Filime ‘Fight Like a Girl’ iri kuvugisha benshi muri Afurika.

Filime nshya yiswe “Fight Like a Girl” ikomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru mpuzamahanga kubera ubutumwa bukomeye itanga. Iyi filime ishingiye ku nkuru y’umukobwa w’umukinnyi w’iteramakofe wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wakoresheje siporo nk’intwaro yo kurenga ibikomere by’intambara n’ihohoterwa. Abantu benshi bakomeje kuyishima bavuga ko igaragaza imbaraga z’umugore nyafurika ndetse…

Soma inkuru yose

Kigali Universe yashyize abakunzi ba Amapiano mu bicu: Ese u Rwanda ruri kuba igicumbi gishya cy’imyidagaduro muri Afurika?

Mu minsi ishize, ibitaramo n’ibirori bya muzika bikomeje gufata indi ntera mu mujyi wa Kigali, cyane cyane nyuma y’igitaramo cya Amapiano cyabereye muri Kigali Universe cyitabiriwe n’abiganjemo urubyiruko. Abakunzi b’iyi njyana bavuga ko uburyo ibitaramo biri gutegurwa mu Rwanda bugenda burushaho kwegera urwego mpuzamahanga. Hari abemeza ko u Rwanda rushobora kuzaba kimwe mu bihugu bikomeye…

Soma inkuru yose

Abakozi Batatu ba Croix-Rouge Bishwe na Ebola muri DR Congo

Ishirahamwe ritabara imbabare rya International Federation of Red Cross and Red Crescent Societies ryatangaje ko abakozi baryo batatu bapfuye bazize indwara bikekwa ko ari Ebola mu Democratic Republic of the Congo, nyuma yo kuba baranduriye mu bikorwa byo gutunganya imibiri y’abapfuye.Amakuru yatangajwe n’iri shirahamwe avuga ko abo bakozi bakekwa ko banduye iyo ndwara ku wa…

Soma inkuru yose

Urusaku rw’Amasasu Hafi ya White House, Ukekwaho Igitero Yarashwe Arapfa

Mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru, hafi ya White House muri Washington humvikanye urusaku rw’amasasu rwateye impungenge zikomeye mu murwa mukuru wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika.Urwego rushinzwe kurinda abakuru b’ibihugu muri United States, ruzwi nka United States Secret Service, rwatangaje ko umuntu ukekwaho kugaba icyo gitero yahise araswa n’abashinzwe umutekano arapfa.Amakuru yatangajwe n’inzego z’umutekano…

Soma inkuru yose

Bien-aime yavuze ibigwi bya Bruce Melodie i Kigali

Umuhanzi w’icyamamare muri Kenya Bien-Aime Alusa Baraza ,uri mu Rwanda akomeje kuvugisha benshi nyuma yo gushimagiza impano z’abahanzi nyarwanda ,hari Bruce Melodie na Element Eleeh. Bien Aime yavuze ko Bruce Melodie ari umwe mubahanzi bafite ijwi ryiza kandi ridasanzwe. Bien-Aime akomeza avuga ko Bruce Melodie ndetse na Element Eleeh bari muri bamwe mu Bahanzi bafite…

Soma inkuru yose

Ubushakashatsi: abantu bakabya gukunda ibyamamare bagira ubushobozi buke bwo gutekereza

Ubushakashatsi bwakozwe n’abahanga mu myitwarire y’abantu (psychology) bwagaragaje ko abantu bakabya gukunda cyane ibyamamare (celebrities) bagira ubushobozi buke mu mitekerereze no mu gusesengura ibintu. Ubwo bushakashatsi bwashyizwe ahagaragara mu mwaka wa 2021 mu kinyamakuru cya siyansi (science) cya BMC Psychology, bwakorewe ku bantu 1,763 bo muri Hungary. Ababashakashatsi basanze abantu bafite urugero rwo hejuru rwo…

Soma inkuru yose

RSSB Tigers yahaye ibyishimo abakunzi ba Basketball nyuma yo kunyagira FUS Rabat muri BAL Playoffs.

Mu mukino wari utegerejwe cyane n’abakunzi ba basketball mu Rwanda no muri Afurika, RSSB Tigers yatsinze FUS Rabat amanota 95 kuri 72 mu mukino ubanza wa kamarampaka ya Basketball Africa League wabereye muri BK Arena ku wa Gatanu ushize. Uyu mukino wasize abafana benshi bishimira uburyo ikipe ihagarariye u Rwanda yakinnye umukino uri ku rwego…

Soma inkuru yose

Rwanda :Perezida Paul Kagame Yirukanye Abakozi 296 ba RCS, Hanazamurwa Abandi Mu Ntera

Perezida wu Rwanda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo, Paul Kagame, yafashe icyemezo cyo kwirukana bamwe mu bakozi b’a(RCS), barimo ba ofisiye bakuru, ba ofisiye bato ndetse n’abasuzofisiye n’abawada, nk’uko bigaragara mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’uru rwego rushinzwe igorora.Iri tangazo rigaragaza ko abirukanywe barimo:ba Ofisiye bakuru 6,ba Ofisiye bato 13,ndetse n’abasuzofisiye n’abawada 277.Ni icyemezo cyafashwe mu rwego…

Soma inkuru yose

Ibidasanzwe ku Madarubindi Mashya

Muri Gicurasi 2026 ,ikigo cya Google cyerekanye amadarubindi mashya akoranye ubuhanga (Smart Glasses) Ayo madarubindi ahkaba akoresha ubwenge Buhangano (AI) bwa Gemini ,kikaba cyarahuje imbaraga n’ibigo bizobereye mu gukora amadarubindi bya Warby Parker ,Gentle Monster na Sumsung. Aya madarubindi azwi ku izina nka Audio Glasses ,yateganyijwe gushyirwa hanze mu gihe cy’izuba rya 2026 . Bimwe…

Soma inkuru yose

Umuhanzi Shaffy Mu kiganiro yagiranye na Ambasaderi w’u Rwanda Muri Canada ku Iterambere ry’umuziki

Umuhanzi Sharif Uzabumwana uzwi nka Shaffy ,umaze iminsi muri canada,aho ari gukorera ibitaramo mu mijyi itandukanye, mbere yo gutaramira mu mujyi wa Ottawa ,yakiriwe na Ambasaderi w’u Rwanda muri Canada, Prosper Higiro. Umuhanzi shaffy abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze yavuze ko yakiriwe na Ambasaderi Prosper . Shaffy akomeza avuga ko yaganiriye nawe ibiganiro bigamije kurebera…

Soma inkuru yose