M. Iréné na Nikuze Liliane batangiye gutumira abazitabira ubukwe bwabo
Ibyishimo bikomeje kuba byinshi ku munyamakuru M. Iréné n’umukunzi we Nikuze Liliane nyuma y’uko batangiye gutanga ubutumire ku nshuti, abo mu miryango yabo ndetse n’abandi bazifatanya na bo mu bukwe bwabo buteganyijwe mu kwezi kwa Kanama uyu mwaka. Aba bombi bamaze igihe bakundana, ndetse mu minsi ishize M. Iréné yari yamaze kwambika impeta Liliane mu…

