Gradine Toto ategerejwe gushimisha abazitabira IvyFilipiano Fest 2026

Umuhanzi Gradine Toto uri mu bagezweho muri Afurika yo Hagati no mu Burasirazuba, ategerejwe mu Rwanda mu gitaramo cy’Iserukiramuco rya IvyFilipiano Fest 2026 kizabera mu Karere ka Rubavu ku wa 5 Nyakanga 2026. Uyu muhanzi wamamaye cyane binyuze mu ndirimbo “MayDay [Rachael]” yakunzwe ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye zirimo TikTok, Instagram na Facebook, azaba ari umwe…

Soma inkuru yose

BK Arena yahindutse nka Jamaica: Ibyaranze igitaramo cya UB40 cyasize abakunzi ba Reggae banyuzwe

Mu ijoro ryo ku wa 9 Kamena 2026, BK Arena yari yuzuyemo abakunzi ba Reggae bari baje kwihera ijisho itsinda ry’ibyamamare UB40 Featuring Ali Campbell ryakoreye igitaramo cya mbere mu Rwanda. Iki gitaramo cyari kimwe mu bigize urugendo rwabo rwa “Big Love Tour”, cyitabiriwe n’abafana baturutse mu bice bitandukanye by’u Rwanda ndetse no mu bihugu…

Soma inkuru yose

U Rwanda mu Bihugu 10 Biri Kwitwara neza ku Mugabane w’Afurika

U Rwanda rwongeye kugaragara mu bihugu 10 bya mbere bihagaze neza kandi bitera imbere ku mugabane w’Afurika muri 2026. Ibi bikeshwa imiyoborere myiza n’izamuka ry’ubukungu riri mu bya mbere ku isi , aho Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF) cyagaragaje ko umusaruro mbumbe w’u Rwanda uzamukaho 7.2% . Iri terambere rishingiye ku bukungu burimo guhindura no kohereza…

Soma inkuru yose

Nyuma yo guca igikuba ku mbuga nkoranyambaga, TimiBeats yamaze kugera i Kigali

Umuhanzi TimiBeats wo muri Nigeria akomeje kuvugisha benshi mu Rwanda nyuma y’uko challenge y’indirimbo ye ikorewe na Kwizera Olivier uzwi kandi nka Gishweka imaze iminsi ikwirakwira cyane ku mbuga nkoranyambaga. Iyi challenge yakunzwe n’abatari bake, aho abakoresha YouTube na Instagram bagiye bagaragaza ko bishimiye uyu muhanzi binyuze mu butumwa bwinshi bwari buherekejwe n’amadarapo y’u Rwanda,…

Soma inkuru yose

Umusifuzi Omar Artan yari agiye kwandikira amateka Somalia, ariko inzozi ze zisigara ku mupaka.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, umusifuzi Omar Abdulkadir Artan yakiriwe nk’intwari ageze iwabo muri Somalia, nyuma yo gusubizwa aho yari avuye no kwangirwa kwinjira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Uyu musifuzi wari waratoranyijwe na FIFA ngo azasifure Igikombe cy’Isi cya 2026 yari agiye kuba Umunya-Somalia wa mbere ugiye gusifura irushanwa rikomeye kurusha…

Soma inkuru yose

Ibyishimo ni byose kuri Kundwa Doriane warangije amasomo ye muri Canada

Uwabaye Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2015, Kundwa Doriane, ari mu byishimo bikomeye nyuma yo gusoza amasomo ye mu bijyanye n’ubuzima muri Ontario Tech University iherereye muri Canada. Amafoto yasakajwe ku mbuga nkoranyambaga amugaragaza yambaye umwambaro w’abarangije amasomo, ibintu byashimishije benshi mu bamukurikirana ndetse n’abakunzi b’amarushanwa y’ubwiza mu Rwanda. Uyu Munyarwandakazi amaze imyaka itari…

Soma inkuru yose

Messi yagarutse atsinda, Argentina itsinda Iceland ibitego bitatu mu mukino wa gicuti

Ikipe y’igihugu ya Argentine yakomeje kwerekana imbaraga mu myiteguro y’amarushanwa mpuzamahanga nyuma yo gutsinda Iceland ibitego 3-0 mu mukino wa gicuti wabereye muri Leta ya Alabama muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Uyu mukino wari umwe mu igize gahunda yo gukomeza gutyaza ikipe mbere y’amarushanwa ateganyijwe mu bihe biri imbere. Argentine yafunguye amazamu hakiri kare…

Soma inkuru yose

Urukundo rwa Saidi Lugumi na Alliah Cool rwaba rwarageze ku iherezo? Ibimenyetso bikomeje gutera urujijo

Mu minsi ishize, amazina ya Alliah Cool na Saidi Lugumi yakomeje kuvugwa cyane ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’uko havuzwe inkuru z’uko aba bombi baba bari mu mubano wihariye. Icyo gihe ibikorwa byabo byagaragaraga ku mbuga nkoranyambaga byatumaga benshi bakeka ko hagati yabo hari urukundo, nubwo nta n’umwe muri bo wari warigeze abyemeza ku mugaragaro. Kuri…

Soma inkuru yose

Agahinda k’Umubyeyi Papa wa Yampano yasutse amarira asaba imbabazi

Nsengiyumva Zaburoni , se wa Uworizagwira Florien wamamaye nka Yampano , avuga ko umutima we wuzuye agahinda nyuma y’uko umuhungu we asabiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo , ariko agasaba ko ahabwa imbabazi n’icyizere akagaruka mu buzima busanzwe . Inkuru y’umuhanzi Yampano n’umugore we Vava ikomeje gufata indi ntera mu muryango Nyarwanda . Kuri ubu ,icyemezo…

Soma inkuru yose

Espagne Lamine Yamal na Nico Williams biteguye igikombe cy’isi

Ikipe y’igihugu ya Espagne iri mu munezero mwinshi nyuma y’amakuru meza y’uko ba rutahizamu bayo bakiri bato ,Lamine Yamal na Nico Williams , bameze neza kandi biteguye gukina umukino wa mbere w’Igikombe cy’Isi cya 2026 . Aba bakinnyi bombi bari bafite ibibazo by’imvune z’imitsi , ariko imyitozo n’isuzuma rya nyuma byerekanye ko basize ibyo bibazo…

Soma inkuru yose