IBIKORESHO BY’IKORANABUHANGA BIKOMEJE GUHENDA KUBERA IKIBAZO CYA RAM

Ibiciro by’ibikoresho by’ikoranabuhanga nka Telefoni na Mudasobwa bikomeje kuzamuka cyane ku isi .ibi ahanini biraterwa n’ikibazo gikomeye cy’izamuka ry’ibiciro bya RAM( Random Access Memory),iri zamuka rishingiye ku miterere y’isoko ry’ikoranabuhanga muri uyu mwaka wa 2026. Ikigo cy’ubushakashatsi cya Gartner kigaragaza ko isoko ry’ ubwenge bw’ubukorano(AI) ryiyongereye cyane. Ibigo binini by’ikoranabuhanga nka Google,microsoft,na nvidia bikeneye RAM…

Soma inkuru yose

KING JAMES ASIZE AMATEKA MURI BK ARENA:

Umuhanzi King James yaciye agahigo ko kugurisha amatike yose (sold out) yigitaramo azizihirizamo imyaka 20 amaze muri Muzika nyarwanda .Iki gitaramo giteganijwe kuwa 1 Kanama 2026 ,ariko icyaje gutungura abantu ,nukuntu amatike yashize mu minsi itatu gusa . Ibyo byatumye abategura ibirori batekereza ko bakongeraho igitaramo cya kabiri ku munsi ukurikiraho .iki gitaramo gikomeje kuvugisha…

Soma inkuru yose

Muri shampiyona 5 zikomeye iburayi, mu bwongereza niho hatarasobanuka ibyaho.

Mugihe Umwaka w’imikino wa 2025 – 2026 urimo kurangira, muri shampiyo 5 zikomeye kumugabane w’uburayi aho muri shampiyona enye soze ibintu byasobanutse ndetse n’amakipe yatwaye ibyobikombe akaba azwi, mu bwongereza ho biratandukanye nyuma yaho ikipe ya Arsenal na Manchecter city zikomeje gukubana muminsi yanyuma ya shampiyona ngo hamenyekane izatwara ikigikombe cya shampiyona aho bakomeje kugenda…

Soma inkuru yose

Abandikishwa ko bapfuye mu Rwanda biyongeyeho 4%

Ikigo cy’Igihigu cy’Ibarurishamibare NISR (National institute of Statistics of Rwanda), cyerekana ko ko mu mwaka ushize wa 2025 Ababarujwe mu ko bapfuye bose hamwe mu irangamimerere ari 39,000 bangana na 50,4% mu gihe umwaka wari wawubanjirije wa 2024 hari habaruwe abangana na 46,2%. Ibi byose byatangajwe n`ikigo cy’Igihigu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda NISR (National institute of…

Soma inkuru yose

Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi batandatu bakekwaho gushukisha urubyiruko kujya kwiga muri Canada

Taliki 13 Gicurasi 2026, Urubyiruko Rubarirwa mubarenga igihumbi  rwabyukiye kuri Lemigo Hotel aho uru rubyiruko rwari rwiteze guhura n’abantu bo muri Canada ngo babahe amakuru yuko bazajya kwiga muri Canada gusa uru rubyiruko rwakubiswe ninkuba aho bategereje abo bantu bukabiriraho nta numwe baciye iryera. Mugihe hari hitezwe ko hagomba kuza kuba hari Abantu baturutse Canada…

Soma inkuru yose

Perezida wa Afurika y’Epfo yongeye kuvuga ku mubano n’u Rwanda.

Mu gihe Afurika ikomeje guhangana n’ibibazo by’umutekano ndetse n’ubukungu, Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yongeye gutangaza ko igihugu cye cyifuza gukomeza kubaka umubano mwiza n’u Rwanda, nubwo hakomeje kubaho ibibazo bya dipolomasi byagiye bivugwa hagati y’ibihugu byombi mu myaka yashize. Ibi Ramaphosa yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru nyuma y’inama yahuje bamwe mu bayobozi ba…

Soma inkuru yose

ITERAMBERE RY’UBUKUNGU N’ISOKO RY’IMARI N’IMIGABANE

Raporo nshya y’ikigega mpuzamahanga cy’imari (international monetary fund), cyerekanye ko u Rwanda ruri mu bihugu 5 byambere muri Afurika bifite ubukungu buri gukura cyane muri uyu mwaka wa 2026. Aho biteganijwe ko ruzakura kugipimo cya 7.2% bitewe n’ishoramari mu bukerarugendo, n’ikoranabuhanga. Ubukungu bw’ u Rwanda bukomeje kwerekana imbaraga zidasanzwe muri uyu mwaka wa 2026, bushingiye…

Soma inkuru yose

Yampano yasabiye imbabazi abarimo Djihadi anatangaza ko agiye gusohora Album nshya

Umuhanzi Yampano yavuze ko yamaze kubabarira abantu bose baba barafunzwe kubera ikibazo gifitanye isano n’amashusho n’amakuru byamuvuzweho mu minsi ishize, anasaba ko bahabwa imbabazi. Ibi yabigarutseho mu ibaruwa ndende yashyize ku mbuga nkoranyambaga ze, aho yavuze ko adashaka gukomeza kubaho mu mwuka w’amakimbirane n’urwango. Yagaragaje ko ashaka gutangira ubuzima bushya burimo amahoro no gukora cyane…

Soma inkuru yose

Igikombe cya shampiyona (Saud pro League) cyaba kiri kwanga Ronaldo?

Mumukino Ronaldo n’abagenzi be bari biteze mo gutwara igikombe batunguwe kumunota wanyuma w’umukino ni mumukino wahuzaga Al Nassr na Al Hilal waje kurangira ari igitego cyimwe kuri kimwe (1-1), Ronaldo yagaragaye ari mugahinda kenshi nyuma y’uko banganyije n’iyi kipe kumunota wanyuma. Kwikosa ryakozwe n’umuzamu ndetse n’umudifenda (defender) nuko bibyara kwitsinda igitego maze bituma Al Hilal…

Soma inkuru yose