Perezida Dr. Samia Suluhu Hassan yageze mu Rwanda

Dr. Samia Suluhu Hassan perezida wa Tanzania yagize uruzinduko rw’akazi mu Rwanda i kigali kuri uyu wa Kabiri tariki 19 Gicurasi, akaba yitabiriye Inama Nyafurika yiga ku mikoreshereze y’ingufu za Nikeleyeri (NEISA) aho yakiriwe na Dr Ustah Kayitesi, Umunyamabanga wa Leta muri Ministeri y’Ububanyi n’Amahanga. Dr Samia Suluhu Hassan mu masaha ya mu gitondo we…

Soma inkuru yose

Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano akurikiranyweho ibyaha birindwi

Nyuma y’uko Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rutangaje ko rwataye muri yombi Uworozagwira Florien uzwi nka Yampano mu muziki, ibyaha akurikiranyweho byageze kuri birindwi. Ni ibyaha byavuye mu iperereza ry’ibanze nk’uko RIB yabitangaje. Birimo icyo gukubita no gukomeretsa ku bushake, gukoresha ibikangisho, kwangiza ikintu cy’undi, kunywa ibiyobyabwenge, ubwinjiracyaha ku cyaha cy’ubwicanyi, gukoresha imvugo z’ivangura n’icy’ifungiranwa ry’umuntu…

Soma inkuru yose

Pep Guadiola agiye gutoza umukino we wanyuma muri Manchester City

Umutoza Pep Guardiola yageze muri Manchester City mu mpeshyi yo mu mwaka wa 2016. Mu gihe cy’imyaka 10 I Manchester, yubatse ikipe idahangarwa na buri umwe, yahise ahindura imikinire y’u Bwongereza binyuze mu gukundisha abantu umupira w’u Buhanga (Tiki-Taka) n’ubundi buryo bw’imikinire mu kibuga, Kugeza mu mpera z’uyu mwaka w’imikino, Pep Guardiola amaze kwegukana ibikombe…

Soma inkuru yose

BAL 2026 igiye kongera gushyushya Kigali; amakipe umunani agiye guhatanira igikombe cya Afurika.

Mu gihe habura iminsi mike ngo imikino ya kamarampaka ya Basketball Africa League itangire, abakunzi ba basketball muri Afurika bakomeje kwitegura amarushanwa ategerejwe na benshi azabera muri BK Arena. Uyu mwaka wa BAL wongeye gukurura amaso y’abakunzi ba siporo kubera uburyo amakipe yageze muri playoffs agaragaza urwego rwo hejuru ndetse n’ihangana ritegerejwe hagati yayo. Kigali…

Soma inkuru yose

Umuhanzi Uworizangwira Florien uzwi ku izina rya Yampano yitabye urwego rw’igihugu rw’ubungenzacyaha RIB ashinzwa kwangiza uburenganzira bw’umugore we.

Umuhanzi Uworizagwira Florien uzwi ku izina rya Yampano Waboi mbere yuko yitaba Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, yasize asobanuye byinshi kumubano utarumeze neza hagati ye n’umukunzi we.Nubwo yampano yavuze ibye ariko Vava usanzwe ukundana na Yampano yashyize hanze inzira y’umusaraba amaze iminsi anyuramo nyuma y’uko Yampano amugonze, akamukubita, akamuruma izuru ndetse akamutera ubwoba ko azamuhitana naramuka…

Soma inkuru yose

KEVIN KADE AKOMEJE GUSHYUSHYA IMYIDAGADURO Y’U RWANDA MURI 2026

Umuhanzi Ngabo Richard wamamaye ku izina rya kevin kade,akomeje kuvugisha benshi nyuma yo gusubika ibitaramo yari afite i Burayi no kwerekeza muri Amerika mu biganiro by’iterambere ry’umuziki we. lbi byatumye havugwa byinsi ku cyerekezo cye mpuzamahanga. Nyuma yo gusubika ibi bitaramo byari biteganyijwe mu bihugu U Budage ,U Bufaransa ,na Pologne, amakuru avuga ko yerekeje…

Soma inkuru yose

DELIGHT HOTEL Abahanzi bazitabira ibitaramo bya MTN Iwacu Muzika festival 2026 bari kugirana ikiganiro n’itangazamakuru.

Ku wa 20 Kamena 2026 nibwo ibi bitaramo bizatangira bikarangira ku wa 1 Kanama 2026, bizabera mu Mijyi ya Huye, Ngoma, Nyagatare, Muhanga, Musanze, Rubavu na Karongi igiye kwakira bwa mbere MTN Iwacu Muzika Festival. Kuva ibi bitaramo byatangira kwitwa ‘MTN Iwacu Muzika Festival’, byari bitarajya mu Karere ka Karongi. Mu kiganiro n’abanyamakuru, Ubuyobozi bwa…

Soma inkuru yose

Inkingi ya mwamba muri PSG iravunitse habura gato ngo bakine umukino wanyuma

Uyu munsi Taliki 17 Gicurasi 2026 ikipe ya PSG yo mubufaransa yari ifite umukino  wayo wanyuma wa shampiyona aho wayihuje n’ikipe yirwa Paris FC maze umukino ukaza kurangira ikipe ya PSG itsinzewe 2 kuri 1. Nubwo ikipe ya PSG yamaze gutwara ikigikombe, inkingi ya mwamba yabo akaba ariwe uheruka no gutwara igihembo cya Ballon d’Or…

Soma inkuru yose

Yampano na Vava mu makimbirane akomeye akomeje kuvugisha benshi ku mbugankoranyambaga

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 17 Gicurasi 2026 ,inkuru ivuga ku makimbirane hagati ya Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano n’umukunzi we vava yakomeje gukwirakwira cyane ku mbugankoranyambaga no mu bitangazamakuru byo mu Rwanda. Amakuru avuga ko Yampano na Vava, bamaze igihe bafite ibibazo bikomeye byageze aho umwe ashinja undi ibikorwa bikomeye birimo iterabwoba n’ubwumvikane…

Soma inkuru yose

Mu Rwanda umubare wababyaza ukomeje kuba muke ugereranyije n`ababyeyi bitaho

Nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Habonetse ababyaza barenga 2,400 ariko uyu mubare uracyari muke ugereranyije n’abo bagomba guha serivisi, Ibi byatangajwe n`Urugaga rw’Abaforomo n’Ababyaza mu Rwanda (RNMU) U Rwanda rwifatanya n’Isi kwizihiza umunsi wahariwe ababyaza tariki ya 5 Gicurasi buri mwaka André Gitembagara [Perezida w’Urugaga rw’Abaforomo n’Ababyaza mu Rwanda (RNMU)] yatangaje ko nyuma…

Soma inkuru yose