Peter Okeye yihanangirije abafana Bamugereranya n’Impanga Ye

Umuhanzi w’icyamamare muri Nogeria, Peter Okeye wamamaye nka Mr P, yihanangirije abafana bakomeje kumugereranya n’impanga ye Paul Okoye(Rudeboy) nyuma y’uko biboneka ko itandukaniro ryabo ryamaje gufata indi ntera idasubirwaho. Uyu muhanzi yagaragaje ko atajya yishimira imyitwarire y’abantu bakomeza kumutandukanya n’indangagaciro ze bwite nk’umuhanzi wigenga, cyane cyane nyuma y’uko itsinda rya P-Square ryongeye gusenyuka. Peter Okoye…

Soma inkuru yose

Ibirori by’agatangaza Byafunguye Igikombe cy’Isi cy’Amateka i Mexico

Ibirori byasize amateka mu gufungura Igikombe cy’Isi cya 2026 byabereye kuri Estadio Azteca i Mexico City. Abafana ibihumbi bari buzuye sitade berekanye ibyishimo bavanze n’igishyika cyo kwakira iri rushanwa rikomeye ryongeye kugaruka iwabo nyuma y’imyaka mirongo ine. Umuhango wogejwe n’abanyamuziki b’ibyamamare ku Isi barimo umuhanzi Shakira, J Balvin wo muri Colombia, Burna Boy wa Nigeria,…

Soma inkuru yose

Senderi Hit yakoreye igitaramo cy’amateka i Musanze

Umuhanzi Eric Senderi wamamaye nka Senderi International Hit, yakoreye igitaramo cy’amateka mu karere ka Musanze, cyitabiriwe n’abantu benshi barimo n’abakerarugendo. Iki gikorwa cyabaye ku wa Gatanu 12 Kamena 2026, cyari kigamije kwizihiza kwizihiza ibirori byo kwibohora ku nshuro ya 32 n’imyaka 20 amaze mu muziki. Uyu muhanzi yageze ku rubyiniro i Musanze asanganirwa n’uruvunganzoka rw’abafana…

Soma inkuru yose

RSSB Tigers igiye gusangira ibyishimo by’igikombe cya BAL n’Abanyarwanda.

Ikipe ya RSSB Tigers ikomeje kwandikisha amateka muri Basketball nyarwanda nyuma yo kwegukana igikombe cya Basketball Africa League (BAL) 2026, iba ikipe ya mbere yo mu Rwanda ibashije kugera kuri uwo musaruro. Mu rwego rwo gusangira ibyishimo n’abakunzi bayo ndetse n’Abanyarwanda muri rusange, iyi kipe yatangaje ko ku wa Gatandatu izakora urugendo rwo kumurika iki…

Soma inkuru yose

Murenzi Yves yashyize hanze abakinnyi 16 bazahindura amateka muri Basketball

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’Abagabo muri basketball, Murenzi Yves , yahamagaye abakinnyi 16 bazatoranywamo abazakina imikino yo gushaka itike y’igikombe cy’Isi cya 2027 giteganyijwe kubera i Doha muri Qatar. uru rutonde rwashyizwe hanze n’ishyirahamwe rya Basketball mu Rwanda (FERWABA) kuri uyu wa kane tariki ya 11 Kamena 2026, mu rwego rwo gutangira imyitozo hakiri kare. Iyi…

Soma inkuru yose

Richard Nick Ngendahayo yatangaje igitaramo cya kabiri i Kigali

Umuramyi Richard Nick Ngendahayo yatangaje ko agiye gukorera i Kigali igitaramo cye cya Kabiri yise Niwe Healing Concert Edition 2, ku wa 28 Ugushyingo 2026. Iki gikorwa kije gikurikira ubusabe bw’abakunzi b’umuziki we bifuzaga ko ibi bitaramo byajya biba ngarukamwaka. Iki gitaramo biteganyijwe ko kizabera muri BK Arena, umwanya ukomeye usanzwe wakira ibirori bikuru mu…

Soma inkuru yose

Mbonyi yakiriwe mu Bubiligi mbere y’igitaramo gikomeye ategerejwemo i Bruxelles.

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, yamaze kugera mu Mujyi wa Bruxelles mu Bubiligi aho ategerejwe gukorera igitaramo gikomeye ku wa 13 Kamena 2026. Uyu muhanzi ukunzwe cyane mu Rwanda no mu mahanga yageze muri iki gihugu ku wa Kane, yakirwa n’abakunzi be ndetse n’abateguye iki gitaramo, mu gihe imyiteguro yacyo iri…

Soma inkuru yose

Dore uko Igikombe cy’Isi cya 2026 kizagenda kuva mu matsinda kugeza habonetse ikipe yegukana igikombe.

Igikombe cy’Isi cya 2026 kizaba gifite umwihariko udasanzwe kuko ari bwo bwa mbere mu mateka kizitabirwa n’amakipe 48. Aya makipe yagabanyijwe mu matsinda 12, buri tsinda rigizwe n’amakipe ane. Mu mikino y’amatsinda, buri kipe izakina imikino itatu ihura n’andi makipe yo mu itsinda ryayo. Nyuma y’iyi mikino, amakipe abiri ya mbere muri buri tsinda ndetse…

Soma inkuru yose

Tyla yanyuze imbaga aririmba indirimbo yubahiriza Afurika y’Epfo mbere y’umukino wa Mexico.

Umuhanzikazi w’icyamamare muri Afurika y’Epfo, Tyla, yongeye kugaragaza impano n’ishema afitiye igihugu cye nyuma yo kuririmba indirimbo yubahiriza igihugu cya Afurika y’Epfo mbere y’umukino wa gicuti wahuje iki gihugu na Mexico. Ni igikorwa cyabaye mbere y’uko amakipe yombi asesekara mu kibuga, aho amajwi ya Tyla yakiriwe n’amashyi menshi y’abafana bari bitabiriye uwo mukino ndetse n’abari…

Soma inkuru yose