Inteko ya Ghana Yemeje Umushinga w’Itegeko Rikaza Ibihano ku Batinganyi

Inteko Ishinga Amategeko ya Ghana yemeje umushinga w’itegeko rishya rigamije gukaza ibihano ku bikorwa by’ubutinganyi ndetse no ku bantu biyumvamo cyangwa bavuga ko ari aba LGBTQ+.Nk’uko biteganywa n’uwo mushinga, umuntu uvuga ku mugaragaro ko ari umutinganyi ashobora guhanishwa igifungo kigera ku myaka itatu. Uwo mushinga kandi urimo ingingo isaba abaturage gutanga amakuru kuri polisi igihe…

Soma inkuru yose

Intambara hagati ya Tenge Tenge n’Umujyanama we Michael Kabonge

Umubyinnyi ndetse akaba n’umunyarwenya wo muri Uganda uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga nka Tenge Tenge, amazina ye nyakuri akaba ari Saad Ssozi, Kuri ubu ntameranye neza n’uwari umujyanama (manager) we cyangwa uwamurebereraga inyungu, Michael Kabonge.  ariko bikarangira havutse ikibazo cy’amafaranga n’imiyoborere mibi y’imbuga ze. Aho kuri ubu ashinjwa kwiba imbuga nkoranya mbaga z’uyumwana. Tenge Tenge…

Soma inkuru yose

Banki Nkuru y’u Rwanda yashyize ku isoko impapuro mpeshamwenda

Guverinoma y’u Rwanda ibinyujije muri Banki Nkuru y’u Rwanda yashyize ku isoko impapuro mpeshamwenda ,za Leta zifite agaciro ka miliyari 10 Frw ,zizamara imyaka 10 .Iki gikorwa kiri mu rwego rwo gukomeza gushaka amikoro azifashishwa mu bikorwa by’iterambere no guteza imbere ishoramari. Kugura izi mpapuro mpeshamwenda ,bizatangira kuwa 15 Kamena 2026 bikazarangira ku wa 17…

Soma inkuru yose

⚽ RDC Yasabye FIFA Gusubiza Amafaranga y’Amatike y’Igikombe cy’Isi kubera Icyorezo cy’a Ebola

Guverinoma ya Democratic Republic of the Congo yasabye FIFA gusubiza amafaranga y’amatike y’Igikombe cy’Isi cya 2026 yari yaguzwe n’abakunzi b’umupira bo muri icyo gihugu, nyuma y’uko benshi batagishoboye kwinjira muri United States kubera ingamba zikomeye zashyizweho zo kwirinda ikwirakwira rya Ebola.Iki kibazo cyaje mu gihe ikipe y’igihugu ya RDC, DR Congo national football team izwi…

Soma inkuru yose

RSSB Tigers yakoze amateka atsinda 106-97; BK Arena yose iririmba “Itsinzi bana b’u Rwanda” nyuma y’umukino udasanzwe.

Ikipe ya RSSB Tigers yanditse amateka akomeye cyane muri Basketball Africa League 2026 nyuma yo gutsinda Al Ahly amanota 106 kuri 97 mu mukino wa semifinal wabereye muri BK Arena. Uyu mukino wari utegerejwe cyane n’abakunzi ba basketball muri Afurika warangiye usize ibyishimo bidasanzwe mu bafana b’u Rwanda nyuma y’uko RSSB Tigers ikomeje gukora amateka…

Soma inkuru yose

RSSB Tigers yaciye ibintu i Kigali nyuma yo gusezerera FUS Rabat mu mukino wasize BK Arena ihagaze.

Ikipe ya RSSB Tigers yakomeje kwandika amateka mashya muri Basketball Africa League 2026 nyuma yo kugera muri kimwe cya kabiri cy’irangiza isezereye FUS Rabat mu mukino ukomeye cyane wabereye muri BK Arena. Nubwo ikipe yo muri Maroc yegukanye intsinzi y’umukino wa kabiri ku manota 99 kuri 98, RSSB Tigers ni yo yakomeje kubera ikinyuranyo kinini…

Soma inkuru yose

Hashyizweho izamurwa rusange ry’Imishahara ku Bayobozi bose bo mu nzego za Leta

Umuyobozi w’ishami muri serivisi za Leta mu Rwanda yashoboraga kuyobora abakozi, gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’intego, guhuza ibikorwa byo gutanga raporo, gusubiza ibibazo by’abagenzuzi no kwikorera umutwaro wo gushyira mu bikorwa gahunda za Leta, ariko agahabwa gusa amafaranga y’inyongera angana na 5% by’umushahara we fatizo. Niyo mpamvu Ku mpapuro, kuzamurwa mu nshingano byasaga n’aho ari…

Soma inkuru yose

Umubare w`ibirego by’abana batujuje imyaka basambanyijwe muri 2025 urenga 4100

Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB (Rwanda Investigation Board), rwemeje ko mu mwaka ushize wa 2025 hatanzwe ibirego bigeze kuri 4100 by’abana basambanyijwe kandi bari bataragira imyaka y’ubukure (18+). Ku wa 25 Gicurasi 2026, mu kiganiro cyateguwe na Minisiteri y’Uburinganire n’iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF) ku bufatanye nUrwego rwubugenzacyaha RIB nibwo ibi byagarutswe ho. Iki kiganiro cyateguwe mu buryo bwo…

Soma inkuru yose

Sky 2 Yarekuwe nyuma yuko umugore we amusabiye imbabazi

Hahirwabasenga Timothee uzwi nka SKY2 yari yaratawe muri yombi taliki ya 11 Gicurasi 2026. Uyu mugabo sky2, yari akurikiranyweho icyaha cyo gukubita no gukomeretsa ku bushake n’icyo guhoza ku nkeke uwo bashyigiranywe aho yakubise umugore we basezeranye byemewe n’amategeko akamukomeretsa ndetse akanamuruma ugutwi ikindi kandi ibi yarabyiyemereraga akaba yarabivuze mbere yo kwishyikiriza ubugenzacyaha. Ubushinjacyaha bwafunguye…

Soma inkuru yose