Murindahabi Irene yerekeje no mu gukora sinema, nyuma yu uko yakoraga itangaza makuru ndetse no kureberera inyungu z’abahanzi.

Murindahabi Irene umaze igihe mu itangazamakuru aho afite igitangazamakuru cyitwa MIE Entertainment kinyuzwaho ibiganiro bitandukanye, Aba aganira ni ibyamamare bitandukanye mu Rwanda, Murindahibi kandi yamenyekanye kuri televiziyo yitwa ISIBO TV mukiganiro cya The choice live, Isango star ndetse na Magic fm. Uyu kandi mumitsi ishize yatangajeko agiye gukora film yise isereri akazaba ari film yu…

Soma inkuru yose

SKY2 yatawe muri yombi akurikiranweho gukubita no gukomeretsa umugore we

Urwego rw’igihugu rwubugenzacyaha RIB rwataye muri yombi Hahirwabasenga Thimotee uzwi nka Sky2 wabagahe ku mbuga nkoranyambaga, nyuma yo gukekwaho gukubita no gukomeretsa umugore we bashakanye byemewe n’amategeko. Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko uyu mugabo yafashwe tariki 11 Gicurasi 2026, akurikiranyweho icyaha cyo gukubita no gukomeretsa ku bushake ndetse no guhoza ku nkeke uwo bashyigiranywe….

Soma inkuru yose

Abana 2 b’Abakobwa bafite impano idasanzwe muri Gospel basohoye indirimbo yabo ya mbere “Ninde”

Mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda hakomeje kugaragara impano nshya z’abana bato bafite ubushobozi budasanzwe. Muri abo harimo abakobwa babiri bazwi nka Sando na Fofo, bamaze igihe bagaragaza impano yabo mu kuririmba indirimbo za Gospel, none bakaba bamuritse indirimbo yabo ya mbere bise “Ninde”. Iyi ndirimbo ni imwe mu zifite ubutumwa bukomeye…

Soma inkuru yose

Urwenya rwahujwe n’umuziki maze amata abyara amavuta mu gitaramo cya GEN Z COMEDY SHOW

Ku wa Kane, tariki ya 26.02.2026, ijoro ryaryoheye abitabiriye igitaramo cya GEN Z COMEDY SHOW (Iseka Rusange) kibera muri CAMP KIGALI.Ni igitaramo cyahuje urwenya n’umuziki, maze amata abyara amavuta, kirangwa n’akanyamuneza kenshi katewe n’uko abitabiriye babonye abahanzi bari bakumbuye. Saa moya z’ijoro (7:00 PM) zuzuye, ihema risanzwe riberamo iki gitaramo ryari rimaze kuzura, ndetse n’abantu…

Soma inkuru yose

BULL DOG Ashimangira ko Abaraperi Bakiri Bato Bari Kuzamura no Guhindura Isura ya Hip Hop Nyarwanda

Ejo hashize ku wa 03 Gashyantare 2026, kuri Mundi Center, inyubako iherereye mu Murenge wa Gikondo, Akarere ka Kicukiro, habereye ikiganiro n’itangazamakuru cyagarutse ku gitaramo cya Mic Tribe Season 3, giteganyijwe kuba ku wa 07 Gashyantare 2026 Iki kiganiro cyahuje abahanzi bazaririmba muri iki gitaramo gifite umwihariko wo kwibanda kuri Hip Hop, kuko kizitabirwa n’abaraperi…

Soma inkuru yose

Byari bitangaje! Ubukwe bwa NIYO BOSCO na MUKAMISHA IRENE Buri kuvugisha Benshi

Byari ibyishimo n’amarangamutima menshi mu bukwe bwa Niyo Bosco na Mukamisha Irene bwabereye i Kigali Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 16 Mutarama 2026, mu busitani bwa Kaleb Garden mu Mujyi wa Kigali, habereye ubukwe bw’umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Niyokwizerwa Bosco uzwi nka Niyo Bosco n’umukunzi we Mukamisha Irene, mu muhango witabiriwe…

Soma inkuru yose

Indirimbo za Bruce Melodie Zimeze nk’Amashusho y’Urukozasoni,Kubazumva ,Abazireba Bibasigara mu Ntekerezo

Umuhanzi umaze kubaka izina rikomeye mu mitima y’Abanyarwanda ndetse no hanze y’u Rwanda, uzwiho impano yo kuririmba, kwandika no gutunganya ibihangano, Itahiwacu Bruce wamamaye nka Bruce Melodie, akomeje kwigaragaza nk’umuhanzi udasanzwe mu muziki nyarwanda. Uretse impano yo kuririmba, benshi banemeza ko afite n’ubuhanga bwo kuganira neza no gutera urwenya, bikamwongerera igikundiro mu bafana Ibi byose…

Soma inkuru yose

Ibyabereye Kigali i Kanombe Alikiba na Shaffy Music Bakiriwe mu Buryo Budasanzwe na Kevin Kade na Christopher

Mu ijoro ryo ku wa 29 Ukuboza 2025, ni bwo umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Bongo Flava, uvuka muri Tanzania, Ali Saleh Kiba wamamaye ku rwego mpuzamahanga nka Alikiba, yageze mu Rwanda anyuze ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali (Kanombe) ahagana saa 8:30 z’ijoro. Uyu muhanzi wubatse izina rikomeye mu muziki wa Afurika yaje mu…

Soma inkuru yose