ITEGEKO RIKUMIRA ABARI MUNSI Y’IMYAKA 16 GUKORESHA IMBUGA NKORANYAMBAGA

Minisiteri y’ikoranabuhanga n’udushya, kubufatanye n’izindi nzego zifite uburezi mu nshingano ziratangaza ko harimo gutegurwa uburyo abana bari munsi y’imyaka 16 bakumirwa gukoresha imbuga nkoranyambaga. Ibi byatewe no kuba abana basigaye bamara umwanya munini ku mbuga nkoranyambaga, cyane ko benshi bo muri icyo kigero baba bafite telefoni zabo cyangwa mudasobwa . Minisitiri w’ikoranabuhanga n’udushya Ingabire Paula,…

Soma inkuru yose

Imyaka 10 irashize Mikel Arteta akiniye ikipe ya Arsenal umukino we wanyuma.

Umutoza w’ikipe ya arsenal akaba yaranayibereye umukinnyi, kuri uyumunsi taliki 15 Gicurasi 2026 imyaka 10 irahise akiniye iyi kipe nkumukinnyi wabigize umwuga umukino wanyuma. aho hari 15 Gicurasi 2016 akaba yarakinaga mubo hagati. Uyu mutoza wa arsenal kuru ubu, yatangiye gukina umupira w’amaguru mw’ ikipe y’abakiri bato ya Barcelona aho hari mu 1999 -2002 aho…

Soma inkuru yose

Mbere yo Kugura Ikinyabiziga cy’Amashanyarazi muri Kigali: Dore Ibintu 5 by’Ingenzi Ugomba Kumenya Bwa Mbere

Isoko ry’imodoka n’amamoto bikoresha amashanyarazi (E-Mobility) muri Kigali riri gukura ku muvuduko ukomeye cyane muri uyu mwaka wa 2026. Kubera izamuka rya hato na hato ry’ibiciro by’ibitoro, abashoferi n’abatwara abagenzi benshi bari guhindura imyumvire bakayoboka ikoranabuhanga rishya. Gusa, guhindura ikinyabiziga usanzwe umenyereye ukayoboka icy’amashanyarazi bisaba ubushishozi bwihariye. Ibinyamakuru byo mu Rwanda bikunze kuvuga ku byiza…

Soma inkuru yose

Sheeber Karungi ati:”Nge nakwemera guharikwa n’umugabo”

Umuhanzikazi wo muri Uganda, Sheeber Karungi yatangaje ko yakwemera kuba umugore wa 10 cyangwa 4 w’umugabo , ndetse ko ntacyo byaba bimubwiye mu gihe hari ubwumvikane hagati ye n’abo bagore kandi akaba akunda akanakundwa n’uwo mugabo. Ati:”igihe cyose wabitsobanuriye ndetse nkahura n’abakeba bange kandi bashobotse, ntacyo byaba bintwaye . ntabwo ndigukina. nshobora kuba uwa kane,…

Soma inkuru yose

Kylian Mpappe yavugirijwe induru n’abafana akinjira mukibuga Karahava.

Kylian Mbappé ni umwe mubakinnyi badakunzwe habe nagato n’abafana bikipe ya Real Madrid ibyo bikomeje kugaragarira mubikorwa bitandukanye abafana bagenda bakora aho icyo bashaka ngo arukumubona abavira mwikipe yabo Real Madrid akajyenda. Uyu mukinnyi ushijwa kuba ariwe nyirabayazana w’ibibazo byose Real Madrid ifite, babishingira kukuba kuva yaza ntagikombe na kimwe bari batwara mugihe ikipe yavuyemo…

Soma inkuru yose

Lionel Messi ntarashobora gutsinda igitego ku munota wa mbere w’umukino

Kuri ubu hari abakinnyi bake batsinze kuri buri munota wose w’umukino mu mupira w’amaguru ubwo n’ukuvuga kuva ku munota wa mbere kugera ku munota wa mirongo icyenda. Muri abo ushobora kugira ngo Lionel Messi abarimo kuko ari umukinnyi wa kabiri ufite ibitego byinshi nkuko FIFA ibigaragaza nyuma ya Crisitiano Ronaldo, ariko waba wibeshye kuko Lionel…

Soma inkuru yose

Inganzo Ngari bashyize ku mugaragaro icyabateye gusubiramo indirimbo yabo “Urunyenyeri”

Abagize itorero Inganzo Ngari ,bavuga ko icyabateye gusubiramo indirimbo izwi cyane ibyinwa mu bitaramo bitandukanye izwi nk’urunyenyeri, ari intego y’itorero ryabo kuko biyemeje gusigasira umuco binyuze mu mbyino gakondo ndetse bakawusakaza hirya no hino ku isi. Abahanga mu bijyanye n’indirimbo za gakondo ,bavuga ko indirimbo ya rubanda ari indirimbo iba yaramenyekanye uko ibihangano byasimburanaga, ku…

Soma inkuru yose

Premier League yatangaje abakinnyi n’abatoza bazatorwamo umwiza wahize abandi

Premier league yasohoye urutonde rwabakinnyi 8 bazavamo umukinnyi mwiza w’umwaka ndetse n’abatoza 6 beza bazavamo umutoza mwiza w’umwaka w’imikino 2025-2026 ndetse n’abakinnyi 8 bazatoranywamo umukinnyi mwiza ukiri muto aho atorwa hashingiwe kuko yitwaye mu mwaka wimikino. Muri abo bakinnyi uko ari umunani harimo abakinnyi 3 ba Arsenal aribo David Raya, Declan Rice na Gabriel Magalhaes…

Soma inkuru yose

Nikola Jokic yongeye gutangaza NBA; imibare ye muri Playoffs yakomeje gutungura benshi.

Mu gihe imikino ya kamarampaka ya NBA (National Basketball Association) ikomeje gufata indi ntera, Nikola Jokic wa Denver Nuggets yongeye kuba igicumbi cy’ibiganiro nyuma yo gukomeza kwitwara neza mu mikino ya Playoffs, ibintu bikomeje gutuma benshi bamufata nk’umwe mu bakinnyi bafite impano idasanzwe NBA yagize mu myaka ya vuba. Uyu munya-Serbia ukina nka center akomeje…

Soma inkuru yose