Mbwambere Kylian Mbappé yatashye imbokoboko mubihembo bitangirwa iwabo mu bufaransa  byitwa (UNFP awards)

Ibibihembo bitangirwa imbere mugihugu cy’ubufaransa buri mwaka aho batanga ibihembo kubakinnyi bimbere mugihugu ndetse no kumukinnyi mwiza w’umufaransa ariko ukina hanze y’ubufaransa (Ligue 1/2). Abatora muri ibi bihembo ni abakinnyi ikindi kandi ntabwo umukinnyi ukinana na mugenzi we mu ikipe imwe ntibemerewe gutorana, ikindi kandi umutoza mwiza w’umwaka atorwa n’abatoza bagenzi be igitego cyiza cy’umwaka…

Soma inkuru yose

KING JAMES ASIZE AMATEKA MURI BK ARENA

Umuhanzi king James yashyizeho agahigo ko kugurisha amatike yose (sold out)yigitaramo azizihirizamo imyaka 20 amaze muri muzika nyarwanda .Iki gitaramo Giteganijwe kuwa 1 kanama 2026,ariko icyaje gutungurana nukuntu amatike yashizemuminsi itatu gusa. Ibyo byatumye abategura ibirori batekereza ko bakongeraho igitaramo cya kabiri ku munsi ukurikiraho,iki gitaramo gikomeje kuvugisha abantu batari bake bitewe n’uburyo abafana bakiteguye…

Soma inkuru yose

Iran izongera ubukana bwa uranium kugera ku rwego rwa 90% niyongera kugabwaho ibitero

Umuvugizi w’Inteko Ishinga Amategeko ya Iran, Ebrahim Rezaei, yavuze ku wa Kabiri ko igihugu cye gishobora kongera ubutare bwa uranium bukagera ku rwego rwa 90% rw’ubuziranenge, urwego rufatwa nk’urwifashishwa mu gukora intwaro za kirimbuzi, mu gihe Iran yaba yongeye kugabwaho igitero. Rezaei, uvugira Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ishinzwe umutekano n’ububanyi n’amahanga, yanditse ku rubuga X…

Soma inkuru yose

U Rwanda rukomeje kuba igicumbi cya Basketball ya Afurika binyuze mu bufatanye bwa NBA na BAL nubwo impaka za politiki zikomeje.

Mu gihe u Rwanda rukomeje kuba kimwe mu bihugu bifite uruhare rukomeye mu iterambere rya basketball muri Afurika, umubano warwo na National Basketball Association ndetse na Basketball Africa League ukomeje gukurura ibiganiro byinshi ku rwego mpuzamahanga. Mu myaka itanu ishize, Kigali yabaye kimwe mu bice by’ingenzi byakira ibikorwa bya BAL, irushanwa ryashinzwe ku bufatanye bwa…

Soma inkuru yose

RSSB Tigers Yiteguye Intambara ya BAL Playoffs, Aho Oumar Ballo Ategerejwe i Kigali.

Mu gihe hasigaye iminsi mike ngo imikino ya kamarampaka ya Basketball Africa League (BAL) 2026 itangire i Kigali, ikipe ya RSSB Tigers ikomeje kongera imbaraga mu rwego rwo kwitwara neza imbere y’abafana bayo, aho amakuru agezweho avuga ko yamaze kumvikana na rutahizamu ukomeye ukomoka muri Mali, Oumar Ballo. Uyu mukinnyi ufite uburebure bwa metero 2.13,…

Soma inkuru yose

Murindahabi Irene yerekeje no mu gukora sinema, nyuma yu uko yakoraga itangaza makuru ndetse no kureberera inyungu z’abahanzi.

Murindahabi Irene umaze igihe mu itangazamakuru aho afite igitangazamakuru cyitwa MIE Entertainment kinyuzwaho ibiganiro bitandukanye, Aba aganira ni ibyamamare bitandukanye mu Rwanda, Murindahibi kandi yamenyekanye kuri televiziyo yitwa ISIBO TV mukiganiro cya The choice live, Isango star ndetse na Magic fm. Uyu kandi mumitsi ishize yatangajeko agiye gukora film yise isereri akazaba ari film yu…

Soma inkuru yose

SKY2 yatawe muri yombi akurikiranweho gukubita no gukomeretsa umugore we

Urwego rw’igihugu rwubugenzacyaha RIB rwataye muri yombi Hahirwabasenga Thimotee uzwi nka Sky2 wabagahe ku mbuga nkoranyambaga, nyuma yo gukekwaho gukubita no gukomeretsa umugore we bashakanye byemewe n’amategeko. Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko uyu mugabo yafashwe tariki 11 Gicurasi 2026, akurikiranyweho icyaha cyo gukubita no gukomeretsa ku bushake ndetse no guhoza ku nkeke uwo bashyigiranywe….

Soma inkuru yose

Abakinnyi b’ikipe ya Barcelona biniguye maze icyari kibyimbye kirameneka

Umunsi wo ku cyumweru taliki ya 10 Gicurasi 2026 muri esipanye (spain) Nibwo habaye umukino ukomeye uzwi kwizina rya El Clásico aho uhuza Real Madrid na Barcelona. Muri uyumukino warangiye Barcelona itahanye amanota atatu ndetse igatwarira igikombe cya shampiyona (Laliga) mumaso ya mukeba nyuma yo gutsinda ibitego bibiri kubusa, abakinnyi ba Barcelona nibo bari batahiwe…

Soma inkuru yose