ITEGEKO RIKUMIRA ABARI MUNSI Y’IMYAKA 16 GUKORESHA IMBUGA NKORANYAMBAGA
Minisiteri y’ikoranabuhanga n’udushya, kubufatanye n’izindi nzego zifite uburezi mu nshingano ziratangaza ko harimo gutegurwa uburyo abana bari munsi y’imyaka 16 bakumirwa gukoresha imbuga nkoranyambaga. Ibi byatewe no kuba abana basigaye bamara umwanya munini ku mbuga nkoranyambaga, cyane ko benshi bo muri icyo kigero baba bafite telefoni zabo cyangwa mudasobwa . Minisitiri w’ikoranabuhanga n’udushya Ingabire Paula,…

