Sky 2 Yarekuwe nyuma yuko umugore we amusabiye imbabazi

Hahirwabasenga Timothee uzwi nka SKY2 yari yaratawe muri yombi taliki ya 11 Gicurasi 2026. Uyu mugabo sky2, yari akurikiranyweho icyaha cyo gukubita no gukomeretsa ku bushake n’icyo guhoza ku nkeke uwo bashyigiranywe aho yakubise umugore we basezeranye byemewe n’amategeko akamukomeretsa ndetse akanamuruma ugutwi ikindi kandi ibi yarabyiyemereraga akaba yarabivuze mbere yo kwishyikiriza ubugenzacyaha. Ubushinjacyaha bwafunguye…

Soma inkuru yose

Igitaramo cya Bruce Melodie na The Ben

Abahanzi Bruce Melodie na The ben ,batangaje ibitaramo bya Summer Country Tour 2026 bikaba bizabera mu mijyi ine y’u Rwanda ,mu rwego rwo kwegera abakunzi babo ndetse no guteza imbere imyidagadura mu Ntara. Ibi bitaramo byateguwe nyuma y’amasezerano y’imikoranire aba bahanzi bagiraye nyuma y’igitaramo cya The Nu-Year Groove ,cyabereye muri Bk Arena kuwa 1 Mutarama…

Soma inkuru yose

Umupira uzakoreshwa mu Gikombe cy’Isi cya 2026 uzajya ushyirwa ku muriro

FIFA n’uruganda Adidas Berekanye umupira mushya uzakoreshwa mu gikombe cy’isi cya witwa TRIONDA. Uyu mupira wateye abantu benshi kwibaza byinshi kubera ko uzajya ubanza gushyirwa ku muriro mbere y’umukino. TRIONDA ntabwo ari umupira usanzwe gusa. Kuko Wubatswemo ikoranabuhanga rifite ubushobozi bwo kumva (sensor) ishobora gukurikirana aho umupira uri n’uburyo ukinwaho mu gihe cyakokanya. Iryo koranabuhanga…

Soma inkuru yose

Enhanced Games: Kristian Gkolomeev Akuyeho Umuhigo i Las Vegas”.

Mu mugi wa Las Vegas muri Amerika, umwuga wo koga wateye amatsiko menshi nyuma y’uko umugereki Kristian Gkolomeev akuyeho umuhigo w’isi mu gusiganwa mu mazi. Igitangaje nuko iri rushanwa rya Enhanced Games ryemera ku mugaragaro ko abakinnyi bakoresha imiti yongeza imbaraga (doping), ibintu bitemewe n’urwego rwa Olympic. Ibi byazamuye impaka z’urudaca ku isi yose niba…

Soma inkuru yose

Ahari gukorwa inzira y’amazi habonetse imibiri 60 y’abishwe muri Jenoside

Ahari kubakwa ruhurura mu Karere ka Karongi Ubuyobozi bwaka karere bwatangaje ko hamaze kuboneka imibiri irenga 60 y’Abatutsi bishwe muri Jenoside, ndetse ko igikorwa cyo gushakisha indi gikomeje. Iyo mibiri yabonetse mu mujyi wa Karongi, mu Kagari ka Kibuye Umurenge wa Bwishyura. Tariki 21 Gicurasi 2026 nibwo imashini iri gucukura ahazanyuzwa inzira imanura amazi ava…

Soma inkuru yose

Lt Col. Kabera yifatanyije na Nu-Vision High School kwibuka abazize jenoside

Lt Col Simon Kabera Umuvugizi Wungirije w’Ingabo z’u Rwanda, none ku wa 25 Gicurasi 2025 yifatanyije n’abanyeshuri n’abarimu barenga 1200 bo muri Nu-Vision High School mu guha icyubahiro abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Mu ijambo yagejeje ku banyeshuri, Lt Col Kabera yasobanuye ibyiciro Jenoside yakorewe Abatutsi yateguwemo ikanashyirwa mu bikorwa, anagaragaza uruhare Ingabo za…

Soma inkuru yose

SpaceX Yagerageje Starship V3, Roketi Nini Kurusha Izindi Mu Mateka

ku mugaragaro icyogajuru cyayo gishya cya Starship V3, roketi ivugwa nk’inini kandi ikomeye kurusha izindi zose zabayeho mu mateka y’ubwikorezi bwo mu kirere.Igeragezwa ry’iyi roketi ryabaye ku wa Gatanu, aho urugendo rwayo rwamaze hafi isaha imwe mbere yo kurangira Starship imanukiye mu Nyanja y’Abahinde ikaza guturika nk’uko byari byateganyijwe muri gahunda y’igerageza.Roketi ifite intego zo…

Soma inkuru yose

Abakozi Batatu ba Croix-Rouge Bishwe na Ebola muri DR Congo

Ishirahamwe ritabara imbabare rya International Federation of Red Cross and Red Crescent Societies ryatangaje ko abakozi baryo batatu bapfuye bazize indwara bikekwa ko ari Ebola mu Democratic Republic of the Congo, nyuma yo kuba baranduriye mu bikorwa byo gutunganya imibiri y’abapfuye.Amakuru yatangajwe n’iri shirahamwe avuga ko abo bakozi bakekwa ko banduye iyo ndwara ku wa…

Soma inkuru yose

Urusaku rw’Amasasu Hafi ya White House, Ukekwaho Igitero Yarashwe Arapfa

Mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru, hafi ya White House muri Washington humvikanye urusaku rw’amasasu rwateye impungenge zikomeye mu murwa mukuru wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika.Urwego rushinzwe kurinda abakuru b’ibihugu muri United States, ruzwi nka United States Secret Service, rwatangaje ko umuntu ukekwaho kugaba icyo gitero yahise araswa n’abashinzwe umutekano arapfa.Amakuru yatangajwe n’inzego z’umutekano…

Soma inkuru yose