Burkina Faso yahagaritse amarushanwa y’ubwiza

Leta ya Burkina Faso yatangaje kumugaragaro ko ihagaritse amarushanwa yose y’ubwiza azwi nka Miss ,kugeza igihe hazashyirwaho amabwiriza mashya agenga imitegurire yayo . Iki Cyemezo cyafashwe na Minisiteri y’Umuco ya Burkina Faso ,yavuze ko irigutegura uburyo busyhya bwo kugenzura no kunoza imitegurire y’ayo marushanwa , asanzwe akunze kunenga kubera kutagira igenzura rihagije . Mu marushanwa…

Soma inkuru yose

⚽ Sudan Yatsinzwe na Comoros Ibitego 30-0 Mu Mikino yo Gushaka Itike y’Imikino Olempike

Ikipe y’igihugu y’abagore ya Sudan yahuye n’uruva gusenya nyuma yo gutsindwa na Comoros ibitego 30-0 mu mukino wo gushaka itike y’irushanwa ry’umupira w’amaguru w’abagore mu Mikino Olempike ya Los Angeles 2028 Summer Olympics. Uyu mukino wabaye kimwe mu byavuye mu mikino bifatwa nk’ibidasanzwe mu mateka y’umupira w’amaguru w’abagore muri Afurika, aho Comoros yigaragaje cyane mu…

Soma inkuru yose

Phil Peter yateguje igitaramo “Ivy Fillipiano Fest i Rubavu”

Umunyamakuru akaba n’umu-DJ ukomeye mu Rwanda , Phil Peter , yamaze guteguza igitaramo cy’amateka cyitiriwe” Ivy Filipiano Fest ” kizabera mu karere ka Rubavu . Iki gitaramo kije gikurikira ibindi bikorwa bikomeye by’imyidagaduro biteganyijwe muri aka gace k’ubukerarugendo mu mugihe cy’izuba , kikaba cyitezweho gushyira itafari rya mbere ku gushimisha abakunzi b’umuziki . Iki birori…

Soma inkuru yose

Yampano yakatiwe iminsi 30 y’agateganyo ahita yerekeza i Mageragere

Umuhanzi Uworizagwira Florien wamamaye nka Yampano yakatiwe iminsi 30 y’agateganyo nyuma yo gusanga ibyaha 3 muri 6 yacyekwagaho bifitiwe ibimenyetso bifatika , ubu akaba agiye koherezwa i Mageragere . Kuri uyu wa kabiri tariki ya 09 Kamena 2026 , ku rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro hasomwe mu ruhame umwanzuro w’urubanza ruregwamo Uworizagwira Florien wamenyekanye nka Yampano…

Soma inkuru yose

Filime Nshya Ya “Scary Movie 6” Yaciye Agahigo Ku Isi

Filime nshya ya Scary Movie 6 yatangiye kwerekanwa mu mpera z’icyumweru gishize ihita yinjiza amafaranga arenga miliyoni 100 z’Amadolari ku rwego rw’isi yose mu minsi mike gusa. Iyi filime yongeye guhuza bamwe mu bakinnyi b’ibyamamare bayigizemo uruhare mu myaka yashize barimo Anna Faris na Regina Hall, ibintu byashimishije cyane abakunzi b’uruhererekane rwa Scary Movie. Abasesenguzi…

Soma inkuru yose

Ibihumbi by’Abaturage Byitabiriye Iserukiramuco ryo Guterana Inyanya muri Colombia

Mu mpera z’icyumweru cyo ku wa 6 no ku wa 7 Kamena 2026, ibihumbi by’abaturage n’abakerarugendo bahuriye mu mujyi wa Sutamarchán, mu Ntara ya Boyacá muri Colombia, mu iserukiramuco rizwi nka “Gran Tomatina Colombiana”, rirangwa no guterana inyanya hagati y’abaryitabira. Iri serukiramuco ryakuruye abantu benshi baturutse mu bice bitandukanye bya Colombia no hanze y’icyo gihugu,…

Soma inkuru yose

Katy Perry Na Justin Trudeau Bagaragaye Bwa Mbere Ku Itapi Itukura Bari Kumwe

Umuhanzikazi Katy Perry n’uwahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Canada Justin Trudeau bagaragaye bwa mbere ku itapi itukura bari kumwe mu iserukiramuco rya Tribeca ryabereye i New York. Aba bombi bamaze igihe bavugwaho gukundana nyuma y’uko babonanye inshuro nyinshi kuva mu mwaka ushize. Kugaragara hamwe imbere y’itangazamakuru byatumye amakuru yabo aba kimwe mu bivugwa cyane ku…

Soma inkuru yose

Madonna Yagarukanye Imbaraga Mu Mushinga Mushya Wa “Confessions II”

Icyamamare mu muziki ku isi, Madonna, cyongeye kuvugisha benshi nyuma yo gushyira hanze filime ngufi yise “Confessions II” ijyanye na album nshya ateganya gusohora muri Nyakanga 2026. Iyi filime yagaragayemo ibyamamare byinshi birimo Julia Garner na Sabrina Carpenter. Abasesenguzi bavuga ko uyu mushinga ari kimwe mu bikorwa bikomeye Madonna yakoze mu myaka ya vuba, kuko…

Soma inkuru yose

UB40 Itegerejwe Mu Gitaramo Cyayo Cya Mbere Mu Rwanda

Itsinda ry’ibyamamare mu njyana ya Reggae rya UB40 ririmo Ali Campbell ritegerejwe i Kigali mu gitaramo cya mbere rizakorera mu Rwanda. Iki gitaramo kiri mu bikorwa byo kumenyekanisha album yabo nshya yitwa “The Big Love”. Abakunzi ba Reggae mu Rwanda bamaze igihe bitegura kwakira iri tsinda rimaze imyaka myinshi rikunzwe ku rwego mpuzamahanga. Indirimbo nka…

Soma inkuru yose

Joshua Baraka Mu Kababaro Ko Kubura Se

Umuhanzi w’Umunya-Uganda Joshua Baraka, umwe mu bahanzi bagezweho muri Uganda no muri Afurika y’Iburasirazuba, ari mu gahinda gakomeye nyuma yo kubura umubyeyi we, Lawrence Okello Habalu, witabye Imana mu ijoro ryo ku wa 7 Kamena 2026. Umuhango wo Kumusezeraho Witabiriwe n’Abatari BakeKu wa 8 Kamena 2026, inshuti, abo mu muryango ndetse n’abakunzi b’umuziki wa Joshua…

Soma inkuru yose