Ubushinjacyaha bwasabiye Yampano gufungwa byagateganyo iminsi 30

Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro gufunga by’agateganyo iminsi 30 umuhanzi Uworizagwira Florien wamenyekanye nka Yampano mu gihe iperereza ku byaha akurikiranyweho rigikomeje. Ku cyaha cy’ubwinjiracyaha mu bwicanyi, Yampano yemeye ko bashyamiranye n’umugore bapfa ibihumbi 10 Frw yari agiye koherereza umukobwa wari umwitabaje ko arwaje umwana mu Bitaro bya Kacyiru. Icyo gihe umugore we ngo…

Soma inkuru yose

🇺🇸 Amerika Iteganya Kuvugurura Uburyo bwo Gutanga Visa muri Afurika, U Rwanda Ruzakomeza Iyo Serivisi

Leta Zunze Ubumwe za Amerika iri guteganya gukora impinduka zikomeye mu mikorere ya za Ambasade zayo muri Afurika, aho zimwe muri zo zishobora kwamburwa ububasha bwo gutanga visa, mu rwego rwo gukaza ingamba zo kugenzura abinjira muri icyo gihugu.Nk’uko amakuru yatangajwe n’ibiro ntaramakuru Associated Press abivuga, Ambasade nyinshi zo muri Afurika ziri mu zishobora guhagarikirwa…

Soma inkuru yose

Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano yitabye urukiko rw`ibanze rwa kicukiro

Kuri uyu wa 2 Kamena 2026 umuhanzi Uworizagwira Florien wamamaye nka yampano yitabye urukiko rwibanze rwa kicukiro aho agiye kuburana ku ifunga nifungurwa ryagateganyo ku byaha akurikiranywe birimo n`ibyo guhohotera umugore we. Uyu muhanzi akurikiranyweho ibyaha birimo gukubita no gukomeretsa ku bushake, Gukoresha ibikangisho, Kwangiza ikintu cyundi, Kunywa ibiyobyabwenge, Ubwinjiracyaha ku cyaha cyubwicanyi, Gukoresha imvugo…

Soma inkuru yose

Serena Williams w’imyaka 44 yagarutse mu Marushanwa ya Tennis

Umunyamerika Serena Williams akaba n’icyamamare ku rwego rw’isi mu mukino wa Tennis, yatunguye abantu benshi ubwo yemezaga ku mugaragaro ko yagarutse mu marushanwa akomeye akaba afite imyaka 44 y’amavuko. Ibi bibaye nyuma y’imyaka y’imyaka hafi ine yari ishize asezeye by’agateganyo mu kibuga ,aho umukino we wa nyuma yawukinnye mu irushanwa rya US Open muri 2022,aho…

Soma inkuru yose

🇫🇷🇨🇩 Macron na Tshisekedi Baganiriye ku Cyorezo cya Ebola n’Umutekano mu Burasirazuba bwa DRC

Perezida w’France, Emmanuel Macron, yatangaje ko yagiranye ibiganiro kuri telefone na Perezida wa Democratic Republic of the Congo, Félix Tshisekedi, baganira ku bibazo by’umutekano n’ubuzima bikomeje guhangayikisha uburasirazuba bwa DRC.Mu butumwa yashyize ahagaragara, Macron yavuze ko ibiganiro byabo byibanze ku buryo bwo guhangana n’icyorezo cya Ebola gikomeje gukwirakwira mu Burasirazuba bwa Congo, ahamaze igihe harangwa…

Soma inkuru yose

BK Arena YATIGISE! RSSB Tigers yegukanye Afurika itsinze Petro de Luanda mu mukino wasize Kigali yose ihagaze

Ijoro ryo ku wa 31 Gicurasi 2026 ryahise ryinjira mu mateka ya siporo y’u Rwanda nyuma y’uko RSSB Tigers yegukanye igikombe cya Basketball Africa League itsinze Petro de Luanda amanota 90 kuri 88 mu mukino wa nyuma wabereye muri BK Arena. Ni intsinzi yasize Kigali yose ivugwamo basketball, abantu ku mbuga nkoranyambaga batangira gusakaza amafoto,…

Soma inkuru yose

Umugabo wimyaka 43 yakubise umwana we ifuni arapfa

Ubushinjacyaha bwashyikirije Urukiko Rwisumbuye rwa Huye dosiye buregamo umusaza w’imyaka 43 ukekwaho gukubita ifuni umuhungu we w’imyaka 21 mu mutwe agahita anahasiga ubuzima. Ku itariki ya 17 Gicurasi 2026, ahagana saa tanu z’ijoro nibwo bikekwa ko iki cyaha cyakozwe kigakorerwa mu Mudugudu wa Kinombe, Akagali ka Gasumba , Umurenge wa Maraba, mu Karere ka Huye….

Soma inkuru yose

Perezida Paul Kagame yashimye PSG yo kwegukana igikombe cya UEFA Champions League

Ikipe ya Paris Saint Germain ifitanye imikoranire na Visit Rwanda, Nyuma yo gutsinda arsenal yegukanye Igikombe cya UEFA Champions League byatumye ishimirwa cyane na Perezida w`u Rwanda. Iyi nsinzi yagezweho nyuma yo gutsinda ikipe ya Arsenal yo mubwongereza penaliti 4-3 aho aya makipe yombi yari yabanje kunganya igitego 1-1 mu minota 90 y’umukino ndetse na…

Soma inkuru yose

Arsenal itakaje igikombe cya UEFA Champions League nyuma yo gutsindwa na PSG

Ikipe ya Paris Saint-Germain yatsinze Arsenal penaliti 4-3 nyuma y’uko aya makipe yombi anganyije igitego 1-1, ibi byahise bituma yegukana UEFA Champions League ku nshuro yayo ya kabiri yikurikiranya. Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 30 Gicurasi 2026 nibwo iyi kipe ya PSG yo mu bufaransa ikoze aya amateka. Puskás Aréna muri Hongrie niho uyu…

Soma inkuru yose

PSG Yegukanye Igikombe cya Champions League yikurikiranya Nyuma yo Gutsinda Arsenal Mu Mukino utari woroshye

I Budapest muri Hungary Ikipe ya Paris Saint-Germain (PSG) yegukanye igikombe cya UEFA Champions League cya 2025/26 nyuma yo gutsinda Ikipe ya Arsenal kuri penaliti 4-3, nyuma y’uko iminota 120 y’umukino yari yarangiye amakipe yombi anganya igitego 1-1. Uyu mukino wa nyuma wabereye kuri Stade ya Puskás Aréna i Budapest mu gihugu cya Hungary ku…

Soma inkuru yose