Vestine na Dorcas batandukanye na MIE

Abahanzi b’abavandimwe Vestine na Dorcas baririmba indirimbo zo guhimbaza Imana batangaje ko bamaze guhagarika imikoranire yabo na MIE Empire, inzu yari ibafasha mu rugendo rwabo rwa muzika. Mu itangazo bashyize hanze kuwa 13 Kamena 2026, bavuze ko MIE yari yarababereye umufatanyabikorwa ukomeye kuva batangira gukora umuziki, ndetse bayishimira uruhare yagize mu iterambere ryabo. Bagize bati:…

Soma inkuru yose

Irene Agiye gukora ubukwe Ariko Aisha siwe mugeni!

Inkuru y’ubukwe bw’uyumunyamakuru Irene yamenyekanye muri ikigitondo taliki 16 Gicurasi 2026, ubwo yasangizaga abamukurikira amafoto aherekejwe n’igihe ububukwe buzabera maze kumbunga nkoranyambaga Abantu batungurwa no gusanga uwo bazabukorana atari Aisha ubarizwa muruganda rwa Cinema kuberako muminsi ishize bavugwa murukundo. Mu biganiro bitandukanye Aisha yagiye agaragaze urukundo afitiye Irene Abantu bagaherako bavuga ko bakundana kuko na…

Soma inkuru yose

Murindahabi Irene yerekeje no mu gukora sinema, nyuma yu uko yakoraga itangaza makuru ndetse no kureberera inyungu z’abahanzi.

Murindahabi Irene umaze igihe mu itangazamakuru aho afite igitangazamakuru cyitwa MIE Entertainment kinyuzwaho ibiganiro bitandukanye, Aba aganira ni ibyamamare bitandukanye mu Rwanda, Murindahibi kandi yamenyekanye kuri televiziyo yitwa ISIBO TV mukiganiro cya The choice live, Isango star ndetse na Magic fm. Uyu kandi mumitsi ishize yatangajeko agiye gukora film yise isereri akazaba ari film yu…

Soma inkuru yose

Byari bitangaje! Ubukwe bwa NIYO BOSCO na MUKAMISHA IRENE Buri kuvugisha Benshi

Byari ibyishimo n’amarangamutima menshi mu bukwe bwa Niyo Bosco na Mukamisha Irene bwabereye i Kigali Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 16 Mutarama 2026, mu busitani bwa Kaleb Garden mu Mujyi wa Kigali, habereye ubukwe bw’umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Niyokwizerwa Bosco uzwi nka Niyo Bosco n’umukunzi we Mukamisha Irene, mu muhango witabiriwe…

Soma inkuru yose

Ibihembo bya Isango na Muzika Awards 2025 Byongeye Gushyushya Ihangana rya The BEN na Bruce Melodie

Ku wa 21 Ukuboza 2025, guhera saa moya z’ijoro (7:00 PM) kugera saa mbiri n’igice (8:30 PM), nibwo ibyamamare bitandukanye mu myidagaduro nyarwanda no hanze yayo byatangiye kugera muri Camp Kigali, ahabereye ibirori bisoza Ibihembo bya Isango na Muzika Awards 2025 Ni ibirori byari byitezwe cyane, kuko byari bihurijemo abahanzi, aba-producer, abanyamakuru, abakunzi b’umuziki n’abandi…

Soma inkuru yose