Murindahabi Irene yerekeje no mu gukora sinema, nyuma yu uko yakoraga itangaza makuru ndetse no kureberera inyungu z’abahanzi.

Murindahabi Irene umaze igihe mu itangazamakuru aho afite igitangazamakuru cyitwa MIE Entertainment kinyuzwaho ibiganiro bitandukanye, Aba aganira ni ibyamamare bitandukanye mu Rwanda, Murindahibi kandi yamenyekanye kuri televiziyo yitwa ISIBO TV mukiganiro cya The choice live, Isango star ndetse na Magic fm. Uyu kandi mumitsi ishize yatangajeko agiye gukora film yise isereri akazaba ari film yu…

Soma inkuru yose

Abana 2 b’Abakobwa bafite impano idasanzwe muri Gospel basohoye indirimbo yabo ya mbere “Ninde”

Mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda hakomeje kugaragara impano nshya z’abana bato bafite ubushobozi budasanzwe. Muri abo harimo abakobwa babiri bazwi nka Sando na Fofo, bamaze igihe bagaragaza impano yabo mu kuririmba indirimbo za Gospel, none bakaba bamuritse indirimbo yabo ya mbere bise “Ninde”. Iyi ndirimbo ni imwe mu zifite ubutumwa bukomeye…

Soma inkuru yose

umuryango Ahawe women’s Hub(AWH) Wasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Nyanza ya Kicukiro

Ahawe Women’s Hub ni umuryango uharanira guteza imbere abagore, binyuze mugusangira ubumenyi n’amahirwe yo gukura no kugera ku ntego zabo. Ni ahantu ho gusangira ibitekerezo, gufashanya no kubaka ejo hazaza heza ,kuri uyu wa gatandatu taliki ya 25 mata 2026, Abanyamuryango ba Ahawe women’s Hub(AWH) basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 rwa Nyanza…

Soma inkuru yose

FERWAFA yahagaritse abakozi babiri b’umupira w’amaguru nyuma y’inkuru yavuzweho cyane kuri Gorilla FC

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko ryahagaritse by’agateganyo abakozi 2 b’umupira w’amaguru nyuma y’ibikorwa byabaye mbere y’imikino itandukanye ya shampiyona n’Igikombe cy’Amahoro. Mu itangazo FERWAFA yashyize hanze kuri uyu wa 24 Mata 2026, yavuze ko hashingiwe ku ngingo z’amategeko agenga imyitwarire mu mupira w’amaguru, hafashwe icyemezo cyo guhagarika by’agateganyo Bwana Olivier Ndatimana ushinzwe…

Soma inkuru yose

U RWANDA MUMAHIRWE AKOMEYE RUGIYE KWAKIRA CAVB Men’s Club Championship 2026

None kuwa 21 mata 2026, Mu nyubako ya BK Arena habereye ikiganiro n’itangazamakuru cyagarutse ku myiteguro ya Shampiyona Nyafurika y’Amakipe y’Abagabo muri Volleyball izwi nka CAVB Men’s Club Championship 2026, iteganyijwe kubera mu Rwanda kuva tariki ya 22 Mata kugeza ku wa 3 Gicurasi 2026. Iri rushanwa rigiye kuba ku nshuro ya 47, rikaba ritegerejweho…

Soma inkuru yose

Rayon sports yaguye miswi inganya na Al merrikh sc

None kuwa 16 werurwe 2026,Ikipe ya Rayon Sports yanganyije ubusa ku busa (0-0) na Al‑Merrikh SC mu mukino wa 24 wa shampiona y’umupira w’amaguru mu Rwanda, wabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa 1ku kibuga cya Kigali Pelé Stadium, utangiye saa 8:30 z’ijoro. Uyu mukino waranzwe n’ishyaka n’imbaraga ku mpande zombi, aho amakipe yagerageje gusatira izamu inshuro nyinshi ariko ntihagire…

Soma inkuru yose

Harakurikiraho iki nyuma yo kwihanangirizwa kuri bimwe mubitangazaakuru bya sport?

Urwego rw’Abanyamakuru bigenzura , (Rwanda Media Commission – RMC) rwatangaje ko rwihanangirije mu nyandiko ibitangazamakuru bya SKFM ndetse na Isibo TV & Radio, rubisaba gukosora imyitwarire idahuye n’amahame agenga umwuga w’itangazamakuru, by’umwihariko mu biganiro bya siporo. Uku kwihanangirizwa bije bikurikira ibiganiro bitandukanye RMC yari imaze igirana n’abanyamakuru bakorera ibyo bitangazamakuru hamwe n’abayobozi babyo, rigamije kubibutsa…

Soma inkuru yose

BULL DOG Ashimangira ko Abaraperi Bakiri Bato Bari Kuzamura no Guhindura Isura ya Hip Hop Nyarwanda

Ejo hashize ku wa 03 Gashyantare 2026, kuri Mundi Center, inyubako iherereye mu Murenge wa Gikondo, Akarere ka Kicukiro, habereye ikiganiro n’itangazamakuru cyagarutse ku gitaramo cya Mic Tribe Season 3, giteganyijwe kuba ku wa 07 Gashyantare 2026 Iki kiganiro cyahuje abahanzi bazaririmba muri iki gitaramo gifite umwihariko wo kwibanda kuri Hip Hop, kuko kizitabirwa n’abaraperi…

Soma inkuru yose

RTN NA LUXEMBOURG AID BATANGIJE ICYICIRO CYA 13 CY’AMAHUGURWA YO KONGERERA UBUSHOBOROZI ABA-AGENT BA ITEME

Kigali, 26 Mutarama 2026 — Ikigo gitanga serisi zishingiye ku ikoranabuhanga, RTN (Rwanda Telecenter Network), ku bufatanye na Luxembourg Aid and Development, cyatanze amahugurwa y’iminsi itatu kuva kuwa 26 mutarama 2026 kugeza 28 Mutarama 2026, agamije kongerera ubumenyi n’ubushobozi aba-agent ba ITEME n’abandi bikorera bato. Aya mahugurwa, yiswe “RTN / ITEME Agent Empowering and On-Boarding…

Soma inkuru yose