Qing Madi yashinjije uwahoze amucungira inyungu kumwiba

Umuhanzikazi w’umunya Nijeriya (Nigeria) Qing Madi, yashyize hanze ibirego bikomeye ashinja uwahoze ari umujyanama ndetse n’uwamucungiraga inyungu kumwiba ibikorwa ibikorwa bye by’ubuhanzi no gukoresha izina rye mu nyungu ze bwite . Aya makuru yatangajwe anyuze ku mbuga nkoranyambaga ze, avuga ko amaze igihe acecetse ariko ageze aho gufata umwanzuro wo kubwira ukuri abakunzi be ….

Soma inkuru yose

Filime nshya ya Rugaba na Madederi ikomeje kuvugisha benshi

Mu rugendo rwa sinema nyarwanda ikomeje gutera imbere no kugera ku rwego mpuzamahanga, abahanzi n’abatunganya filime bakomeje gushaka inkuru zifite ubutumwa bukomeye kandi zegereye ubuzima bwa buri munsi. Muri uwo murongo ni ho haturuka filime nshya yakinwe na Rugaba Emmanuel afatanyije na Madederi, ishingiye ku nkuru yaciye igikuba ku mbuga nkoranyambaga y’umugabo watumujeho indaya,nyuma agatungurwa…

Soma inkuru yose

Kompressor yavuze impamvu amaze imyaka ibiri muri 1:55 AM adakora indirimbo

Umuhanzi Kompressor yatangaje impamvu amaze imyaka ibiri abarizwa mu nzu ifasha abahanzi ya 1:55 AM atarakora cyangwa ngo asohore indirimbo nshya nkuko bamwe mu bakunzi b’umuziki babyibazaga . Yavuze ko muri icyo gihe yari ahugiye mu bikorwa byo kwitegura neza no gushyira ku murongo umwuga we kugira ngo azagarukane ibikorwa bifite ireme. Kompressor yavuze ko…

Soma inkuru yose

France Mpundu yahishuye indi nkuru nziza nyuma yo Kwambikwa impeta

Umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana ,France Mpundu ,yongeye gushimisha abakunzi abakunzi be nyuma yo gutangaza inkuru nziza ikurikira iyo kwambikwa impeta n’umukunzi we . Ni amakuru yakiranywe ibyishimo byinshi n’abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga ,aho benshi bamwifurije ishya n’ihirwe mu rugendo rushya rw’ubuzima agiyemo. Nyuma yo kwambikwa impeta ,France Mpundu yavuze ko yishimiye icyemezo…

Soma inkuru yose

Lionel Messi Yegukanye Igihembo cya Princess of Asturias 2026

Lionel Messi Yongeye Kwandika amateka yegukana igihembo cy’icyubahiro cya Princess of Asturias 2026,Lionel Messi yongeye gushimangira ko ari umwami w’umupira w’amaguru ku Isi nyuma yo kwegukana igihembo cy’icyubahiro cyanditse amateka cya Princess of Asturias Award for sports 2026. Iki gihembo gihabwa abantu cyangwa ibigo byakoze ibikorwa by’indashyikirwa, bifite akamaro katoroshye mu muryango mugari w’abantu binyuze…

Soma inkuru yose

Ubushinjacyaha bwagaragaje ibyaha bumukurikiranyeho Yampano.

Umuhanzi Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano, yitabye urukiko mu rubanza rurebana n’ibyaha bitandukanye akurikiranyweho nyuma yo gutabwa muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB). Uyu muhanzi umaze imyaka amenyekana mu muziki nyarwanda akurikiranyweho ibyaha birimo gukubita no gukomeretsa ku bushake, gukoresha ibikangisho, gukoresha ibiyobyabwenge ndetse n’ibindi byagaragajwe n’inzego z’ubugenzacyaha mu iperereza ryabanje gukorwa. Mu iburanisha ryabereye…

Soma inkuru yose

Uko Idris Elba yahawe izina rya SIR n’umwami Charles lll

Umukinnyi w’icyamamare muri Sinema Sir Idris Elba ,yongeye kwandika amateka mashya nyuma yo guhabwa izina ry’icyubahiro rya Sir n’umwami Charles lll w’u Bwongereza .Muri uyu muhango ukomeye cyane wabereye mu Ngoro ya Windsor Castle,uyu mukinnyi w’imyaka 53 y’amavuko yashyizwe mu rwego rw’aba-Knights rushimangira umwanya afite mu ruhando rw’abanyacyubahiro b’u Bwongereza n’isi yose. Iri zina rya…

Soma inkuru yose

Urukundo rwa Rema n’umukunzi we

Umuhanzi w’icyamamare mu mudiho wa Afrobeats wo muri Nigeria ,Divine Ikubor uzwi nka Rema, yatangaje ko kuri ubu atandukanye n’umukunzi we kandi ko yahagaritse iby’urukundo ngo yiyubake.Mu kiganiro aherutse kugirana n’umunyamakuru w’icyamamare kuri YouTube,Korty EO, uyu musore wamenyekanye ku ndirimbo Calm Down yavuze ko yahisemo gufata ikiruhuko cy’igihe kirekire mu rukundo . Yagaragaje ko ubu…

Soma inkuru yose

Tsindira ltike y’lndege na SKOL Malt

Uruganda rwa SKOL Brewery Ltd Rwanda binyuze mu kinyobwa cyarwo cya SKOL Malt ,rwatangije ku mugaragaro poromosiyo y’imbonekarimwe yiswe Fly to the Home of Champions. Iyi gahunda igamije guha abakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda amahirwe yo gukabya inzozi ,aho uw’amahirwe azatsindira igihembo gikuru ,azahembwa urugendo rwishyuriwe byose(Itike y’indege) . Iyi poromosiyo yashizweho mu rwego nko…

Soma inkuru yose

Ubushinjacyaha bwasabiye Yampano gufungwa byagateganyo iminsi 30

Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro gufunga by’agateganyo iminsi 30 umuhanzi Uworizagwira Florien wamenyekanye nka Yampano mu gihe iperereza ku byaha akurikiranyweho rigikomeje. Ku cyaha cy’ubwinjiracyaha mu bwicanyi, Yampano yemeye ko bashyamiranye n’umugore bapfa ibihumbi 10 Frw yari agiye koherereza umukobwa wari umwitabaje ko arwaje umwana mu Bitaro bya Kacyiru. Icyo gihe umugore we ngo…

Soma inkuru yose