezeranya ibitangaza ariko ibyo byose bikarangirira mumagambo gusa mbese urubwa Rwarayiberaga. Ibi byatumye abafana b’izindi…

Soma inkuru yose

Ubujurire bwa Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad na bagenzi be ntacyo bwatanze

Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwagumishijeho igihano cy’igifungo cy’imyaka itatu n’ihazabu ya miliyoni 3 Frw cyari cyahawe Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad, Ishimwe François Xavier, Kwizera Nestor uzwi nka Pappy Nesta na Kalisa John uzwi nka K John Ni nyuma yuko aba bari bajuririye iki gihano cy’igifungo cy’imyaka itatu n’ihazabu ya miliyoni 3 Frw bari bakatiwe…

Soma inkuru yose