Umurwayi wa mbere wa Ebola yagaragaye i bukavu

Ubuvugizi b`umutwe wa AFC/M23 buyoboye intara ya Kivu y’Amajyepfo, bwemeje ko hari umuntu wagaragaweho icyorezo cya Ebola, mu mujyi wa Bukavu, uhana imbibi n’u Rwanda, ndetse byarangiye inamuhitanye. Lawrence Kanyuka akaba n`muvugizi wa AFC/M23, yanditse kuri X yahoze yitwa twitter ko “hari uwasanzwemo Ebola mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, mu mujyi wa Bukavu.” Nanone kandi…

Soma inkuru yose

Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwakatiye DJ Toxxyk

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa 22 Gicurasi 2026, rwakatiye Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk mu kuvanga umuziki. Urukiko rwamukatiye igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu no kwishyura ihazabu ya 1.050.000 Frw nyuma yo kumuhamya ibyaha byose yashinjwaga. DJ Toxxyk yari akurikiranyweho ibyaha birimo ubwicanyi budaturutse ku bushake, gukora ibikorwa byerekeye ibiyobyabwenge cyane…

Soma inkuru yose

BAL Playoffs ziratangira uyu munsi i Kigali; RSSB Tigers irahura na FUS Rabat mu mukino utegerejwe cyane

Mu gihe abakunzi ba basketball muri Afurika bari bamaze iminsi bategereje aya marushanwa, imikino ya kamarampaka ya Basketball Africa League iratangira kuri uyu wa 22 Gicurasi 2026 muri BK Arena. Uyu munsi ni umwe mu minsi ikomeye cyane kuri basketball nyafurika kuko amakipe umunani akomeye agiye gutangira urugamba rwo gushaka igikombe cya BAL 2026. Abasesenguzi…

Soma inkuru yose

Cristiano Ronaldo yaraye yegukanye Igikombe cya Shampiyona ya Arabie Saoudite

Cristiano Ronaldo uri mu bambere muri ruhago, yatwaye Igikombe cya Shampiyona ya Arabie Saoudite muri uyu mwaka w`imikino wa 2025/2026 ku nshuro ya mbere kuva yagera muri Al Nassri, acyongera ku bindi bikombe asanzwe afite. Cristiano Ronaldo yageze muri Al Nassr yo muri Saudi Pro League muri 2022, aho yari aje kuyikinira ndetse no kuyihesha…

Soma inkuru yose

Imirwano Ikomeye Yongeye Kuburwa Hafi ya Rubaya muri Masisi, Abaturage Bakomeza Guhunga

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, haramutse humvikana imirwano ikomeye hagati y’umutwe wa March 23 Movement n’ingabo za leta ya Democratic Republic of the Congo zifatanyije n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo, mu duce twegereye Rubaya muri teritwari ya Masisi, intara ya Kivu ya Ruguru.Amakuru aturuka muri ako gace avuga ko imirwano yatangiye mu rukerera…

Soma inkuru yose

Uganda Yafashe Ingamba Zikomeye zo Gukumira Ebola, Ihagarika Ingendo Z’Indege na DR Congo

Guverinoma ya Uganda yatangaje ingamba nshya zikomeye zigamije gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya Ebola, zirimo guhagarika ingendo z’indege hagati y’iki gihugu na Democratic Republic of the Congo ndetse no kubuza ibiterane by’abantu benshi mu bice byo mu burengerazuba bw’igihugu.Izi ngamba zatangajwe mu gihe ibihugu byo mu karere bikomeje kugira impungenge z’ikwirakwira rya Ebola nyuma y’uko hari…

Soma inkuru yose

Abaturage batwitse ibice by’ivuriro abarwayi ba Ebola baratoroka Muri Congo (RDC)

Ituri muntara y’uburasirazuba ya leta iharanira Demokarasi ya Congo, Ku wa Kane, tariki ya 21 Gicurasi 2026, Abaturage batwitse ibice bimwe by’ivuriro rya Rwampara General Hospital, aho abarwayi ba Ebola bavurirwaga. Iki kibazo cyaturutse ku muryango w’umusore w’umukinnyi w’umupira w’amaguru witabye Imana, bikekwa ko yahitannywe na Ebola Hanyuma abo mumuryango we baje gucyura umurambo we…

Soma inkuru yose

Air France na Airbus Byongeye Gushinjwa Mu Rubanza rw’Indege AF447 Yahitanye Abantu 228

Urukiko rw’Ubujurire rw’i Paris mu Bufaransa rwongeye gushinja amashirahamwe y’indege Air France na Airbus icyaha cyo “kwica abantu biturutse ku kutubahiriza amategeko y’umutekano”, mu rubanza rwerekeye impanuka y’indege AF447 yabaye mu mwaka wa 2009 igahitana abantu 228.Iyo ndege yakoraga urugendo hagati y’umujyi wa Rio de Janeiro muri Brazil na Paris mu France, yaguye mu Nyanja…

Soma inkuru yose

Rwanda: Guverinoma Yahakanye Ifungwa ry’Imipaka Ihuriraho na RDC, Ishimangira Ingamba Zikomeye zo Gukumira Ebola

Mu gihe hakomeje gukwirakwira amakuru ku mbuga nkoranyambaga avuga ko u Rwanda rwafunze imipaka ihuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) kubera icyorezo cya Ebola, Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ayo makuru atari ukuri, ahubwo ko hashyizweho ingamba zikomeye zo kugenzura abinjira n’abasohoka hagamijwe kurinda abaturage.Ibi byatangajwe n’Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u…

Soma inkuru yose

Ibirori bya Grandparents Day muri Green Hills Academy byitabiriwe na Perezida Kagame

H.E Kagame Paul na Madamu we Jeannette Kagame ni bamwe bitabiriye umunsi wahariwe ba ‘Nyogokuru na ba Sogokuru’ [Grandparents Day] muri Green Hills Academy biba ku wa 20 Gicurasi buri mwaka bikarangwa mo ibikorwa bigiye bitandukanye Perezida Paul Kagame na Madamu we bishimiye igitaramo mu mbyino gakondo z’umuco nyarwanda zabyinwe n’abana biga mu mwaka wa…

Soma inkuru yose