Umutwaro wa Muzika Sheebah yatekereje kwiyahura

Umuhanzikazi w’icyamamare muri Uganda ,Sheebah Karungi , yatunguye abantu monetari n’abafana be ubwo yahishuraga ko hari igihe umuziki wamubereye umutwaro uremereye cyane . Ibi byatumye atekereza no kwiyahura kugira ngo akire igitutu cy’uruganda rwa muzika n’izina rye rya buri munsi . Uwo mutwaro ukomeye waturutse ku muvuduko w’icyamamare , aho yasabwaga guhora anezeza abantu bose…

Soma inkuru yose

King James azagira umwanya wihariye wo guha icyubahiro Jay Polly na Junior Multisystem mu gitaramo cye.

Mu gihe abakunzi b’umuziki nyarwanda bakomeje kwitegura igitaramo gikomeye cya King James cyo kwizihiza imyaka 20 amaze mu muziki, uyu muhanzi yatangaje ikintu cyakoze ku mitima ya benshi. Yemeje ko muri iki gitaramo hazabamo umwanya wihariye wo kuzirikana no guha icyubahiro abahanzi n’abatunganya umuziki batakiri mu buzima, by’umwihariko Jay Polly na Junior Multisystem. Aya makuru…

Soma inkuru yose

Ubumuntu Arts Festival igiye kongera guhuriza hamwe abahanzi bo hirya no hino ku Isi Iserukiramuco rya Ubumuntu Arts Festival rikomeje kuvugwa cyane nyuma y’itangazwa ry’amatariki y’aryo ndetse n’insanganyamatsiko y’uyu mwaka. Ni igikorwa kimaze kuba kimwe mu bikomeye by’umuco n’ubuhanzi bibera mu Rwanda. Buri mwaka rihuza abahanzi, abanditsi, abakina amakinamico n’abandi bafite impano zitandukanye. Uyu mwaka…

Soma inkuru yose

Bruce Melodie na The Ben bagiye guhurira mu bitaramo bizenguruka igihugu.

Abahanzi Bruce Melodie na The Ben bakomeje kuvugisha benshi nyuma yo gutangaza ibitaramo bizenguruka igihugu byiswe Summer Country Tour 2026. Ni igikorwa cyitezweho guhuza abafana babo bo mu turere dutandukanye tw’u Rwanda. Ibi bitaramo bizatangirira mu Karere ka Musanze mbere yo gukomereza mu zindi ntara. Abakunzi b’umuziki bavuga ko ari ubwa mbere aba bahanzi bombi…

Soma inkuru yose

SEE Muzik yasohoye indirimbo nshya agira inama urubyiruko

Mu gihe abakunzi b’umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana (Gospel) bakomeje kwitegura Nuru Wave Festival iteganyijwe kubera i Kigali muri Kanama uyu mwaka ,umuhanzi SEE Muzik yashyize hanze indirimbo nshya yise “Simbishaka “,ikubiyemo ubutumwa bwimbitse bwo kwiyegurira Imana no kwemera kuyoborwa n’ubushake bwayo. Iyi ndirimbo ije mu gihe urubyiruko rwinshi rukomeje gushakisha icyemezo cy’ubuzima mu…

Soma inkuru yose

Lauryn Hill agiye guhabwa igihembo Living Legend Award

Umuhanzikazi w’icyamamare Laurny Hill ,umaze igihe kinini ari ku isonga mu muziki wa Hip-Hop na R&B, agiye guhabwa igihembo cyihariye cyiswe Living Legend Icon Award ,kigamije gushimira abahanzi bakomeje kugira uruhare rukomeye mu guteza imbere imyidagaduro . Iki gihembo cyashyizweho na Black Entertainment Television (BET) ,kikazatangwa kikazatangwa ku nshuro ya mbere mu birori biteganyijwe ku…

Soma inkuru yose

DJ Spinny yimuriye igitaramo cye i Gahanga

Umuhanga mu kuvanga imiziki ,Joseph Kalisa wamamaye nka DJ Spinny ,yatangaje ko igitaramo cye ngarukamwaka cya Spinny and Friends cyari giteganyijwe kuba tariki ya 8 Kanama 2026,cyimuriwe tariki 18 Nyakanga 2026 ndetse kikazabera ku kibuga cya cricket giherereye i Gahanga . Ibi byatangajwe binyuze mu itangazo ryashyizwe hanze na Spinny events ,risobanura ko impinduka zakozwe…

Soma inkuru yose

Ibitaramo bya Bruce Melodie na The Ben bigiye gutanga akazi

Abahanzi bakomeye mu muziki nyarwanda, Bruce Melodie na The Ben ,bari mu myiteguro y’ibitaramo bizenguruka igihugu byitezweho kuzana impinduka zikomeye mu rwego rw’imyidagaduro no gutanga amahirwe y’akazi ku rubyiruko rwinshi . Ibi bitaramo biri mu bikorwa bikomeje kugaragaza ubufatanye bw’aba bahanzi bombi bamaze igihe mu Rwanda no hanze yarwo . Amakuru yatangajwe agaragaza ko ibi…

Soma inkuru yose

Polisi ya Zanzibar yasoje iperereza ku rupfu rwa Ashlee Jenae

Ashlee Jenae , umunyamerika wari uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga ku izina rya Ashly Robinson, yapfiriye mu kirwa cya Zanzibar muri Tanzania mu kwezi kwa Mata 2026 . uru rupfu rwakuruye impaka nyinshi ku mbuga nkoranyambaga ndetse rutera benshi kwibaza ku cyaba cyabaye intandaro y’urupfu rwe, cyane cyane ko rwabayenyuma y’iminsi mike yari amaze kwambikwa…

Soma inkuru yose