Ishimwe Vestina wo mu itsinda rya vestina na Dorcas yibarutse ipfura.

Ishimwe vestina wamamaye mu itsinda rya vestine na dorcas riririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza imana yabyariye muri canada umwana we wa mbere wi ipfura, uyu mugore yabyariye muri Vancouver aho amaze igihe atuye kuva yasigara muri canada mu mera zumwaka ushize ubwo we na dorcas basozaga ibitaramo bari bahafite. amakuru yizewe ahari avugako amaze ukwezi kurenga yibarutse ipfura ye y’umukobwa. mumera z’umwaka ushize ubwo we na murumuna we bari bari muri canada mu bitaramo byazengurutse mu mingi itandukanye we ntabwo yatashye mu Rwanda.

Ubwo ibyo bitaramo byasozwaga hatashye dorcas na Murindahabi Erene nkubareberera inyungu mubyubuhanzi bari bajyanye. Ishimwe vestine kandi abinyujije ku mbugankoranyambaga ze yanditse ibaruwa ndende agaragaza ko yicuza impamvu yashakanye n’umugabo we. mu butumwa burebure yanditse abucishije kuri instrugram ye. Vestina ya vuzeko abayeho ubuzima bubi atishimiye ndetse ko asanga yarangize amahitamo mabi cyane. Ibyo byafashwe nko kuba uyu mugore yari amaze gufata icyemezo cyo gutandukana n’umugabo we bakoze ubukwe muri nyakanga 2025.

Buretse ibyo gutanduka n’umugabo we kandi kuva mugushyingo 2025 ubwo yafataga icyemezo cyo gusigara muri canada ni nako ibikorwa by’umuziki yakoranaga na murumunawe nabyo byatangiye kungenda buguruntenge.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *