M. Iréné na Nikuze Liliane batangiye gutumira abazitabira ubukwe bwabo

Ibyishimo bikomeje kuba byinshi ku munyamakuru M. Iréné n’umukunzi we Nikuze Liliane nyuma y’uko batangiye gutanga ubutumire ku nshuti, abo mu miryango yabo ndetse n’abandi bazifatanya na bo mu bukwe bwabo buteganyijwe mu kwezi kwa Kanama uyu mwaka. Aba bombi bamaze igihe bakundana, ndetse mu minsi ishize M. Iréné yari yamaze kwambika impeta Liliane mu…

Soma inkuru yose

Urwibutso rw’urukundo Mbappe arashinjwa guta ikipe kubera Ester Exposito

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu ya Faransa n’ikipe ya Real Madrid, Kylian Mbappe, ari mu majwi y’abatari bake mu bitangazamakuru no kumbuga nkoranyambaga zikomeye. Ibi byerekeranye n’uko uyu mukinnyi yongeye kugaragara asohokana mu buryo bwa hafi cyane n’umukinnyi wa filime w’icyamamare ukomoka muri espagne, Ester Exposito. Inkuru y’urukundo rw’aba babiri yatangiye kuvugwa cyane mu ntangiriro z’uyu mwaka…

Soma inkuru yose

Thierry Henry yandikiwe amateka muri New York: Umuhanda wamwitiriwe kubera ibigwi bye muri ruhago.

Umunyabigwi w’umupira w’amaguru Thierry Henry yongeye guhabwa icyubahiro gikomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma y’uko umwe mu mihanda yo mu Mujyi wa New York wamwitiriwe ku mugaragaro. Iki gikorwa cyabaye ku wa 10 Kamena 2026, kigamije guha agaciro uruhare rukomeye uyu Munyafaransa yagize mu iterambere rya ruhago muri uyu mujyi ndetse no muri…

Soma inkuru yose

Indirimbo 10 za Bruce Melodie na The Ben z’amahitamo y’abafana

Ibitaramo by’amateka bya The Ben na Bruce Melodie mu Ntara z’u Rwanda n’icyizere cyinshi mj bafana ba muzika. Nyuma y’uko aba bahanzi bombi bafashe umwanzuro wo guhuriza hamwe imbaraga binyuze mu bitaramo biteguye mu bice bitandukanye by’igihugu, urutonde rw’indirimbo 10 z’amahitamo y’abafana nirwo rwitezweho gushyushya imitima y’abaturage bo mu Ntara. Izi ndirimbo zatoranyijwe hashingiwe ku…

Soma inkuru yose

Jay-Z yatangaje ibitaramo bishya muri Paris na Los Angeles

Umuraperi akaba n’umuherwe Jay-Z n’ikigo cye cya Roc Nation banyujije ku mbuga nkoranyambaga itangazo rimenyesha abafana ibitaramo bibiri bishya bikomeye bizabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika no mu Bufaransa. Ibi bitaramo byiswe “Jay-Z 30 ” bigamije kwizihiza isabukuru y’imyaka 30 amaze mu ruhando rwa Muzika kuva yasohora albumu ye ya mbere mu 1996. Iki…

Soma inkuru yose

Gradine Toto ategerejwe gushimisha abazitabira IvyFilipiano Fest 2026

Umuhanzi Gradine Toto uri mu bagezweho muri Afurika yo Hagati no mu Burasirazuba, ategerejwe mu Rwanda mu gitaramo cy’Iserukiramuco rya IvyFilipiano Fest 2026 kizabera mu Karere ka Rubavu ku wa 5 Nyakanga 2026. Uyu muhanzi wamamaye cyane binyuze mu ndirimbo “MayDay [Rachael]” yakunzwe ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye zirimo TikTok, Instagram na Facebook, azaba ari umwe…

Soma inkuru yose

BK Arena yahindutse nka Jamaica: Ibyaranze igitaramo cya UB40 cyasize abakunzi ba Reggae banyuzwe

Mu ijoro ryo ku wa 9 Kamena 2026, BK Arena yari yuzuyemo abakunzi ba Reggae bari baje kwihera ijisho itsinda ry’ibyamamare UB40 Featuring Ali Campbell ryakoreye igitaramo cya mbere mu Rwanda. Iki gitaramo cyari kimwe mu bigize urugendo rwabo rwa “Big Love Tour”, cyitabiriwe n’abafana baturutse mu bice bitandukanye by’u Rwanda ndetse no mu bihugu…

Soma inkuru yose

Nyuma yo guca igikuba ku mbuga nkoranyambaga, TimiBeats yamaze kugera i Kigali

Umuhanzi TimiBeats wo muri Nigeria akomeje kuvugisha benshi mu Rwanda nyuma y’uko challenge y’indirimbo ye ikorewe na Kwizera Olivier uzwi kandi nka Gishweka imaze iminsi ikwirakwira cyane ku mbuga nkoranyambaga. Iyi challenge yakunzwe n’abatari bake, aho abakoresha YouTube na Instagram bagiye bagaragaza ko bishimiye uyu muhanzi binyuze mu butumwa bwinshi bwari buherekejwe n’amadarapo y’u Rwanda,…

Soma inkuru yose

Ibyishimo ni byose kuri Kundwa Doriane warangije amasomo ye muri Canada

Uwabaye Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2015, Kundwa Doriane, ari mu byishimo bikomeye nyuma yo gusoza amasomo ye mu bijyanye n’ubuzima muri Ontario Tech University iherereye muri Canada. Amafoto yasakajwe ku mbuga nkoranyambaga amugaragaza yambaye umwambaro w’abarangije amasomo, ibintu byashimishije benshi mu bamukurikirana ndetse n’abakunzi b’amarushanwa y’ubwiza mu Rwanda. Uyu Munyarwandakazi amaze imyaka itari…

Soma inkuru yose

Urukundo rwa Saidi Lugumi na Alliah Cool rwaba rwarageze ku iherezo? Ibimenyetso bikomeje gutera urujijo

Mu minsi ishize, amazina ya Alliah Cool na Saidi Lugumi yakomeje kuvugwa cyane ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’uko havuzwe inkuru z’uko aba bombi baba bari mu mubano wihariye. Icyo gihe ibikorwa byabo byagaragaraga ku mbuga nkoranyambaga byatumaga benshi bakeka ko hagati yabo hari urukundo, nubwo nta n’umwe muri bo wari warigeze abyemeza ku mugaragaro. Kuri…

Soma inkuru yose