Yago nyuma y’uburwayi bukomeye ateguje indirimbo Nshya “IYAKAREMYE”

Nyuma y’igihe kirekire yari amaze mu gicucu cy’ubuzima butoroshye n’ihungabana ry’ubuzima, umunyamakuru akaba n’umuhanzi Nyarwaya Innocent wamamaye nka Yago (Yago Pon Dat) yamaze gufata umwanzuro wo kubura umutwe. Binyuze ku rukuta rwe rwa Instagram, uyu mugabo yateguje abakunzi b’imyidagaduro ko agiye gushyira hanze indirimbo nshya yise “IYAKAREMYE”, Ikaba ari umushinga uje nk’igisubizo cy’ibyo yanyuzemo byose….

Soma inkuru yose

Kigali yanyeganyejwe n’Imyidagaduro n’Imikino muri iyi mpera z’icyumweru

Mu mpera z’icyumweru kuri uyu wa 16 na 17 Gicurasi 2026 ,mu mujyi wa kigali n’inkengero zawo byari byuzuyemo ibikorwa bitandukanye by’imyidagaduro ,imikino n’umuco byitabiriwe n’abaturage benshi ndetse n’abakerarugendo . Mu bikorwa byaranze imyidagaduro n’imikino muri kigali ,harimo ibitaramo byasusurukije abakunzi b’injyana y’amapiyano ,ndetse n’ibindi birori byahuje urubyiruko n’abakunzi b’umuziki wo kuruhuka no gusabana muri…

Soma inkuru yose

Irene Agiye gukora ubukwe Ariko Aisha siwe mugeni!

Inkuru y’ubukwe bw’uyumunyamakuru Irene yamenyekanye muri ikigitondo taliki 16 Gicurasi 2026, ubwo yasangizaga abamukurikira amafoto aherekejwe n’igihe ububukwe buzabera maze kumbunga nkoranyambaga Abantu batungurwa no gusanga uwo bazabukorana atari Aisha ubarizwa muruganda rwa Cinema kuberako muminsi ishize bavugwa murukundo. Mu biganiro bitandukanye Aisha yagiye agaragaze urukundo afitiye Irene Abantu bagaherako bavuga ko bakundana kuko na…

Soma inkuru yose

RSSB Tigers ikomeje gutera ubwoba muri BAL; abafana batangiye kwizera amateka mashya i Kigali.

Mu gihe imikino ya kamarampaka ya Basketball Africa League iri kugenda yegereza, RSSB Tigers ikomeje kuba imwe mu makipe ari kuvugisha cyane abakunzi ba basketball muri Afurika, cyane cyane nyuma y’imyiteguro ikomeye iyi kipe iri gukora mbere ya playoffs zizabera muri BK Arena. Mu Rwanda, abafana benshi batangiye kubona RSSB Tigers nk’ikipe ishobora gukora amateka…

Soma inkuru yose

Sheeber Karungi ati:”Nge nakwemera guharikwa n’umugabo”

Umuhanzikazi wo muri Uganda, Sheeber Karungi yatangaje ko yakwemera kuba umugore wa 10 cyangwa 4 w’umugabo , ndetse ko ntacyo byaba bimubwiye mu gihe hari ubwumvikane hagati ye n’abo bagore kandi akaba akunda akanakundwa n’uwo mugabo. Ati:”igihe cyose wabitsobanuriye ndetse nkahura n’abakeba bange kandi bashobotse, ntacyo byaba bintwaye . ntabwo ndigukina. nshobora kuba uwa kane,…

Soma inkuru yose

Inganzo Ngari bashyize ku mugaragaro icyabateye gusubiramo indirimbo yabo “Urunyenyeri”

Abagize itorero Inganzo Ngari ,bavuga ko icyabateye gusubiramo indirimbo izwi cyane ibyinwa mu bitaramo bitandukanye izwi nk’urunyenyeri, ari intego y’itorero ryabo kuko biyemeje gusigasira umuco binyuze mu mbyino gakondo ndetse bakawusakaza hirya no hino ku isi. Abahanga mu bijyanye n’indirimbo za gakondo ,bavuga ko indirimbo ya rubanda ari indirimbo iba yaramenyekanye uko ibihangano byasimburanaga, ku…

Soma inkuru yose

KING JAMES ASIZE AMATEKA MURI BK ARENA:

Umuhanzi King James yaciye agahigo ko kugurisha amatike yose (sold out) yigitaramo azizihirizamo imyaka 20 amaze muri Muzika nyarwanda .Iki gitaramo giteganijwe kuwa 1 Kanama 2026 ,ariko icyaje gutungura abantu ,nukuntu amatike yashize mu minsi itatu gusa . Ibyo byatumye abategura ibirori batekereza ko bakongeraho igitaramo cya kabiri ku munsi ukurikiraho .iki gitaramo gikomeje kuvugisha…

Soma inkuru yose

Yampano yasabiye imbabazi abarimo Djihadi anatangaza ko agiye gusohora Album nshya

Umuhanzi Yampano yavuze ko yamaze kubabarira abantu bose baba barafunzwe kubera ikibazo gifitanye isano n’amashusho n’amakuru byamuvuzweho mu minsi ishize, anasaba ko bahabwa imbabazi. Ibi yabigarutseho mu ibaruwa ndende yashyize ku mbuga nkoranyambaga ze, aho yavuze ko adashaka gukomeza kubaho mu mwuka w’amakimbirane n’urwango. Yagaragaje ko ashaka gutangira ubuzima bushya burimo amahoro no gukora cyane…

Soma inkuru yose

KING JAMES ASIZE AMATEKA MURI BK ARENA

Umuhanzi king James yashyizeho agahigo ko kugurisha amatike yose (sold out)yigitaramo azizihirizamo imyaka 20 amaze muri muzika nyarwanda .Iki gitaramo Giteganijwe kuwa 1 kanama 2026,ariko icyaje gutungurana nukuntu amatike yashizemuminsi itatu gusa. Ibyo byatumye abategura ibirori batekereza ko bakongeraho igitaramo cya kabiri ku munsi ukurikiraho,iki gitaramo gikomeje kuvugisha abantu batari bake bitewe n’uburyo abafana bakiteguye…

Soma inkuru yose