Abayobozi batandukanye bitabiriye inama ya NEISA 2026 bakiriwe na Perezida Kagame

Uyu munsi kuwa 20 Gicurasi 2026 nibwo Perezidaw`u Rwanda Paul Kagame yahuye na Sylvie Bermann, Perezida wa World Nuclear Exhibition; Sama Bilbao y León, Umuyobozi mukuru w’ishyirahamwe World Nuclear Association; Serge Ekue, Perezida wa West African Development Bank; Daniel Poneman, wo muri Council on Foreign Relations na Ian Farnan, umuyobozi mukuru wa Cambridge Atom Works….

Soma inkuru yose

Perezida Dr. Samia Suluhu Hassan yageze mu Rwanda

Dr. Samia Suluhu Hassan perezida wa Tanzania yagize uruzinduko rw’akazi mu Rwanda i kigali kuri uyu wa Kabiri tariki 19 Gicurasi, akaba yitabiriye Inama Nyafurika yiga ku mikoreshereze y’ingufu za Nikeleyeri (NEISA) aho yakiriwe na Dr Ustah Kayitesi, Umunyamabanga wa Leta muri Ministeri y’Ububanyi n’Amahanga. Dr Samia Suluhu Hassan mu masaha ya mu gitondo we…

Soma inkuru yose

DELIGHT HOTEL Abahanzi bazitabira ibitaramo bya MTN Iwacu Muzika festival 2026 bari kugirana ikiganiro n’itangazamakuru.

Ku wa 20 Kamena 2026 nibwo ibi bitaramo bizatangira bikarangira ku wa 1 Kanama 2026, bizabera mu Mijyi ya Huye, Ngoma, Nyagatare, Muhanga, Musanze, Rubavu na Karongi igiye kwakira bwa mbere MTN Iwacu Muzika Festival. Kuva ibi bitaramo byatangira kwitwa ‘MTN Iwacu Muzika Festival’, byari bitarajya mu Karere ka Karongi. Mu kiganiro n’abanyamakuru, Ubuyobozi bwa…

Soma inkuru yose

RSSB Tigers ikomeje gutera ubwoba muri BAL; abafana batangiye kwizera amateka mashya i Kigali.

Mu gihe imikino ya kamarampaka ya Basketball Africa League iri kugenda yegereza, RSSB Tigers ikomeje kuba imwe mu makipe ari kuvugisha cyane abakunzi ba basketball muri Afurika, cyane cyane nyuma y’imyiteguro ikomeye iyi kipe iri gukora mbere ya playoffs zizabera muri BK Arena. Mu Rwanda, abafana benshi batangiye kubona RSSB Tigers nk’ikipe ishobora gukora amateka…

Soma inkuru yose

Sheeber Karungi ati:”Nge nakwemera guharikwa n’umugabo”

Umuhanzikazi wo muri Uganda, Sheeber Karungi yatangaje ko yakwemera kuba umugore wa 10 cyangwa 4 w’umugabo , ndetse ko ntacyo byaba bimubwiye mu gihe hari ubwumvikane hagati ye n’abo bagore kandi akaba akunda akanakundwa n’uwo mugabo. Ati:”igihe cyose wabitsobanuriye ndetse nkahura n’abakeba bange kandi bashobotse, ntacyo byaba bintwaye . ntabwo ndigukina. nshobora kuba uwa kane,…

Soma inkuru yose

Abandikishwa ko bapfuye mu Rwanda biyongeyeho 4%

Ikigo cy’Igihigu cy’Ibarurishamibare NISR (National institute of Statistics of Rwanda), cyerekana ko ko mu mwaka ushize wa 2025 Ababarujwe mu ko bapfuye bose hamwe mu irangamimerere ari 39,000 bangana na 50,4% mu gihe umwaka wari wawubanjirije wa 2024 hari habaruwe abangana na 46,2%. Ibi byose byatangajwe n`ikigo cy’Igihigu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda NISR (National institute of…

Soma inkuru yose

Perezida wa Afurika y’Epfo yongeye kuvuga ku mubano n’u Rwanda.

Mu gihe Afurika ikomeje guhangana n’ibibazo by’umutekano ndetse n’ubukungu, Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yongeye gutangaza ko igihugu cye cyifuza gukomeza kubaka umubano mwiza n’u Rwanda, nubwo hakomeje kubaho ibibazo bya dipolomasi byagiye bivugwa hagati y’ibihugu byombi mu myaka yashize. Ibi Ramaphosa yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru nyuma y’inama yahuje bamwe mu bayobozi ba…

Soma inkuru yose

U Rwanda rukomeje kuba igicumbi cya Basketball ya Afurika binyuze mu bufatanye bwa NBA na BAL nubwo impaka za politiki zikomeje.

Mu gihe u Rwanda rukomeje kuba kimwe mu bihugu bifite uruhare rukomeye mu iterambere rya basketball muri Afurika, umubano warwo na National Basketball Association ndetse na Basketball Africa League ukomeje gukurura ibiganiro byinshi ku rwego mpuzamahanga. Mu myaka itanu ishize, Kigali yabaye kimwe mu bice by’ingenzi byakira ibikorwa bya BAL, irushanwa ryashinzwe ku bufatanye bwa…

Soma inkuru yose