⚽ Imikino ya Gicuti y’Amavubi muri Maroc Yahagaritswe Kubera Impamvu z’Umutekano

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko imikino ya gicuti yari iteganyijwe guhuza ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Rwanda national football team, yariteganyijwe kuzabera i Marrakech muri Morocco muri uku kwezi itakibaye.Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na FERWAFA, yavuze ko yamenyeshejwe n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Maroc, Royal Moroccan Football Federation (FRMF), ko iyo mikino itemewe kuba…

Soma inkuru yose

Lionel Messi Yegukanye Igihembo cya Princess of Asturias 2026

Lionel Messi Yongeye Kwandika amateka yegukana igihembo cy’icyubahiro cya Princess of Asturias 2026,Lionel Messi yongeye gushimangira ko ari umwami w’umupira w’amaguru ku Isi nyuma yo kwegukana igihembo cy’icyubahiro cyanditse amateka cya Princess of Asturias Award for sports 2026. Iki gihembo gihabwa abantu cyangwa ibigo byakoze ibikorwa by’indashyikirwa, bifite akamaro katoroshye mu muryango mugari w’abantu binyuze…

Soma inkuru yose

🇸🇳 Perezida Faye Yirukanwe mu Ishyaka Pastef Ryari Ryaramugejeje ku Butegetsi

Muri Senegal, umwuka wa politiki ukomeje kuba mubi hagati ya Perezida Bassirou Diomaye Faye na Ousmane Sonko, nyuma y’uko Sonko yirukanye Perezida Faye mu ishyaka rya Pastef.Iki cyemezo kije nyuma y’amezi menshi havugwa kutumvikana hagati y’aba bayobozi bombi bafatanyije urugamba rwa politiki rwagejeje ishyaka Pastef ku butegetsi.Uko Kutumvikana KwavutseNyuma yo gutsinda amatora y’umukuru w’igihugu, Bassirou…

Soma inkuru yose

Uko Idris Elba yahawe izina rya SIR n’umwami Charles lll

Umukinnyi w’icyamamare muri Sinema Sir Idris Elba ,yongeye kwandika amateka mashya nyuma yo guhabwa izina ry’icyubahiro rya Sir n’umwami Charles lll w’u Bwongereza .Muri uyu muhango ukomeye cyane wabereye mu Ngoro ya Windsor Castle,uyu mukinnyi w’imyaka 53 y’amavuko yashyizwe mu rwego rw’aba-Knights rushimangira umwanya afite mu ruhando rw’abanyacyubahiro b’u Bwongereza n’isi yose. Iri zina rya…

Soma inkuru yose

Abanyeshuri barenga ibihumbi 74 batangiye ibizamini ngiro bya Leta

Kuri uyu wa 3 Kamena 2026 Minisiteri y’Uburezi yatangije ibizamini bya Leta, aho abagera ku 74,085 biga mu mashuri y’imyuga n’ubumenyi ngiro ndetse n’abakandida bigenga barimo gukora ibizamini ngiro. Ni ibizamini bizakorwa kuva ku wa 3 kugeza ku wa 22 Kamena 2026 n’abanyeshuri 70,504 biga mu mashuri asanzwe ndetse n’abandi 3,581 bigenga. Ku rwego rw’igihugu,…

Soma inkuru yose

🇺🇬 Inteko ya Uganda Yanze Kwemeza Lawrence Muganga Muri Guverinoma kubera Impaka ku Bwenegihugu

Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda ku wa Kabiri yanze kwemeza Lawrence Muganga nk’umwe mu bayobozi baherutse gushyirwa muri guverinoma na Perezida Yoweri Museveni, nyuma y’impaka zikomeye zishingiye ku bwenegihugu bwe.Lawrence Muganga yari yagizwe Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ibikorwa by’imbere mu gihugu, ariko inteko yanze ibisobanuro yatanze ku kibazo cy’ubwenegihugu bwe, bituma atemezwa muri uwo mwanya.Yavuze…

Soma inkuru yose

U Rwanda Ruri Gusuzuma Itegeko Rikumira Abana Bari Munsi y’Imyaka 16 Gukoresha Imbuga Nkoranyambaga

Guverinoma y’U Rwanda yatangaje ko iri gusuzuma umushinga w’itegeko rishobora gukumira abana bari munsi y’imyaka 16 gukoresha imbuga nkoranyambaga, mu rwego rwo kubarinda ibyaha n’ingaruka zitandukanye zishobora kubageraho kuri internet.Ibi byatangajwe na Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Paula Ingabire, wavuze ko iri tegeko rigamije cyane cyane kurengera umutekano n’imibereho myiza y’abana mu isi y’ikoranabuhanga ikomeje kwaguka.Kurinda…

Soma inkuru yose

Urukundo rwa Rema n’umukunzi we

Umuhanzi w’icyamamare mu mudiho wa Afrobeats wo muri Nigeria ,Divine Ikubor uzwi nka Rema, yatangaje ko kuri ubu atandukanye n’umukunzi we kandi ko yahagaritse iby’urukundo ngo yiyubake.Mu kiganiro aherutse kugirana n’umunyamakuru w’icyamamare kuri YouTube,Korty EO, uyu musore wamenyekanye ku ndirimbo Calm Down yavuze ko yahisemo gufata ikiruhuko cy’igihe kirekire mu rukundo . Yagaragaje ko ubu…

Soma inkuru yose

Tsindira ltike y’lndege na SKOL Malt

Uruganda rwa SKOL Brewery Ltd Rwanda binyuze mu kinyobwa cyarwo cya SKOL Malt ,rwatangije ku mugaragaro poromosiyo y’imbonekarimwe yiswe Fly to the Home of Champions. Iyi gahunda igamije guha abakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda amahirwe yo gukabya inzozi ,aho uw’amahirwe azatsindira igihembo gikuru ,azahembwa urugendo rwishyuriwe byose(Itike y’indege) . Iyi poromosiyo yashizweho mu rwego nko…

Soma inkuru yose

📚 MINEDUC na NESA Batangije Ibizamini Ngiro By’Igihugu umwaka 2025/2026

Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda (MINEDUC), ibinyujije mu Kigo gishinzwe Ibizamini bya Leta n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), yatangaje ko ibizamini ngiro by’Igihugu by’umwaka w’amashuri wa 2025/2026 bitangira ku wa Gatatu tariki ya 3 Kamena 2026.Nk’uko bigaragara mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na MINEDUC na NESA, umuhango wo gutangiza ibi bizamini uzatangira saa mbili n’igice za mu gitondo (8:30…

Soma inkuru yose