🇮🇷 Iran Ishinja Amerika Uruhare Rutaziguye mu Kurenga ku Masezerano y’Agahenge

Guverinoma ya Iran yatangaje ko United States ifite uruhare rutaziguye mu bikorwa ivuga ko binyuranyije n’amasezerano y’agahenge mu Burasirazuba bwo Hagati, ishimangira ko ibikorwa bya Israel bidashobora gutandukanywa na politiki ya Washington. Ibi byatangajwe n’umuvugizi wa Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Iran, Esmaeil Baghaei, mu kiganiro n’abanyamakuru cyatambutse imbonankubone. Iran Ivuga ko Amerika Ishyigikira Israel Baghaei…

Soma inkuru yose

Peter Phillip yasezeranye n’umukunzi we Ubukwe bwitabiriwe n ‘abo mu muryango w’i Bwami

Peter Phillips,umwuzukuru wa nyakwigendera Queen Elizabeth II akaba n’umuhungu wa Princess Anne, yakoze ubukwe n’umukunzi we Herriet Sperling mu muhango wihariye wabereye mu Bwongereza, witabirwa n’abagize umuryango w’ibwami ndetse n’inshuti zabo za hafi .Inkuru y’ubu bukwe yakiriwe neza n’abakurikiranira hafi ibikorwa by’umuryango w’i Bwami . Uyu muhango wabaye nyuma y’igihe Peter Phillips na Herriet Sperling…

Soma inkuru yose

Kuki Abakinnyi b’Umupira w’Amaguru Buri gihe Binjirana n’Abana Mbere y’Umukino? Imvo n’imvano

Iyo urebye umupira w’amaguru, cyane cyane amarushanwa akomeye nka FIFA World Cup cyangwa andi akinirwa iburayi, ubona abakinnyi binjira mu kibuga bafashe abana bato mu ntoki. Ni ibintu bimaze kuba umuco ku buryo abantu benshi babifata nk’ibisanzwe, ariko bake ni bo bazi impamvu nyakuri yabyo n’amateka yabitangiye. Nubwo abantu benshi batekereza ko byahozeho kuva umupira…

Soma inkuru yose

SEE Muzik yasohoye indirimbo nshya agira inama urubyiruko

Mu gihe abakunzi b’umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana (Gospel) bakomeje kwitegura Nuru Wave Festival iteganyijwe kubera i Kigali muri Kanama uyu mwaka ,umuhanzi SEE Muzik yashyize hanze indirimbo nshya yise “Simbishaka “,ikubiyemo ubutumwa bwimbitse bwo kwiyegurira Imana no kwemera kuyoborwa n’ubushake bwayo. Iyi ndirimbo ije mu gihe urubyiruko rwinshi rukomeje gushakisha icyemezo cy’ubuzima mu…

Soma inkuru yose

🇷🇼 Leta Yijeje Gusuzuma Ubusabe bwa Nkunganire Bw’Abayobozi b’Inzego z’Ibanze n’Abarimu

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Dominique Habimana, yatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda igiye gusuzuma ubusabe bwatanzwe na bamwe mu bayobozi b’inzego z’ibanze ndetse n’abarimu, basaba gushyirirwaho nkunganire yihariye ibafasha guhangana n’izamuka rikomeje kugaragara ku biciro by’ibicuruzwa n’ibikomoka kuri peteroli. Ubuzima Buhenze Bwazamuye Ubwo BusabeMu bihe bishize, bamwe mu bakozi ba Leta, by’umwihariko abayobozi b’inzego z’ibanze n’abarimu, bagaragaje…

Soma inkuru yose

Lauryn Hill agiye guhabwa igihembo Living Legend Award

Umuhanzikazi w’icyamamare Laurny Hill ,umaze igihe kinini ari ku isonga mu muziki wa Hip-Hop na R&B, agiye guhabwa igihembo cyihariye cyiswe Living Legend Icon Award ,kigamije gushimira abahanzi bakomeje kugira uruhare rukomeye mu guteza imbere imyidagaduro . Iki gihembo cyashyizweho na Black Entertainment Television (BET) ,kikazatangwa kikazatangwa ku nshuro ya mbere mu birori biteganyijwe ku…

Soma inkuru yose

DJ Spinny yimuriye igitaramo cye i Gahanga

Umuhanga mu kuvanga imiziki ,Joseph Kalisa wamamaye nka DJ Spinny ,yatangaje ko igitaramo cye ngarukamwaka cya Spinny and Friends cyari giteganyijwe kuba tariki ya 8 Kanama 2026,cyimuriwe tariki 18 Nyakanga 2026 ndetse kikazabera ku kibuga cya cricket giherereye i Gahanga . Ibi byatangajwe binyuze mu itangazo ryashyizwe hanze na Spinny events ,risobanura ko impinduka zakozwe…

Soma inkuru yose

🇷🇺 Putin Yanze Guhura na Zelensky, Asaba Amasezerano y’Igihe Kirekire Mbere y’Agahenge

Perezida w’Russia, Vladimir Putin, yatangaje ko atabona impamvu yo guhura imbonankubone na Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, kugira ngo baganire ku buryo intambara imaze igihe kinini yarangira. Ibi Putin yabivuze nyuma y’uko Zelensky amwandikiye ibaruwa amusaba kugirana ibiganiro by’amahoro no gushyiraho agahenge k’imirwano hagati y’impande zombi. Zelensky Yasabye Agahenge n’IbiganiroMu butumwa bwe, Zelensky yasabye ko…

Soma inkuru yose

Ibitaramo bya Bruce Melodie na The Ben bigiye gutanga akazi

Abahanzi bakomeye mu muziki nyarwanda, Bruce Melodie na The Ben ,bari mu myiteguro y’ibitaramo bizenguruka igihugu byitezweho kuzana impinduka zikomeye mu rwego rw’imyidagaduro no gutanga amahirwe y’akazi ku rubyiruko rwinshi . Ibi bitaramo biri mu bikorwa bikomeje kugaragaza ubufatanye bw’aba bahanzi bombi bamaze igihe mu Rwanda no hanze yarwo . Amakuru yatangajwe agaragaza ko ibi…

Soma inkuru yose