Thierry Henry yandikiwe amateka muri New York: Umuhanda wamwitiriwe kubera ibigwi bye muri ruhago.

Umunyabigwi w’umupira w’amaguru Thierry Henry yongeye guhabwa icyubahiro gikomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma y’uko umwe mu mihanda yo mu Mujyi wa New York wamwitiriwe ku mugaragaro. Iki gikorwa cyabaye ku wa 10 Kamena 2026, kigamije guha agaciro uruhare rukomeye uyu Munyafaransa yagize mu iterambere rya ruhago muri uyu mujyi ndetse no muri…

Soma inkuru yose

Ubushakashatsi: abantu bakabya gukunda ibyamamare bagira ubushobozi buke bwo gutekereza

Ubushakashatsi bwakozwe n’abahanga mu myitwarire y’abantu (psychology) bwagaragaje ko abantu bakabya gukunda cyane ibyamamare (celebrities) bagira ubushobozi buke mu mitekerereze no mu gusesengura ibintu. Ubwo bushakashatsi bwashyizwe ahagaragara mu mwaka wa 2021 mu kinyamakuru cya siyansi (science) cya BMC Psychology, bwakorewe ku bantu 1,763 bo muri Hungary. Ababashakashatsi basanze abantu bafite urugero rwo hejuru rwo…

Soma inkuru yose

Umurwayi wa mbere wa Ebola yagaragaye i bukavu

Ubuvugizi b`umutwe wa AFC/M23 buyoboye intara ya Kivu y’Amajyepfo, bwemeje ko hari umuntu wagaragaweho icyorezo cya Ebola, mu mujyi wa Bukavu, uhana imbibi n’u Rwanda, ndetse byarangiye inamuhitanye. Lawrence Kanyuka akaba n`muvugizi wa AFC/M23, yanditse kuri X yahoze yitwa twitter ko “hari uwasanzwemo Ebola mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, mu mujyi wa Bukavu.” Nanone kandi…

Soma inkuru yose

Abaturage batwitse ibice by’ivuriro abarwayi ba Ebola baratoroka Muri Congo (RDC)

Ituri muntara y’uburasirazuba ya leta iharanira Demokarasi ya Congo, Ku wa Kane, tariki ya 21 Gicurasi 2026, Abaturage batwitse ibice bimwe by’ivuriro rya Rwampara General Hospital, aho abarwayi ba Ebola bavurirwaga. Iki kibazo cyaturutse ku muryango w’umusore w’umukinnyi w’umupira w’amaguru witabye Imana, bikekwa ko yahitannywe na Ebola Hanyuma abo mumuryango we baje gucyura umurambo we…

Soma inkuru yose

Mu Rwanda umubare wababyaza ukomeje kuba muke ugereranyije n`ababyeyi bitaho

Nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Habonetse ababyaza barenga 2,400 ariko uyu mubare uracyari muke ugereranyije n’abo bagomba guha serivisi, Ibi byatangajwe n`Urugaga rw’Abaforomo n’Ababyaza mu Rwanda (RNMU) U Rwanda rwifatanya n’Isi kwizihiza umunsi wahariwe ababyaza tariki ya 5 Gicurasi buri mwaka André Gitembagara [Perezida w’Urugaga rw’Abaforomo n’Ababyaza mu Rwanda (RNMU)] yatangaje ko nyuma…

Soma inkuru yose

Icyoreza cya Ebola cyongereye ubukana mu mugi wa Goma

Uyu munsi tariki 17/05/2026, Umujyi wa Goma uri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagaragayemo umurwayi wa mbere wa Ebola. Aya makuru yose yemejwe nuyobora Ikigo cya Republica iharanira Democracy ya Congo gishinzwe ubushakashatsi mubijyanye by’ubuvuz, Professor Jean Jacques Muyembe. Professor Jean Jacques yavuze ko umurwayi wambere wagaragaye i Goma yari umugore w’umugabo uherutse kwicwa…

Soma inkuru yose

Abandikishwa ko bapfuye mu Rwanda biyongeyeho 4%

Ikigo cy’Igihigu cy’Ibarurishamibare NISR (National institute of Statistics of Rwanda), cyerekana ko ko mu mwaka ushize wa 2025 Ababarujwe mu ko bapfuye bose hamwe mu irangamimerere ari 39,000 bangana na 50,4% mu gihe umwaka wari wawubanjirije wa 2024 hari habaruwe abangana na 46,2%. Ibi byose byatangajwe n`ikigo cy’Igihigu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda NISR (National institute of…

Soma inkuru yose