Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwakatiye DJ Toxxyk

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa 22 Gicurasi 2026, rwakatiye Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk mu kuvanga umuziki. Urukiko rwamukatiye igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu no kwishyura ihazabu ya 1.050.000 Frw nyuma yo kumuhamya ibyaha byose yashinjwaga. DJ Toxxyk yari akurikiranyweho ibyaha birimo ubwicanyi budaturutse ku bushake, gukora ibikorwa byerekeye ibiyobyabwenge cyane…

Soma inkuru yose

UBUJURIRE BWA DJIHAD BWATESHEJWE AGACIRO AGUMISHWA MU IGORORERO

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwagumishijeho igihano cy’igifungo cy’imyaka itatu n’ihazabu ya Milliyoni 3 kuri Uzabakiriho Cyorien wamenyekanye ku izina rya Djihad ,nabo bareganwa bazira gukwirakwiza amashusho y’urukozasoni y’umuhanzi yampano. Muri uyu mwanzuro wasomwe kuri uyu wa kabiri tariki ya 19 Gicurasi 2026,urukiko rwatesheje agaciro ubujurire bwa Djihadi,wazize kuba yarashyize aya mashusho ku mbuga nkoranyambaga ze…

Soma inkuru yose

Ubujurire bwa Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad na bagenzi be ntacyo bwatanze

Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwagumishijeho igihano cy’igifungo cy’imyaka itatu n’ihazabu ya miliyoni 3 Frw cyari cyahawe Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad, Ishimwe François Xavier, Kwizera Nestor uzwi nka Pappy Nesta na Kalisa John uzwi nka K John Ni nyuma yuko aba bari bajuririye iki gihano cy’igifungo cy’imyaka itatu n’ihazabu ya miliyoni 3 Frw bari bakatiwe…

Soma inkuru yose

Mu Burundi Miss Popularity yambuwe ikamba

Mugisha Monica Celestin, wari wegukanye ikamba ry’umukobwa wakunzwe na benshi mu (Miss popularity) yambuwe iryo kamba burundu na sosiyete INGO s.a itegura itegura amarushanwa ya Miss Burundi 2025 ,imushinja kurenga amasezerano afitanye na yo. Bifashishije imbuga nkoranyambaga kuri uyu wa 18 Gicurasi 2026 ,ubuyobozi bwa INGO s.a bwashyize itangazo ahagaragara ko Mugisha Monica Celestin yambuwe…

Soma inkuru yose

Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano akurikiranyweho ibyaha birindwi

Nyuma y’uko Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rutangaje ko rwataye muri yombi Uworozagwira Florien uzwi nka Yampano mu muziki, ibyaha akurikiranyweho byageze kuri birindwi. Ni ibyaha byavuye mu iperereza ry’ibanze nk’uko RIB yabitangaje. Birimo icyo gukubita no gukomeretsa ku bushake, gukoresha ibikangisho, kwangiza ikintu cy’undi, kunywa ibiyobyabwenge, ubwinjiracyaha ku cyaha cy’ubwicanyi, gukoresha imvugo z’ivangura n’icy’ifungiranwa ry’umuntu…

Soma inkuru yose

Umuhanzi Uworizangwira Florien uzwi ku izina rya Yampano yitabye urwego rw’igihugu rw’ubungenzacyaha RIB ashinzwa kwangiza uburenganzira bw’umugore we.

Umuhanzi Uworizagwira Florien uzwi ku izina rya Yampano Waboi mbere yuko yitaba Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, yasize asobanuye byinshi kumubano utarumeze neza hagati ye n’umukunzi we.Nubwo yampano yavuze ibye ariko Vava usanzwe ukundana na Yampano yashyize hanze inzira y’umusaraba amaze iminsi anyuramo nyuma y’uko Yampano amugonze, akamukubita, akamuruma izuru ndetse akamutera ubwoba ko azamuhitana naramuka…

Soma inkuru yose

DELIGHT HOTEL Abahanzi bazitabira ibitaramo bya MTN Iwacu Muzika festival 2026 bari kugirana ikiganiro n’itangazamakuru.

Ku wa 20 Kamena 2026 nibwo ibi bitaramo bizatangira bikarangira ku wa 1 Kanama 2026, bizabera mu Mijyi ya Huye, Ngoma, Nyagatare, Muhanga, Musanze, Rubavu na Karongi igiye kwakira bwa mbere MTN Iwacu Muzika Festival. Kuva ibi bitaramo byatangira kwitwa ‘MTN Iwacu Muzika Festival’, byari bitarajya mu Karere ka Karongi. Mu kiganiro n’abanyamakuru, Ubuyobozi bwa…

Soma inkuru yose

Yampano na Vava mu makimbirane akomeye akomeje kuvugisha benshi ku mbugankoranyambaga

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 17 Gicurasi 2026 ,inkuru ivuga ku makimbirane hagati ya Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano n’umukunzi we vava yakomeje gukwirakwira cyane ku mbugankoranyambaga no mu bitangazamakuru byo mu Rwanda. Amakuru avuga ko Yampano na Vava, bamaze igihe bafite ibibazo bikomeye byageze aho umwe ashinja undi ibikorwa bikomeye birimo iterabwoba n’ubwumvikane…

Soma inkuru yose

Yago nyuma y’uburwayi bukomeye ateguje indirimbo Nshya “IYAKAREMYE”

Nyuma y’igihe kirekire yari amaze mu gicucu cy’ubuzima butoroshye n’ihungabana ry’ubuzima, umunyamakuru akaba n’umuhanzi Nyarwaya Innocent wamamaye nka Yago (Yago Pon Dat) yamaze gufata umwanzuro wo kubura umutwe. Binyuze ku rukuta rwe rwa Instagram, uyu mugabo yateguje abakunzi b’imyidagaduro ko agiye gushyira hanze indirimbo nshya yise “IYAKAREMYE”, Ikaba ari umushinga uje nk’igisubizo cy’ibyo yanyuzemo byose….

Soma inkuru yose

Kigali yanyeganyejwe n’Imyidagaduro n’Imikino muri iyi mpera z’icyumweru

Mu mpera z’icyumweru kuri uyu wa 16 na 17 Gicurasi 2026 ,mu mujyi wa kigali n’inkengero zawo byari byuzuyemo ibikorwa bitandukanye by’imyidagaduro ,imikino n’umuco byitabiriwe n’abaturage benshi ndetse n’abakerarugendo . Mu bikorwa byaranze imyidagaduro n’imikino muri kigali ,harimo ibitaramo byasusurukije abakunzi b’injyana y’amapiyano ,ndetse n’ibindi birori byahuje urubyiruko n’abakunzi b’umuziki wo kuruhuka no gusabana muri…

Soma inkuru yose