Ubushinjacyaha bwasabiye Yampano gufungwa byagateganyo iminsi 30

Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro gufunga by’agateganyo iminsi 30 umuhanzi Uworizagwira Florien wamenyekanye nka Yampano mu gihe iperereza ku byaha akurikiranyweho rigikomeje. Ku cyaha cy’ubwinjiracyaha mu bwicanyi, Yampano yemeye ko bashyamiranye n’umugore bapfa ibihumbi 10 Frw yari agiye koherereza umukobwa wari umwitabaje ko arwaje umwana mu Bitaro bya Kacyiru. Icyo gihe umugore we ngo…

Soma inkuru yose

Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano yitabye urukiko rw`ibanze rwa kicukiro

Kuri uyu wa 2 Kamena 2026 umuhanzi Uworizagwira Florien wamamaye nka yampano yitabye urukiko rwibanze rwa kicukiro aho agiye kuburana ku ifunga nifungurwa ryagateganyo ku byaha akurikiranywe birimo n`ibyo guhohotera umugore we. Uyu muhanzi akurikiranyweho ibyaha birimo gukubita no gukomeretsa ku bushake, Gukoresha ibikangisho, Kwangiza ikintu cyundi, Kunywa ibiyobyabwenge, Ubwinjiracyaha ku cyaha cyubwicanyi, Gukoresha imvugo…

Soma inkuru yose

Intambara hagati ya Tenge Tenge n’Umujyanama we Michael Kabonge

Umubyinnyi ndetse akaba n’umunyarwenya wo muri Uganda uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga nka Tenge Tenge, amazina ye nyakuri akaba ari Saad Ssozi, Kuri ubu ntameranye neza n’uwari umujyanama (manager) we cyangwa uwamurebereraga inyungu, Michael Kabonge. Ā ariko bikarangira havutse ikibazo cy’amafaranga n’imiyoborere mibi y’imbuga ze. Aho kuri ubu ashinjwa kwiba imbuga nkoranya mbaga z’uyumwana. Tenge Tenge…

Soma inkuru yose

Naomi Yasohoye igitabo yise More Than A Crown

Nishimwe Naomi wabaye nyampinga w’u Rwanda 2020 ,yashyize hanze igitabo cye cya mbere yise More Than A Crown ,gikubiyemo ubuzima bwe bwite ,urugendo rwe rwo kwiyubaka n’uburyo yatsinze ibikomere yanyuzemo . Iki gitabo cyamuritswe ku mugaragaro tariki ya 14 Ukuboza 2025 muri Kigali Convention Center,aho cyitabiriwe n’abo mu muryango ndetse nabakunzi be .Muri iki gitabo…

Soma inkuru yose

Sky 2 Yarekuwe nyuma yuko umugore we amusabiye imbabazi

Hahirwabasenga Timothee uzwi nka SKY2 yari yaratawe muri yombi taliki ya 11 Gicurasi 2026. Uyu mugabo sky2, yari akurikiranyweho icyaha cyo gukubita no gukomeretsa ku bushake n’icyo guhoza ku nkeke uwo bashyigiranywe aho yakubise umugore we basezeranye byemewe n’amategeko akamukomeretsa ndetse akanamuruma ugutwi ikindi kandi ibi yarabyiyemereraga akaba yarabivuze mbere yo kwishyikiriza ubugenzacyaha. Ubushinjacyaha bwafunguye…

Soma inkuru yose

Igitaramo cya Bruce Melodie na The Ben

Abahanzi Bruce Melodie na The ben ,batangaje ibitaramo bya Summer Country Tour 2026 bikaba bizabera mu mijyi ine y’u Rwanda ,mu rwego rwo kwegera abakunzi babo ndetse no guteza imbere imyidagadura mu Ntara. Ibi bitaramo byateguwe nyuma y’amasezerano y’imikoranire aba bahanzi bagiraye nyuma y’igitaramo cya The Nu-Year Groove ,cyabereye muri Bk Arena kuwa 1 Mutarama…

Soma inkuru yose

Filime ā€˜Fight Like a Girl’ iri kuvugisha benshi muri Afurika.

Filime nshya yiswe ā€œFight Like a Girlā€ ikomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru mpuzamahanga kubera ubutumwa bukomeye itanga. Iyi filime ishingiye ku nkuru y’umukobwa w’umukinnyi w’iteramakofe wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wakoresheje siporo nk’intwaro yo kurenga ibikomere by’intambara n’ihohoterwa. Abantu benshi bakomeje kuyishima bavuga ko igaragaza imbaraga z’umugore nyafurika ndetse…

Soma inkuru yose

Kigali Universe yashyize abakunzi ba Amapiano mu bicu: Ese u Rwanda ruri kuba igicumbi gishya cy’imyidagaduro muri Afurika?

Mu minsi ishize, ibitaramo n’ibirori bya muzika bikomeje gufata indi ntera mu mujyi wa Kigali, cyane cyane nyuma y’igitaramo cya Amapiano cyabereye muri Kigali Universe cyitabiriwe n’abiganjemo urubyiruko. Abakunzi b’iyi njyana bavuga ko uburyo ibitaramo biri gutegurwa mu Rwanda bugenda burushaho kwegera urwego mpuzamahanga. Hari abemeza ko u Rwanda rushobora kuzaba kimwe mu bihugu bikomeye…

Soma inkuru yose

Bien-aime yavuze ibigwi bya Bruce Melodie i Kigali

Umuhanzi w’icyamamare muri Kenya Bien-Aime Alusa Baraza ,uri mu Rwanda akomeje kuvugisha benshi nyuma yo gushimagiza impano z’abahanzi nyarwanda ,hari Bruce Melodie na Element Eleeh. Bien Aime yavuze ko Bruce Melodie ari umwe mubahanzi bafite ijwi ryiza kandi ridasanzwe. Bien-Aime akomeza avuga ko Bruce Melodie ndetse na Element Eleeh bari muri bamwe mu Bahanzi bafite…

Soma inkuru yose

Umuhanzi Shaffy Mu kiganiro yagiranye na Ambasaderi w’u Rwanda Muri Canada ku Iterambere ry’umuziki

Umuhanzi Sharif Uzabumwana uzwi nka Shaffy ,umaze iminsi muri canada,aho ari gukorera ibitaramo mu mijyi itandukanye, mbere yo gutaramira mu mujyi wa Ottawa ,yakiriwe na Ambasaderi w’u Rwanda muri Canada, Prosper Higiro. Umuhanzi shaffy abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze yavuze ko yakiriwe na Ambasaderi Prosper . Shaffy akomeza avuga ko yaganiriye nawe ibiganiro bigamije kurebera…

Soma inkuru yose