RSSB Tigers yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi n’abatoza bazifashishwa muri BAL 2026.

Mu gihe habura iminsi mike ngo imikino ya kamarampaka ya Basketball Africa League itangire i Kigali, RSSB Tigers yamaze gushyira hanze urutonde rw’abakinnyi ndetse n’abatoza bazifashishwa muri BAL 2026. Iyi kipe ihagarariye u Rwanda muri iri rushanwa ku nshuro ya mbere mu mateka yayo, ibintu bikomeje gutuma abakunzi ba basketball bayitegerezaho byinshi mbere y’imikino izabera…

Soma inkuru yose

Hansi Flick yahaye umugisha kuguma Muri Barcelona Kwa Rashford

Umutoza mukuru wa FC Barcelona, Hansi Flick, yahaye uburenganzira ubuyobozi bw’ ikipe bwo kugumana Marcus Rashford burundu Aho uyumusore akina mu gice cy’ubusatirizi. Flick yagaragaje ko uyu mukinnyi mpuzamahanga w’Ubwongereza yujuje neza ibisabwa mu buryo bw’imikinire ye umusaruro ufatika. Ibi ni Nyuma yo kubona uburyo uyu mukinnyi yitwaye neza, umutoza ntiyazuyaje gusaba ko amasezerano ye…

Soma inkuru yose

Abayobozi batandukanye bitabiriye inama ya NEISA 2026 bakiriwe na Perezida Kagame

Uyu munsi kuwa 20 Gicurasi 2026 nibwo Perezidaw`u Rwanda Paul Kagame yahuye na Sylvie Bermann, Perezida wa World Nuclear Exhibition; Sama Bilbao y León, Umuyobozi mukuru w’ishyirahamwe World Nuclear Association; Serge Ekue, Perezida wa West African Development Bank; Daniel Poneman, wo muri Council on Foreign Relations na Ian Farnan, umuyobozi mukuru wa Cambridge Atom Works….

Soma inkuru yose

Ubuhinzi bukomeje kuzamura ubukungu bw’u Rwanda

Urwego rw’ibikomoka ku buhinzi byoherezwa mu mahanga biturutse mu Rwanda ,rukomeje kwerekana imbaraga mu kuzamura ubukungu bw’igihugu .Raporo y’ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ibyoherezwa mu mahanga bikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB), yagaragaje ko mu minsi itanu gusa igihugu cyinjije miliyoni 13.95 z’amadorari y’Amerika . Bimwe mu bihingwa bijyanwa hanze y’igihugu ,dusangamo ikawa ari na yo…

Soma inkuru yose

Nyuma yo gutwara igikombe Arsenal FC yashimwe na Perezida Kagame

Arsenal FC ikaba n’umufatanyabikorwa wa Visit Rwanda yashimwe bikomeye na Perezida w`u Rwanda H.E Paul Kagame nyuma yuko yegukanye Igikombe cya Shampiyona y’u Bwongereza cya 2025/2026. Nyuma y’umukino AFC Bournemouth yanganyijemo na Manchester City igitego 1-1 ku wa 19 Gicurasi 2026, Arsenal FC yatwaye igikombe cya shampiyona y’u Bwongereza. Byatumye Man City igira amanota 78,…

Soma inkuru yose

Arsenal yegukanye igikombe cya Premier League nyuma Y’imyaka 22 y’ikimwaro

Mu gihe cy’imyaka 22 ishize, gufana Arsenal byasabaga kwihangana gukomeye cyane. Nyuma y’aho ikipe y’amateka ya “The Invincibles” itwaye igikombe cyo mu mwaka wa 2003-2004 idatsinzwe ikaba yaratozwaga na Arsène Wenger, Nyuma Arsenal yahuye n’ibihe bikomeye byayisize ku ntebe y’amakipe asezeranya ibitangaza ariko ibyo byose bikarangirira mumagambo gusa mbese urubwa Rwarayiberaga. Ibi byatumye abafana b’izindi…

Soma inkuru yose

UBUJURIRE BWA DJIHAD BWATESHEJWE AGACIRO AGUMISHWA MU IGORORERO

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwagumishijeho igihano cy’igifungo cy’imyaka itatu n’ihazabu ya Milliyoni 3 kuri Uzabakiriho Cyorien wamenyekanye ku izina rya Djihad ,nabo bareganwa bazira gukwirakwiza amashusho y’urukozasoni y’umuhanzi yampano. Muri uyu mwanzuro wasomwe kuri uyu wa kabiri tariki ya 19 Gicurasi 2026,urukiko rwatesheje agaciro ubujurire bwa Djihadi,wazize kuba yarashyize aya mashusho ku mbuga nkoranyambaga ze…

Soma inkuru yose

Ubujurire bwa Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad na bagenzi be ntacyo bwatanze

Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwagumishijeho igihano cy’igifungo cy’imyaka itatu n’ihazabu ya miliyoni 3 Frw cyari cyahawe Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad, Ishimwe François Xavier, Kwizera Nestor uzwi nka Pappy Nesta na Kalisa John uzwi nka K John Ni nyuma yuko aba bari bajuririye iki gihano cy’igifungo cy’imyaka itatu n’ihazabu ya miliyoni 3 Frw bari bakatiwe…

Soma inkuru yose

Enzo Maresca mu nzira zo gusimbura Pep Guardiola

Pep Guardiola umutoza mukuru wa Manchester City nyuma yo kumenyesha ubuyobozi biyi kipe ko batazakomezanya nyuma y’uyu mwaka w’imikino wa 2025/26, Birakekwa ko ashobora gusimburwa na Enzo Maresca. Uyu mutoza Pep yageze muri Manchester City mu mwaka wa 2026 aza asimbura Pellegrini Manuel, aza muburyo bwo gufasha iyi kipe kuba muzikomeye muri Shampiyona y`abongereza, nk’uko…

Soma inkuru yose

Mu Burundi Miss Popularity yambuwe ikamba

Mugisha Monica Celestin, wari wegukanye ikamba ry’umukobwa wakunzwe na benshi mu (Miss popularity) yambuwe iryo kamba burundu na sosiyete INGO s.a itegura itegura amarushanwa ya Miss Burundi 2025 ,imushinja kurenga amasezerano afitanye na yo. Bifashishije imbuga nkoranyambaga kuri uyu wa 18 Gicurasi 2026 ,ubuyobozi bwa INGO s.a bwashyize itangazo ahagaragara ko Mugisha Monica Celestin yambuwe…

Soma inkuru yose