Hashyizweho izamurwa rusange ry’Imishahara ku Bayobozi bose bo mu nzego za Leta
Umuyobozi w’ishami muri serivisi za Leta mu Rwanda yashoboraga kuyobora abakozi, gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’intego, guhuza ibikorwa byo gutanga raporo, gusubiza ibibazo by’abagenzuzi no kwikorera umutwaro wo gushyira mu bikorwa gahunda za Leta, ariko agahabwa gusa amafaranga y’inyongera angana na 5% by’umushahara we fatizo. Niyo mpamvu Ku mpapuro, kuzamurwa mu nshingano byasaga n’aho ari…

