Ubumuntu Arts Festival igiye kongera guhuriza hamwe abahanzi bo hirya no hino ku Isi Iserukiramuco rya Ubumuntu Arts Festival rikomeje kuvugwa cyane nyuma y’itangazwa ry’amatariki y’aryo ndetse n’insanganyamatsiko y’uyu mwaka. Ni igikorwa kimaze kuba kimwe mu bikomeye by’umuco n’ubuhanzi bibera mu Rwanda. Buri mwaka rihuza abahanzi, abanditsi, abakina amakinamico n’abandi bafite impano zitandukanye. Uyu mwaka…

Soma inkuru yose

Bruce Melodie na The Ben bagiye guhurira mu bitaramo bizenguruka igihugu.

Abahanzi Bruce Melodie na The Ben bakomeje kuvugisha benshi nyuma yo gutangaza ibitaramo bizenguruka igihugu byiswe Summer Country Tour 2026. Ni igikorwa cyitezweho guhuza abafana babo bo mu turere dutandukanye tw’u Rwanda. Ibi bitaramo bizatangirira mu Karere ka Musanze mbere yo gukomereza mu zindi ntara. Abakunzi b’umuziki bavuga ko ari ubwa mbere aba bahanzi bombi…

Soma inkuru yose

Afurika Yabonye Umwami Mushya! RSSB Tigers yanditse amateka yegukana BAL 2026 bwa mbere

Mu ijoro ryuzuyemo amarangamutima, ibyishimo n’amateka atazibagirana, RSSB Tigers yegukanye igikombe cya Basketball Africa League (BAL) 2026 nyuma yo gutsinda Petro de Luanda amanota 90 kuri 88 ku mukino wa nyuma wabereye muri BK Arena i Kigali. Ni intsinzi yahinduye amateka ya basketball nyarwanda, ihita yandika izina rya RSSB Tigers mu makipe akomeye Afurika imaze…

Soma inkuru yose

Abanyeshuri barenga ibihumbi 74 batangiye ibizamini ngiro bya Leta

Kuri uyu wa 3 Kamena 2026 Minisiteri y’Uburezi yatangije ibizamini bya Leta, aho abagera ku 74,085 biga mu mashuri y’imyuga n’ubumenyi ngiro ndetse n’abakandida bigenga barimo gukora ibizamini ngiro. Ni ibizamini bizakorwa kuva ku wa 3 kugeza ku wa 22 Kamena 2026 n’abanyeshuri 70,504 biga mu mashuri asanzwe ndetse n’abandi 3,581 bigenga. Ku rwego rw’igihugu,…

Soma inkuru yose

Ubushinjacyaha bwasabiye Yampano gufungwa byagateganyo iminsi 30

Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro gufunga by’agateganyo iminsi 30 umuhanzi Uworizagwira Florien wamenyekanye nka Yampano mu gihe iperereza ku byaha akurikiranyweho rigikomeje. Ku cyaha cy’ubwinjiracyaha mu bwicanyi, Yampano yemeye ko bashyamiranye n’umugore bapfa ibihumbi 10 Frw yari agiye koherereza umukobwa wari umwitabaje ko arwaje umwana mu Bitaro bya Kacyiru. Icyo gihe umugore we ngo…

Soma inkuru yose

Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano yitabye urukiko rw`ibanze rwa kicukiro

Kuri uyu wa 2 Kamena 2026 umuhanzi Uworizagwira Florien wamamaye nka yampano yitabye urukiko rwibanze rwa kicukiro aho agiye kuburana ku ifunga nifungurwa ryagateganyo ku byaha akurikiranywe birimo n`ibyo guhohotera umugore we. Uyu muhanzi akurikiranyweho ibyaha birimo gukubita no gukomeretsa ku bushake, Gukoresha ibikangisho, Kwangiza ikintu cyundi, Kunywa ibiyobyabwenge, Ubwinjiracyaha ku cyaha cyubwicanyi, Gukoresha imvugo…

Soma inkuru yose

BK Arena YATIGISE! RSSB Tigers yegukanye Afurika itsinze Petro de Luanda mu mukino wasize Kigali yose ihagaze

Ijoro ryo ku wa 31 Gicurasi 2026 ryahise ryinjira mu mateka ya siporo y’u Rwanda nyuma y’uko RSSB Tigers yegukanye igikombe cya Basketball Africa League itsinze Petro de Luanda amanota 90 kuri 88 mu mukino wa nyuma wabereye muri BK Arena. Ni intsinzi yasize Kigali yose ivugwamo basketball, abantu ku mbuga nkoranyambaga batangira gusakaza amafoto,…

Soma inkuru yose

Umugabo wimyaka 43 yakubise umwana we ifuni arapfa

Ubushinjacyaha bwashyikirije Urukiko Rwisumbuye rwa Huye dosiye buregamo umusaza w’imyaka 43 ukekwaho gukubita ifuni umuhungu we w’imyaka 21 mu mutwe agahita anahasiga ubuzima. Ku itariki ya 17 Gicurasi 2026, ahagana saa tanu z’ijoro nibwo bikekwa ko iki cyaha cyakozwe kigakorerwa mu Mudugudu wa Kinombe, Akagali ka Gasumba , Umurenge wa Maraba, mu Karere ka Huye….

Soma inkuru yose

Perezida Paul Kagame yashimye PSG yo kwegukana igikombe cya UEFA Champions League

Ikipe ya Paris Saint Germain ifitanye imikoranire na Visit Rwanda, Nyuma yo gutsinda arsenal yegukanye Igikombe cya UEFA Champions League byatumye ishimirwa cyane na Perezida w`u Rwanda. Iyi nsinzi yagezweho nyuma yo gutsinda ikipe ya Arsenal yo mubwongereza penaliti 4-3 aho aya makipe yombi yari yabanje kunganya igitego 1-1 mu minota 90 y’umukino ndetse na…

Soma inkuru yose

RSSB Tigers yakoze amateka atsinda 106-97; BK Arena yose iririmba “Itsinzi bana b’u Rwanda” nyuma y’umukino udasanzwe.

Ikipe ya RSSB Tigers yanditse amateka akomeye cyane muri Basketball Africa League 2026 nyuma yo gutsinda Al Ahly amanota 106 kuri 97 mu mukino wa semifinal wabereye muri BK Arena. Uyu mukino wari utegerejwe cyane n’abakunzi ba basketball muri Afurika warangiye usize ibyishimo bidasanzwe mu bafana b’u Rwanda nyuma y’uko RSSB Tigers ikomeje gukora amateka…

Soma inkuru yose